Kirehe: Abana b'incuke bahinduye imitekerereze y’abakuru ku gukumira ibyaha- AMAFOTO
Ubwo Polisi y’u Rwanda yashingwaga mu mwaka wa 2000, gukorana n’abaturage yabigize imwe mu nkingi igenderaho mu gukumira no kurwanya ibyaha igamije kurushaho kubungabunga umutekano w’abaturage no kubateza imbere. Imikoranire ya Polisi y’u Rwanda n’abaturage inagamije kubashishikariza kwikemurira ibibazo, ndetse bakanagira uruhare mu kwiteza imbere aho batuye. Kuva ubu buryo bwo gukorana n’abaturage mu gukumira […]
Byinshi wamenya ku izina ryawe “Elizabeth”
Guhera none Bwiza.com, izajya ibagezaho ubusobanuro , amateka magufi ajyanye n’amazina yacu aya tubatizwa n’andi atandukanye bamwe bazajyenda bifuza. Izina duhereyeho kuri uyu munsi ni Elizabeth ! Niba witwa Elisabeth tugutuye iyi nkuru kurikirana neza uramenya byinshi utajyaga umenya cyangwa ngo witeho ! [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Izina rya Elisabeth risobanurwa nk’izina ry’igitsinagore [ Feminine Name ] […]
Muhima: Nimwerure muvuge ko serivisi ari mbi, ubibonye ntakabyemere-Nyamurinda Pascal
Ibi ni ibitangazwa n’Umuyobozi w’umujyi wa Kigali, Nyamurinda Pascal mu nama n’abaturage b’umurenge wa Muhima, mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali. Abaturage baranenga uburyo bakirwa, ariko bakavugira mu matamatama. Ni kuri uyu wa kane tariki ya 27 Mata 2017, muri gahunda y’icyumweru cy’umuturage n’umujyanama. Hamaze kugaragara itangwa rya serivisi itanoze, cyane cyane mu […]
Ahantu hagiye habera ubwicanyi bukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi ku itariki ya 27Mata 1994
Mu gihe hibukwa ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu mwaka w’1994, Komisiyo y’igihugu ishinzwe kurwanya Jenoside (CNLG), iragaragaza urutonde rw’ahantu hatandukanye Abatutsi biciwe kuri iyi tariki ya 27 Mata 1994. Kuva ku itariki ya 27-29/04/1994 abatutsi bari barahungiye kuri Perefegitura ya Butare (ubu ni mu murenge wa Ngoma mu Karere ka […]
Gen Prime Niyongabo, umwe mu bashinjwa kudobya iperereza ku rupfu rwa Gen Kararuza
Umwaka umwe urihiritse Gen Athanase Kararuza yicanwe n’umugore n’umwana, perezida Nkurunziza w’u Burundi yari yatanze icyumweru kimwe cy’iperereza none umwaka urihiritse ukuri kutarajya ahabona. Amakuru agera ku binyamakuru by’i Burundi, ni uko iri perereza ryagiye ridobywa na bamwe mu bayobozi bakomeye mu gisirikare ndetse no mu nzego z’ubutabera. Ikinyamakuru RPA dukesha iyi nkuru gitangaza ko […]
Uganda: Dr Besigye yasabye ko umukuru w’igipolisi yirukanwa cyangwa akegura ku kazi
Umunyepolitiki utavuga rumwe na leta ya Uganda, Dr Kifefe Besigye yasabiye umukuru w’igipolisi cya Uganda, Gen Kale Kayihura kwirukanwa ku mirimo ye kuko yananiwe kuzuza inshingano ze uko bikwiye nk’umuntu ushinzwe umutekano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi Dr Besigye yabitangaje nyuma y’uko bimenyekanye ko mu gipolisi cya Uganda hagaragayemo abasa n’ibyitso bigambanira abandi bakicwa uruhongohongo ndetse bikanagaragara […]
Uburezi:Tanzaniya yemereye MINEDUC abarimu b’igiswahili, mu gihe rugeretse mu nkiko n’ab’icyongereza
Nyuma y’aho ururimi rw’igiswahili rwemerewe kujya mu ndimi zikoreshwa mu Rwanda, Perezida Magufuli nawe yemeye gutanga abarimu. Ibi bibaye ariko mu gihe abarimu bigishaga icyongereza harimo n’abatanzaniya, birukanwe mu buryo bavuga ko bunyuranije n’itegeko, ubu urubanza rukaba rugeze mu rukiko rwisumbuye rwa Gasabo. Ibyibazwa na benshi kuri iyi ngingo ni byinshi: Ese MINEDUC yambuye abarimu […]
RMC irahakana ibikubiye muri raporo y'ishyirahamwe ry'abanyamakuru batagira umupaka
Icyegeranyo cy’ishyirahamwe ry’abanyamakuru batagira umupaka (Reporters without borders) cyerekana ko ubwigenge bw’itangazamakuru mu rwego rw’isi bubangamiwe kurusha uko bwahoze mu myaka yashize. Muri iki cyegeranyo cyashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Mata 2017, igihugu cy’u Burundi gikurikira u Rwanda ku mwanya wa 160 ari na wo wa nyuma muri Afurika y’Iburasirazuba. Icya […]
Abaziyamamaza mu matora y’umukuru w’ igihugu ntibemerewe kwaka amafaranga abaturage- NEC
