Itangazo ry'Inama ya mbere idasanzwe y'Abaminisitiri bagize Guverinoma Nshya
None kuwa kabiri, tariki ya 12 Nzeri 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. Inama y’Abaminisitiri yatangiye ishimira Nyakubahwa Perezida wa Repubulika icyizere yagiriye ikipe nshya ya Guverinoma, by’umwihariko yifuriza ikaze n’imirimo myiza ba Minisitiri n’Abanyamabanga ba Leta binjiye muri Guverinoma bwa mbere. Abagize Guverinoma bamwijeje kuzakora […]
Mani Martin agiye gukora ibitaramo bizenguruka igihugu amurika Album yise “Afro”
Umuhanzi Mani Martin, aratangaza ko agiye gushyira hanze umuzingo w’indirimbo yitiriye indirimbo ye “Afro”, aho azazenguruka mu turere dutandukanye tw’u Rwanda amurikira abakunzi be iyi Album. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro na Bwiza.com, Mani Martin yadutangarije ko iyi Album agiye kumurika, izaba ari iya 5 ashyize hanze, ndetse yo ifite umwihariko ugereranyije n’izo yari yarakoze mbere. […]
Uko amakipe azacakirana muri UEFA Champions League 2017-2018
 Kuri uyu wa 12 Nzeri 2017, nibwo imikino ya UEFA Champions League 2017-2018 itangira, ni imikino ihuza amakipe y’i Burayi yabaye aya mbere iwayo. Bwiza.com, irakugezaho uburyo amakipe azacakirana. Ikipe ya Real Madrid niyo yibitseho iki gikombe cy’umwaka ushize wa 2016-2017, aho yacyegukanye itsinze Juventus ku mukino wa nyuma ibitego 4-1. Kuri iyi nshuro […]
Loni yafatiye ibindi bihano Korea ya Ruguru
Umuryango mpuzamahanga Loni wafatiye Korea ya Ruguru ibihano bishyainyuma yuko icyo gihugu kigeragereje igisasu cya gatandatu kinini cyo mu bwoko bw’uburozi bwa “nuclĂ©aire”. Ibyo bihano byafashwe n’akanama ka Loni gashinzwe amahoro ku Isi birimo ibijyanye no kugura hanze ibikomoka kuri peteroli , ubucuruzi bw’imyenda n’uburyo bwatuma iki gihugu kibura peteroli n’uburyo bw’amafaranga bwo gukomeza umugambi […]
Umuhanzi Babo ufite inkomoko mu Rwanda yaretse gukina muri Bayern Munich ahitamo gukora umuziki
Umuhanzi Babo, uba mu Budage ariko ufite inkomoko mu Rwanda, yatangaje ko mbere yo kwinjira mu muziki yabanje kuba umukinnyi mpuzamahanga w’umupira w’amaguru aho yakinnye no mu ikipe ya FC Bayern Munich y’abagore. Babo yatangarije Bwiza.com ko avuka ku mubyeyi umwe w’Umunyarwandakazi ndetse na se w’umudage, kuri ubu atuye mu gihugu cy’Ubudage, uretse ko amaze […]
Byinshi wamenya ku ntambara yiswe iya 3 y'isi ya Afurika yabereye muri Congo n’u Rwanda ruyirimo
Uko iyi si yubatse mu mateka yayo, kenshi nta kinyejana kihirika kidasize amateka ajyanye n’intambara zikomeye aho wajya hose mu mfuruka zayo, iyi si ku migabane itandatu iyigize usanga buri gace karagiye kagira uguhangana gukomeye mu nzira za gisirikare. Ni muri urwo rwego rero Bwiza.com yahisemo kubagezaho mu ncamake uko intambara yitiriwe Intambara y’isi ya […]
Umugore yavuze imyato urumogi imbere ya polisi bamutaye muri yombi
Polisi ikorera mu gace ka kiganda muri Uganda icumbikiye umugore w’imyaka 35 y’amavuko nyuma yo kumufatana urumogi, uyu mugore ageze aho bamufungira ababwiza ukuri ibyiza by’urumogi n’igihe atibuka yaba amaze arucuruza. Joyce Nakintu usanzwe ari umuturage muri kariya gace, yabwiye polisi ko gucuruza no guhinga urumogi ari akazi ke ka buri munsi kamutunze anababwira ko […]
Grace Mugabe arashinja umukobwa uvuga ko yamuhohotera gushaka kumwica abigambiriye
Umugore wa Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe yavuze ko Gabriella Engels umushinja kumuhohotera ari we wari ugiye kumwica abigambiriye, undi akirwanaho. Mugabe yamaze kuregera Urukiko rw’ Johannesburg muri Afurika y’epfo ko yahohotewe. Urwo rukiko rufite izi nyadiko za Grace Mugabe. Mu nkuru igaragara ku kinyamakuru Bloomberg yerekana ko Gabriella Engels, umukobwa w’imyaka 20 uzwi cyane […]
Umupadiri akurikiranyweho gusambanya abana b'abanyeshuri basaga 40
Umupadiri mu gihugu cya Guinee ari gukoreshwa ibizamini mu ipererza rigamije kwemeza amakuru ku byaha ashinjwa byo kuba amaze gusambanya abana bato b’abakobwa basaga 40 mu gihe cy’imyaka 10 gusa. Père Albert w’imyaka 74 y’amavuko yabaye umuyobozi w’ikigo cy’amashuri hiherereye mu murwa mukuru wa Guinee, Korackry mu myaka ya 1992-2002, aho ashinjwa kuba yarasambanyaga abana […]
Mugabo/Mugore, dore ibintu usabwa kwirinda mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina
