Paris: Hasojwe iperereza ku ruhare muri jenoside rw’uwahoze ari perefe wa Gikongoro
Nyuma y’imyaka 10 ritangiye, abacamanza bo mu gihugu cy’u Bufaransa basoje iperereza ryabo ku ruhare rw’uwahoze ari perefe wa Gikongoro, Bukibaruta Laurent, muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akaba yarahungiye muri iki gihugu nk’uko amakuru yagiye ahagaragara kuwa Mbere avuga. Abacamanza bakurikirana ibyaha byibasiye inyokomuntu mu rukiko rwisumbuye rwa Paris bakaba baragaragaje ibyavuye mu iperereza […]
​Leta na NEC ntibivuga rumwe ku mikoreshereze y’imbuga nkoranyambaga mu kwiyamamaza
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma, Louise Mushikiwabo nteyemeranywa na Komisiyo y’igihugu y’amatora(NEC) ku byo iherutse gutangaza ku bijyanye no kugezwaho ubutumwa bw’umukandida ushaka kwiyamamaza mbere yo gutangazwa ku mbuga nkoranyambaga. Yabitangaje ahereye ku byatangarijwe abanyamakuru mu Kiganiro NEC iherutse kugirana nabo tariki ya 25 Gicurasi 2017 ku myiteguro y’amatora ya Perezida […]