Igisirikare cya Amerika kiryamiye amajanja kiteguye guhangana na Koreya ya Ruguru

Umuyobozi w’ibiro bikuru bya gisirikare bya Leta zunze ubumwe za Amerika, Gen Mark Milley, yatangaje ko abasirikare ayoboye, biteguye ko isaha ku isaha bashobora kwambarira urugamba. Gen Mark Milley, yatangaje ibi mu nama yabaye ku wa Kabiri tariki ya 10 Ukwakira 2017, i Washington mu nama ya buri mwaka itegurwa n’igisirikare cya Amerika. Nk’uko radiyo […]

Dore ibibazo ukwiye kwibaza mbere y'uko ukora imibonano mpuzabitsina

Bibaho ko kenshi abakundana bumvako ibyishimo byanyuma byabo arukuryamana gusa mbere yuko mubikora banza umenyeko agiye kukubona wese byaba byiza umubajije imigambi agufiteho ubinyujije muribi bibazo bine 4 bikurikira 1.Niki cyatumye unkunda? Urukundo ntirushobora kubura ubusobanuro ariko siko bwose aba aribwo hari abapfa kuvuga bitewe nuko biyumva muri ako kanya. Ukwiye kumenya ikimutera kugusaba kuryamana […]

Umuhanzi Mkombozi avuga ko umusatsi we wari indiri y'amadayimoni

Umuhanzi ukomoka mu gihugu cy’ u Burundi uzwi ku izina rya Mkombozi, yiyogoshesheje umusatsi we “deadlocks” avuga ko wari indiri y’abadayimoni. Ku rukuta rwe rwa Facebook, Nzeyimana Thomas uzwi nka Mkombozi, yagize ati “ejo Bishop Rugagi yampanuriye gukuraho umusatsi w’amaderedi, nanjye sinazuyaza ndamwumvira”. Yakomeje agira ati ” amadayimoni yihisha mu byo utapfa kureka cyangwa mu […]

Masenge, ni umugore ufasha abakobwa n’abagore Gukuna (guca imyeyo)- Menya uko bikorwa

Ni umugore uzwi ku izina rya Masenge, akaba yararyiswe kubera akamaro afitiye abakobwa n’abagore batageze mu rubohero (Gukuna), nyuma bashimishe abagabo babo. Aganira na Bwiza.com, uyu mugore yavuze ko uruhande rumwe ari umuganga urundi akaba umujyanama w’abakobwa n’abagore ku byerekeye imibanire y’abashakanye. Aha, avuga ko ari muganga gakondo, uvura indwara nyinshi, ariko cyane cyane akaba […]

Diane Rwigara, nyina na murumuna we bahakanye ibyaha byose baregwa

-Mu cyubahiro cy’Imana ndabashimiye, ibyaha ndegwa ntabwo mbyemera -Nanjye ntabwo mbyemera -Ibyaha ndegwa n’ubu biracyantungura, ntabwo mbyemera Aya ni amagambo yatangajwe n’abo kwa Rwigara, Diane Rwigara, nyina Mukangemanyi Adeline ndetse na murumuna we, Anne Rwigara, ubwo bari bamaze kwibutswa ibyaha baregwa mu iburanishwa ryasubukuwe kuri uyu wa 11 Ukwakira 2017, mu cyumba cy’Iburanisha cy’urukiko Rwisumbuye […]

Diamond na Rick Ross batangiye gufata amashusho y’indirimbo bakoranye

Umuraperi w’Umunyamerika Rick Ross na Diamond Platnumz ukomoka muri Tanzaniya, batangiye umushinga wo gufata amashusho y’indirimbo bakoranye. Mu cyumweru gishize, Diamond yafashe rutemikirere yerekeza muri Amerika kwitabira ibitaramo byatangiwemo n’ibihembo “African Muzik Magazine Awards (afrimma)” anaboneraho no gukora amashusho y’indirimbo nshya yakoranye na Rick Ross. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Diamond nta […]

Rwamagana: Abaturage biyemeje kugera ku isuku nk’iyo babona i Kigali

Abaturage bo mu kagari ka Cyanya mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana bavuga bifuza kugira isuku idatandukanye nk’iyo basanga mu mujyi wa Kigali. Akagari ka Cyanya kari mu mujyi wa Rwamagana abahatuye biyemeje kuba mu mujyi usukuye ku buryo bazawugeza ku isuku nk’iyo babona iyo bageze mu mujyi wa Kigali, ngo bikazabafasha no […]

Amabanga ya Amerika na Koreya y’Epfo yo kwica Perezida Kim Jong wa Koreya ya Ruguru yibwe

Abajura biba amabanga biciye mu nzira y’ikoranabunga bo muri Koreya ya Ruguru, bibye amabanga y’igisirikare cya Koreya y’Epfo, arimo n’umushinga bategurana na Amerika wo kwica Perezida kim Jong un wa Koreya ya Ruguru. Amenshi muri ayo mabanga, ngo ni ayo igisirikare cya Amarika gisangiye na Koreya y’Epfo. BBC dukesha iyi nkuru itangaza ko ayo mabanga […]

Musanze: Abahinga ibirayi bashyira mu majwi RAB itabegera igatuma barumbya

Ibirayi ku isoko bikomeje kuba ingume, ari nako igiciro cyabyo kizamuka umunsi ku wundi. Ahari ikigega cyabyo ngo nabo basigaye babibura ku buryo basigaye barya cyane ubugari kurusha ibirayi. Igihombo bagishyira ku kigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi (RAB) kitabegera. Muri rusange ngo ntibajya bahinga ibirayi byakoreweho ubushakashatsi, akaba ari nk’imwe mu mpamvu basanga ibirayi byabo […]

Rubavu: Ku Nyundo hagaragara abantu bavuga ururimi rw’Igishobyo

Nubwo mu Rwanda ururimi rukoreshwa ari Ikinyarwanda nk’ururimi Mbonera, usanga hamwe na hamwe hagikoreshwa indimi zijya gusa n’Ikinyarwanda ‘indimi shami z’Ikinyarwanda cyangwa indimi z’uturere’ ariko mu by’ukuri hakumvikanamo amagambo menshi utapfa kubona mu kinyarwanda, ni na ko ku Nyundo mu karere ka Rubavu hari abaturage bavuga ururimi rw’Igishobyo. Ibi biterwa ahanini nuko izo ndimi zifitanye […]