Mbigirente? Umusore dukundana yananiwe kwihangana ngo arashaka uwo kwishimana

Mfite ikibazo kinkomereye cyane kandi sinshaka ko hari unseka, mbagishije inama mbizeye. Nkundanye n’umuhungu umwaka wose ntituraryamana na rimwe kandi arankunda pe, ndabibona ibyo ankorera ibyo tuvugana mbese arankunda kandi nanjye ndamukunda by’ukuri. Rero twumvikanye ko tugomba kugeza aho tubana agaseke kagipfundikiye niko namubwiye nawe arabyemera kuva aho twakundaniye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikibazo mfite rero kwihangana […]

Gakenke: Abavugwaho ko bapfiriye mu kirombe bavuyemo ari bazima

Kuwa 24 Nyakanga 2017 nibwo inkuru yabaye kimomo ko mu Murenge wa Rusasa Akarere ka Gakenke hari abaturage bagera kuri 3 baguye mu kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro bazize kubura umwuka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkuko Rushya Charles, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’uyu Murenge wa Rusasa yabitangarije itangazamakuru yavugaga ko intandaro y’urwo rupfu yari imashini itanga amashanyarazi yari yajyanywe kuzamura […]

Umusaza utagira amaboko udodesha amano yatangaje abantu benshi (Amafoto & Video)

Umusaza witwa Madan Lal akomoka mu gace ka Haryana mu gihugu cy’u buhinde. Uyu musaza w’imyaka 45 y’amavuko, yavutse nta kaboko na kamwe afite ariko uko akura agakunda gukora ndetse yimenyereza kujya akoresha ibirenge buri kintu cyose. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu musaza yize kwandika no gusoma mu buryo butamworoheye kuko yandikishaga ibirenge, gusa abantu benshi bagatungurwa […]

Kwizera Olivier yaguzwe na Free State ikipe yo muri Africa y’Epfo

Umuzamu Kwizera Olivier wakiniraga ikipe ya Bugesera yamaze gusinya amasezerano n’ikipe yitwa Free State yo muri Afurica y’Epfo, azajya ahembwa asaga ibihumbi 5000 by’amadorele. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu musore waciye muri APR FC akaza kwirukanwa akerekeza muri Bugersera FC, yaramaze iminsi akora isuzuma ry’ubuzima muri iyi kipe yamuguze, nyuma yo kumushima bahise bamusinyisha amasezerano y’imyaka 2 […]

Dr Habineza yasezeranyije guhindura umujyi wa Rwamagana nka Kigali

Umukandida w’Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, Dr Frank Habineza yasezeranyije ko azahindura Umujyi wa Rwamagana ukaba nka Kigali mu rwego rwo kuwusubiza ku rwego uvugwaho ko wahozeho. Habineza yabitangaje ubwo yiyamamarizaga mu karere ka Rwamagana mu Murenge wa kigabiro uyu munsi ku wa Kabiri tariki ya 26 Nyakanga 2017. Uyu mujyi ngo wahoze uri […]

Leta ya Afurika y’Epfo yinjiye mu kibazo cy’abarwanira imitungo Ivan Ssemwaga yasize

Nyuma y’aho habonekeye undi muntu wanditswe ku mitungo ya Ssemwanga, irimo amashuri n’amazu ari mu gihugu cya Afurika y’Epfo, abo mumuryango we bahagurutse basaba iki gihugu gukurikirana imitungo yasize. Amakuru mashya aturuka muri Afrika y’epfo, avuga ko ubuyobozi bwo muri iki gihugu, buri gushaka uburyo bwakiranura abagize umuryango wa Ivan Ssemwanga, nyuma y’aho ubuyobozi bwasanze […]

Ikibazo cy'amazi muri Nyakabanda na Nyamirambo cyabaye ingorabahizi, WASAC ivuga iki?