Ni kenshi ushobora kumva ushaka kwihagarika mu gihe ugiye gutera akabariro ukumva ko wabikora mbere mu rwego rwo kugirango igikorwa ugiyemo kigende neza uko ubyifuza, nyamara ibi ngo ntabwo ari byiza na gato kuko bishobora kugukururira ibyago byo kuba wafatwa n’indwara zandurira mu miyoboro y’inkari ku buryo bwihuse. Nkuko urubuga dukesha iyi nkuru yourtango, rubigaragaza, […]
Rwanda: Ubuntu buke, inzoga nyinshi no kwiyahura- ubushakashatsi
Ubushakashatsi buherutse kumurikwa n’umuryango CAF (Charity Aid Foundation) ureba ku bugiraneza, bushyira u Rwanda ku mwanya wa 101 n’amanota 26%, mu bihugu 139. Naho ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima OMS, risanga buri munyarwanda anywa litiro 11,5 ku mwaka ; kandi abakabakaba 9/100.000 bapfa bishize mu kagozi. Kera u Rwanda rwari intaho y’Imana, umuntu akagenda […]
Perezida Kagame ni we wenyine wabasha kuyobora Afurika ibaye ari igihugu-Ubushakashatsi
Nyuma ya Sankara, Mandela, Lumumba n’abandi, abaperezida bo ku mugabane w’Afurika babonye undi muyobozi ushobora gufatwa nk’intwari, umuyobozi w’umugabane wose w’Afurika, Paul Kagame. Ikinyamakuru Metrodakar cyo muri Senegal dukesha iyi nkuru kivuga ko haherutse gukorwa ikusanyabitekerezo risa n’amatora atimbitse (Sondage) binyuze kuri interineti ku rubuga rwa Deutsche Welle mu Budage, aho abayobozi batandukanye basubizaga ikibazo […]
RDC: Loni irasaba ko hashyirwaho imbaraga z’umurengera zo guhashya FDLR na ADF
Ingabo za Monusco ziri mu butumwa muri Congo, zirasabirwa kongererwa imbaraga ngo zibashe guhagarika ibikorwa by’inyeshyamba za FDLR ndetse na ADF Nalu zishinjwa ibikorwa by’iterabwoba muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Mu nama yabereye i Goma ku wa 11 Nzeri 2017, igahuza abahagarariye ibihugu byashyize umukono ku masezerabo y’i Addis-Abeba, intumwa idasanzwe y’umunyamabanga mukuru w’umuryango […]
Abiga Kaminuza y’u Rwanda ntibemeranywa nayo ku izamurwa ry'amafaranga y'ishuri ku biga Siyansi
Mu minsi ishize Kaminuza y’u Rwanda iherutse gutangaza ko abiga amasomo rusange bazajya bishyura ibihumbi Frw 600 mu gihe abiga siyansi bazamuwe amafaranga bishyuraga akaba miliyoni n’ibihumbi 500 avuye ku bihumbi 900. Bwiza.com yabigaragaje mu nkuru iheruka ko amafaranga y’ishuri ku biga Kaminuza guhera uyu mwaka w’amashuri agiye kongerwa. Ubuyobozi bw’iyi kaminuza buratangaza ko aya […]
Umugabo wanjye ataha yasinze agahita asinzira, sinkiryoherwa n’imibonano mpuzabitsina dukorana- Nkore iki?
Muraho neza abo kuri iki kinyamakuru kidufasha mu nama za buri munsi, na njye ndi umudamu wubatse, maze imyaka igera kuri 7 nubatse ariko imyaka igera kuri 3 yambereye umukara. Mu kwezi ntibuka neza ko mu 2014 nibwo umugabo wa njye yaretse akazi ka Leta yakoraga atangira kwikorera ku giti cye, kubera akazi ubu akora […]
Kenya: Abarundi 4 bakekwaho gukorana Al Shabaab batawe muri yombi
Polisi ya Kenya ikorera mu gace ka Isiolo yataye muri yombi abagabo 4 bafite inkomoko mu gihugu cy’u Burundi, bikaba bikekwa ko bashakaga kwambuka muri Somalia kwiyunga ku mutwe w’intagondwa wa Al Shabaab. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Polisi ya Kenya yatangaje ko aba barundi baje muri kiriya gihugu nk’abakerarugendo baturutse mu mujyi wa Bujumbura, nyuma bagafatwa bagerageza […]
Rusizi: Laboratwari yari imaze imyaka 10 yaradindiye kubakwa yatashywe ku mugaragaro
Ubuyobozi bw’ishuri ryisumbuye rya Gishoma riri mu murenge wa Rwimbogo mu karere ka Rusizi bwatashye ku mugaragaro inyubako ya Laboratwari, buvuga ko yari imaze imyaka 10 yose yaradindiye. Nk’uko umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Nsigaye Emmanuel aherutse kubitangariza Bwiza.com ,ngo iyi Laboratwari kimwe n’iyo muri TTC Mururu zari zaratangiye kubakwa mu 2007 ku […]
Umukinnyi wa Rayon Sports Mutuyimana yitabye Imana
Mutuyimana Evariste wari umunyezamu w’ikipe ya Rayon Sports yitabye Imana mu gitondo cy’uyu munsi. Amakuru akeshwa ubuyobozi bw’iyi kipe ni uko uyu mukinnyi witabye Imana tariki ya 12 Nzeri 2017. Yajyaga agira uburwayi butunguranye, akamererwa nabi. Amakuru agaragara ku rubuga rwa Rayon Sports, avuga ko Ubuyobozi bw’iyi kipe bubabajwe no gutangaza inkuru y’incamugongo y’urupfu rutunguranye […]