Amayeri umukobwa uzi ubwenge yakoresha akigarurira umutima w’umusore kugeza barushinganye

Kubona umukobwa yabona umusore umukunda ni intambwe imwe, no gutuma uwo musore yiyemeza kurushingana nawe (gushinga urugo) ni iyindi ari nacyo ahanini kiba kigamijwe mu rukundo hagati y’umuhungu n’umukobwa. Urubuga rwa internet marriage, bwiza.com ikesha iyi nkuru, ruvuga ko ngo hari abo usanga bakundana ariko ugasanga igihe umusore agejeje igihe cyo gushaka uwo barushingana ntahitemo […]

Perezida Buhari wari umaze iminsi 100 mu bitaro, yatashye ashimira abamusengeye

Perezida Muhammadu Buhari wa Nigeria yageze mu gihugu avuye mu Bwongereza kwivuza, yashimiye abamubaye hafi by’umwihariko abamusengeraga amanwa n’ijoro. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Kanama 2017, nibwo Perezida Buhari yageze mu gihugu, mu itangazo ryashyizwe hanze na perezidansi ya Nigeria rivuga ko ageze mu gihugu avuye kwivuza uburwayi batatangaje mu Bwongereza aho yari […]

Perezida Kagame ntiyemeranya n'ibyo Macron yibwira kuri Afurika

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron aherutse gutangaza ko ikibazo Afurika ifite ari icya ‘civilisation’ kigaragarira mu miyoborere mibi, kubura demokarasi no kubyara abana benshi, nyamara Perezida Kagame atangaza ko mu bibazo uyu mugabane ufite icya civilisation kitarimo. Ibyo Macron yabitangaje mu nama iherutse guhuriza i Hambourg mu Budage, tariki ya 8 Nyakanga 2017, ibihugu 20 […]

Umwana wa Diamond arimo gukura arushaho gusa na Ivan, umugabo mukuru wa Zari

Umwana w’umuhungu Zari aheruka kubyara akitirirwa Diamond, uko akura niko benshi bamubona mu ishusho y’umugabo mukuru w’uyu mugore, Ivan Ssemwaga umaze amezi 3 apfuye. Prince Nillan, Diamond yita umwana we, ubwo yashyiraga ifoto ye ku rukuta rwe rwa Instagram, nibwo benshi bahise batangaho ibitekerezo bagaragaza ko asa neza n’umugabo mukuru wa Zari. Ikinyamakuru cyo muri […]

Umugore wanjye yitanze matela twararagaho mu rusengero, mutuma kuyigarura akandusha umujinya- Nkore iki?

Muraho abo kuri Bwiza.com, nitwa Mugemana ntuye mu karere ka Musanze, mfite ikibazo gikomeye maranye icyumweru kimwe, ariko ndabona kirarusenya pe. Mu cyumweru gishize nari ndi i Kigali nagiye kurangura ibicuruzwa, nagiye ku wa Gatandatu ndarara ntaha ku cyumweru, nageze aho nkorera mbanza gupakuruza ibicuruzwa ntaha nka 20:00, nakiriwe n’umufasha nkuko bisanzwe ikibazo kivuka ngeze […]

Leta y’u Burundi ntiyemera cyangwa ihakane ko hari intwaro irimo kohereza muri Congo rwihishwa

Raporo inzobere za Loni zashyikirije akanama ka Loni gashinzwe amahoro n’umutekano ku isi, igaragaza ko Leta y’u Burundi irimo kohereza intwaro muri Congo zishyirwa inyeshyamba ziyiri inyuma ngo zibashe guhashya imitwe iyirwanya. Akanama ka Loni gashinzwe amahoro n’umutekano ku isi, kashyikirijwe iyi raporo n’izo mpuguke ku wa Kane tariki ya 17 Kanama 2017, bagaragaza impungenge […]

Impamvu yaba yarakuye Danny Nanone muri Incedible

Umuhanzi Danny Nanone, ntakibarizwa mu nzu itunganya umuziki ya Bagenzi Bernard yitwa Incredible Records, n’ubwo ba nyiri ubwite bemeza ko amasezerano bari bafitanye yarangiye ntiyongerwe, Bwiza.com dufite amakuru yizewe yemeza ko amafaranga ariyo yatandukanyije aba bombi. Mu kiganiro n’umwe mu nshuti za hafi z’aba bombi, utashatse ko amazina ye tuyatangaza muri iyi nkuru, yadutangarije imvo […]

Waeni, umwana muto wakiriwe na Perezida Kagame yamwifurije akazi keza muri manda nshya

“Ndabifuriza ishya n’ihirwe ndetse no kumererwa neza ku buyobozi bw’igihugu, ndanabyifuriza abaturage badasanzwe b’u Rwanda, kuri uyu munsi w’irahira rya Perezida Kagame.” Aya ni amagambo agaragara ku rukuta rwa Twitter rwa Wendy Waeni, umwana w’umukobwa w’umunyakenya w’imyaka 12 uzwiho impano zidasanzwe, yanditse ku wa Gatanu tariki ya 18 Kanama 2017, ku munsi nyirizina w’irahira rya […]

Urubyiruko rwibumbiye mu muryango CEVAA rurashima iterambere u Rwanda rugezeho

Urubyiruko rugera kuri 80 rwavuye mu bihugu 35 byo ku isi ruje kwigira mu Rwanda gahunda zitandukanye cyane uburyo babungabunga amahoro, umutekano hamwe n’ubumwe n’ubwiyunge, rwashimye iterambere rugezeho. Ni urubyiruko rwibumbiye mu muryango CEVAA (Communaute Evangelique d’Action Appostolique), umunyamabanga nshingwabikorwa w’uyu muryango ku isi, Rev.Pastor Emmanuel Desire Johnson wo muri Cameroon, avuga ko rwaje mu […]

Ibimenyetso bizakwereka ko ukundwa urukundo rw'iraha

Urukundo ni ijambo abantu benshi bashobora gusobanura uko babyumva bitewe n’imyumvire yabo, nyamara uko byandenda kose ugamba kumenya ko hariho urukundo rw’ukuri n’urukundo rw’ibinyoma. Mu rukundo rw’ikinyoma rero habamo igice kimwe cy’urukundo rushingiye ku iraha ari na rwo tugiye kugarukaho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dore ibintu by’ingenzi byakwemeza ko urukundo urimo ntakabuza ari agahararo (iraha) rudateze kuramba. […]