ikibazo cy’ibura ry’amazi mu mirenge imwe n’imwe yo mu mujyi wa Kigali gikomeje kuba ingorabahizi aho usanga hari abamara amezi 2 kugeza ku byumweru 2 batarabona amazi muri za robine, mu gihe nyamara ikigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza amazi, WASAC, cyari cyatangaje mu ntangiriro z’uyu mwaka ko bitarenze mu kwa Gatandatu kizaba cyakemutse.   Ni mu […]

Ishusho y’uko u Rwanda rwari kumera iyo FPR Inkotanyi idatsinda urugamba mu 1994

-Itera amapfa niyo itera n’aho bahahira, FPR Inkotanyi yabayeho ngo izure u Rwanda ku bw’umugambi w’Imana -Njye mbona u Rwanda rwari kugirwa indagizo y’amahanga -Abarutuye amahanga yari gusigara abafata nk’inyamaswa cyangwa ibisimba – Ubundi abicanyi bari kumara kwica uwo bashaka nabo bakicana -Ubundi se u Rwanda rwari kurinda kumera gutyo Kagame ari hehe? Ibi ni […]

Rayon Sports mu myiteguro yo kwerekeza muri Tanzania

Mu gihe ikipe ya Rayon Sports yitegura gukina umukino wa gicuti uzayihuza na Simba yo muri Tanzania, yatangiye imyiteguro yo kugira ngo izabashe kwitwara neza mu gihe izaba yaserukiye u Rwanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni mu gihe kandi mu kwezi kwa Nzeli biteganyijwe ko hazatangira amarushanwa ku mugabane w’Afurika, iyi kipe na yo ikaba iri mu […]

Karongi: Baritana bamwana ku buziranenge bw’inshundura barobesha mu Kivu

Abarobyi bo mu kiyaga cya Kivu bibumbiye mu makoperative, ni bo basanzwe bafitiwe icyizere cyo gufatanya n’inzego zitandukanye za leta mu gutanga amakuru agamije guca no gukumira ikoreshwa ry’imitego itemewe yitwa kaningiri mu Rwanda. Ku ruhande rw’Akarere ka Karongi bo ngo bamaze gutahura ko hari bamwe mu barobyi bemewe babarizwa muri ayo makoperative nyamara akaba […]

Umubyeyi yakubitiye umwalimu imbere y’abanyeshuri bajya gukiza

Umwalimu mu ishuri ribanza rya Amun muri uganda witwa Darius Okello ari kwivuza ibikomere yatewe n’umwe mu babyeyi barerera kuri icyo kigo uherutse kumukubitira mu maso y’abo arera ndetse akamukomeretsa bikomeye. Uyu mwalimu yakubiswe n’umubyeyi ubwo yamusangaga mu ishuri aje kwihorera kubera umwana we wari watashye arira avuga ko mwalimu yamukubise amuziza ko yatsizwe imibare. […]

Dr ‘Kimaranzara’ yeretse Abanyabugesera uburyo azaca amapfa n’inzara byakunze kuhavugwa

Umukandida w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, Dr Frank Habineza, yatangaje ko agiye gufata ingamba zigamije kurwanya amapfa, ibura ry’imvura n’inzara byakunze kuvugwa mu karere ka Bugesera. Dr Habineza usigaye ufite izina ry’akabyiniro ka Dr Kimaranzara, yavuze ko ibyo bibazo byakunze kugaragara mu karere ka Bugesera abizi kandi bamaze igihe babishakira igisubizo kirambye. Yabivuze ubwo […]

Burundi: Uwiteguraga kuba Padiri yiyahuye

Faratiri Marc Nibasumba ukomoka muri paruwasi ya Kayogoro, Diyosezi ya Rutana mu Burundi, yiyahuye arapfa. Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi, avuga ko Marc yiyahuye mu ijoro ryo ku cyumweru tariki 23 Nyakanga 2017, akoresheje umugozi ubwo yari mu cyumba yararagamo muri seminari nto ya Mpimba, Diyosezi ya Rutana. Andi makuru avuga ko Marc yiyahuye […]