Yeruzalemu: Imashini zigenzura ko hari uwitwaje icyuma zihanganishije ibihugu zishobora gukurwaho
Umutegetsi mukuru muri Israheli aravuga ko hari ubushake bwo kureba ibindi byakwifashishwa mu kigwi cy’imashini zitavugwaho rumwe Israheli yashyize ku butaka butagatifu bwa Yeruzalemu mu rwego rw’umutekano. Jenerali Majoro Yoav Mordechai yasabye abayisilamu gutanga ibindi bitekerezo ku cyakorwa mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubushyamirane bushingiye kuri Yeruzalemu bwiyongereye mu minsi ibiri ishize. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Igihugu […]
Umugabo w’imyaka 41 yafashwe asambana n’umwana we w’imyaka 13 avuga ko yabitewe na Satani
Umugabo witwa Sikiru Odejide w’imyaka 41 y’amavuko yatawe muri yombi asambanya umwana we w’umukobwa w’imyaka 13 yisobanura avuga ko yabitewe na satani. Uyu mugabo wo mu mujyi wa Ogun uherereye mu Burengerazuba bw’Amajyepfo ya Nigeria yatanzwe mu nzego z’ubutabera n’umugore we batakibana kubera impamvu zurumo n’iz’ubusambanyi, ariko ikibazo cyo kuryamana n’umwana we yibyariye kikaba cyarabaye […]
Afurika y’Epfo: Haravugwa umwana ushobora kuba warakize virusi ya sida
Abaganga bo muri Afurika y’Epfo baratangaza ko hari umwana w’imyaka 9 y’amavuko wanduye agakoko gatera sida avuka ariko amaze igihe kinini atarakenera imiti nyuma y’uko yahawe imiti myinshi nyuma gato yo kuvuka. Iyi nkuru dukesha BBC irakomeza ivuga ko uyu mwana amaze imyaka 8 n’igice nta bimenyetso agaragaza by’uko afite virusi ya sida. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Umwe mu basenya Hoteli Top Tower yagwiriwe n'urukuta ahita apfa
Mu minsi ishize, nibwo hatangiye ibikorwa byo gusenya inyubako yakoreragamo Hoteri Top Tower yari ku Kimihurura, ubu muri iyi minsi ya none ibi bikorwa bikaba birimbanyije ariko ari na ko byatangiye kugira ingaruka ku babikora no ku nyubako bituranye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru yatanzwe na Ambasaderi w’umuryango w’Ubumwe bw’ u Burayi, Michael Ryan‏ yavuze ko urukuta […]
Gatsibo: Barinubira kubyuka iya rubika kubera amashuri ari iyo bigwa
Abaturage batuye mu Karere ka Gatsibo barasaba ubuyobozi kubatabara kubera amashuri ari kure bigatuma abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye biga kure yabo. Ababyeyi bavuga ko abana babo bakora urugendo rurerure cyane bajya kwiga bitewe n’uko aho batuye ari kure y’ahari amashuri. Umwe mu babyeyi avuga ko abana babo biga kure y’aho batuye ku buryo […]
Washington: Abana b’Abarundi baherutse gutoroka bahagurukije inzego zitandukanye zibashakisha
Inzego z’umutekano za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje gushakisha abana b’Abarundi baherutse gutorokera muri I Washington ubwo bari bitabiriye amarushanwa mpuzamhanga yo gukora za robots, aho babiri muri bo bagaragaye binjira muri Canada, ariko na n’ubu nta wuramenya irengero ryabo. Aba bana bari mu cyigero cy’imyaka 16 na 18 babuze kuwa Kabiri ushize ubwo […]
Umukobwa yasuye umusore ku ishuri yakirwa n’imbaga y’abahungu aratungurwa (Amafoto)
Umukobwa wo mu gihugu cya Nigeria witwa Dorich Danielle aratangaza uburyo yatunguwe no gusanganirwa n’imbaga y’abahungu hafi ikigo cyose ubwo yajyaga gusura umuhungu w’inshuti ye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibyakozwe n’aba basore babana n’umukunzi wa Daniella abenshi bavuga ko byerekanye ko uyu mukobwa yitaweho, we ku ruhande rwe avuga ko byamuteye isoni ndetse bikanamutera kwikandagira kuko bose […]
Umugabo akurikiranyweho kwivugana umugore we wamuhatiraga kumutega amatwi
Umugabo witwa Jason-Kevin yivuganye umugore we witwa Kelly amuziza ko yamuhatiraga kumutega amatwi ngo amuririmbire atabishaka. Aba bantu 2 bo mu mujyi wa Lillois mu Bubiligi bari mu butembere mu misozi, aho bagezeyo baza kugira kudahuza ku biganiro bagiriyeyo birangira umugabo yivuganye umugore we bari babyaranye rimwe. Ibitangazamakuru bitandukanye bivuga ko uyu mugore witwa Kelly […]
Ibihugu bitunze intwaro za kirimbuzi n’ubushobozi zifite mu kwica
Ubwoba n’urwikekwe bikomeje kuzamuka ku isi nyuma y’aho igihugu cya Koreya ya Ruguru gitangarije ko cyagerageje kandi bigacamo igisasu cya missile cyambukiranya imigabane (ICBM). Igisasu bivugwa ko gifite n’ubushobozi bwo kugera ku butaka bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Umwuka mubi ukaba ukomeje kuzamuka kubera ubushobozi bw’igisirikare cya Koreya ya Ruguru n’ubuyobozi bushya bwa Leta […]
Sudani y’Epfo: Inyeshyamba za Riek Machar zafatiye ku rugamba umujenerali n’umukomiseri wa leta
Inyeshyamba zo mu mutwe wa SPLA-IO wa Dr Riek Machar ziravuga ko zataye muri yombi kuri iki Cyumweru komiseri muri guverinoma ndetse n’umusirikare mukuru ufite ipeti rya General bafatiwe mu mirwano yabereye mu karere gakungahaye kuri peteroli ka Bentui. Amakuru aturuka aha akaba avuga ko imirwano yadutse mu nkengero za Bentui mu duce twa Tharwangyiely, […]