Umuyobozi w'idini y'Abangilikani ku isi yatangiye urugendo muri Afurika
Umuyobozi w’idini y’Abangirikani ku isi, Justin Welby yatangiye uruzinduko rwe rw’akazi muri Afurika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu rugendo rwe muri Afurika, biteganyijwe ko uru guzinduko rw’iminsi Itanu, Musenyeri mukuru, Welby azibanda kuri Sudani y’Epfo ndetse akanasura inkambi z’impunzi muri Uganda. Mu busesenguzi bwa BBC dukesha iyi nkueu, ku kijyanye n’ibibazo by’amadini, ngo uru rugendo rugamije kongera […]
Amerika yahombye akayabo ku gisasu cyari kigenewe guhagarika missiles za Koreya ya Ruguru
Mu kwezi gushize kwa Kamena, igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyahombeye miliyari yose y’amadorali mu gikorwa cyo kugerageza igisasu cyo mu bwoko bwa missile cyari kigenewe guhagarika missiles zambukiranya imigabane za koreya ya Ruguru. Byose ngo bikaba byaratewe n’ikosa rito rya muntu nk’uko byemezwa na U.S. Missile Defense Agency. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubusanzwe hajya […]
Yanditse kuri facebook ko ashaka kwiyahura baramukwena, bukeye babona amafoto ye yapfuye
Umusore w’imyaka 21 y’amavuko wo muri Zambia yatunguye abantu nyuma yo gusangiza inshuti ze zo ku rubuga rwa facebook ko ashaka kurangiza ubuzima bwe ku isi bakamukwena, nyuma y’akanya gato bakabona amafoto acicikana ari mu kagozi yamaze gupfa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu musore witwa Mpanjilwa Mulwanda yamenyesheje abantu kuri facebook ko ashaka gupfa ku itariki ya […]
Dr Habineza natorwa, Inama y’Umushyikirano izahindurirwa inyito
Inama y’igihugu y’Umushyikirano ihuza abayobozi batandukanye iteganywa n’Itegeko Nnshinga rya Repubulika y’u Rwanda, ngo ntitanga umusaruro yagakwiye kuba itanga. Niyo mpamvu Dr Frank Habineza uri kwiyamamariza kuyobora igihugu aramutse atsinze amatora yayihindurira inyito ndetse n’inshingano za yo agamije umusaruro ufatika. Habineza yabitangaje kuwa Kane tariki ya 27 Nyakanga 2018, ubwo yiyamamarizaga mu turere twa Kamonyi […]