Komisiyo y’ igihugu y’ amatora (NEC) yatangaje ko nta mukandida wemerewe kwaka abaturage amafaranga azamufasha mu kwiyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu no mu zindi gahunda zijyanye n’amatora ateganyijwe mu ntangiriro za Kanama 2017. Komisiyo y’ igihugu y’ amatora NEC ivuga ko ari inshingano za Leta gutera inkunga mu buryo bw’ amikoro, abiyamamaza mu matora y’ […]
Nyagatare: Abari munsi y’imyaka 25 nibo bishora cyane mu biyobyabwenge
Ubushinjacyaha bwo mu karere ka Nyagatare buravuga ko abagera kuri 236 biganjemo urubyiruko rw’abasore bari munsi y’imyaka 25, bamaze gukatirwa n’inkiko kubera ibyaha bijyanye n’icuruzwa n’ikwirakwizwa ry’ibiyobyabwenge muri aka karere. Ibi byatangajwe ubwo bari mugikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge byo mu bwoko bwa Kanyanga, warage n’Urumogi byose bifite agaciro gasaga miliyoni 5 z’amafranga y’u Rwanda. Bamwe […]
Facebook yari irikoze, umugabo yakubise umugore we amugira inoge bayipfa
Benjamin Chanyau ni umugabo wo mu gace ka Gweru mu gihugu cya Zimbabwe, yahamwe n’icyaha ndetse aranagihanirwa nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukubita umugore we akenda kumuhitana amuziza kwanga kumwigisha uko bafungura Facebook ndetse n’uburyo ikoreshwamo. Sithandekile Ncube, umushinjacyaha mukuru mu gace ka Gweru yahamije icyaha Benjamin cy’ihohotera rikorerwa mu ngo, yamusabiye igihano cyo gufungwa […]
Umuhanzi Bobi Wine ngo arashaka kujya kuririmbira Abadepite mu ngoro
Umuhanzi wo mu gihugu cya uganda, Robert Ssentamu Kyagulanyi wamenyekanye cyane ku mazina y’ubuhanzi ya Bobi Wine, yatangaje ko mu minsi ya vuba ashobora gutaramira mu ngoro y’Inteko ishinga Amategeko ya Uganda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi yabitangarije Televiziyo ya NTV yo muri kiriya gihugu, ariko akaba yirinze gutangaza ishyaka rizaba ryamutumiye nubwo bizwi ko akorana bya […]
Indaya zize indi mitwe yo kunyarira abagabo zibabeshya ko ari amavangingo
Aho abagabo bicaye baganira, usanga baterura ikiganiro baganira ku bagore cyangwa abakobwa cyane cyane ku ngingo yo mu buriri, ugasanga umwe arihanikiriye ati uriya mukobwa/mugore afite amazi. Aha aba ashatse kuvuga ko anyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Iyi ngingo yo kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina usanga abagabo benshi yarababayeho nka virus, ku buryo umugabo ufite […]
Kuva muri Mata 2015, Abarundi 1193 barishwe
Iyi ni imibare yashyizwe hanze n’ishyirahamwe riharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu mu Burundi (Ligue ITEKA), rivuga ko kuva muri Mata 2015 kugeza 23 Mata 2017, Abarundi 1193 bishwe, abagera kuri 424 baburirwa irengero mu gihe abagera kuri 272 bahohotewe. Abarundi batavuga rumwe n’ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi, ndetse n’imiryango itabogamiye kuri Leta, ku wa 26 Mata […]
Sudani y’Epfo: Banki y’isi yatanze imfashanyo y’asaga Miliyoni 50 z’Amadolari
Nyuma y’uko ikibazo cy’amapfa cyari kimaze gufata indi ntera mu gihugu cyazahajwe cyane n’imvururu cya Sudani y’Epfo, Banki y’isi yaje kugoboka abaturage bashegeshwe n’inzara muri kiriya gihugu itanga inkunga y’asaga Miliyoni 50 z’Amadolari y’Amerika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Minsitiri w’ububanyi n’amahanga muri Sudani y’Epfo yatangaje ko Aka kayabo kahawe imiryango isanzwe ifasha abatishoboye muri kiriya gihugu ngo […]
Abahanuzi babwira abarwanyi ba FDLR ko bari hafi gutaha bagafata u Rwanda
Imyaka imaze kuba 23 inyeshyamba za FDLR ziba mu mashyamba ya Congo ndetse n’izindi mpunzi z’Abanyarwanda, umwe muri bo wabashije gutaha mu Rwanda yatangaje ko hari abahanuzi baza mu mashyamba bakababeshya ko bari hafi gutaha, bagategereza bagaheba. Aganira n’ikinyamakuru Rwanda Eye, Lt. David Habyarimana, Umunyarwanda ukomoka mu karere ka Nyabihu mu Burengerazuba bw’u Rwanda wari […]
Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri yo ku wa Gatatu tariki ya 26/04/2017
None kuwa Gatatu, tariki ya 26 Mata 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa 5 Mata 2017 imaze kuyikorera ubugororangingo. Inama y’Abaminisitiri yemeje: – Inyandiko ya Gahunda y’Ingengo y’Imari y’igihe giciriritse (Budget Framework Paper) 2017/2018-2019/2020; – Politiki y’Ishoramari; – […]