Kisoro: Hafatiwe imbunda 11, abandi Banyarwanda 20 barirukanwa
Mu Karere ka Kisoro muri Uganda havumbuwe imbunda 11 mu mukwabu w’abashinzwe umutekano ndetse Abanyarwanda 20 bivugwa ko binjiye mu gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko barirukanwa. Nk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’aka karere, Hajji Shafiq Sekandi, umaze iminsi akurikirana imikwabu nk’iyi ikorwa kuva mu mwaka ushize n’abashinzwe umutekano, ngo izo mbunda zazanwe mu gihugu zivanwe muri Congo […]
Igurwa rya Coutinho rihinduye amateka mu ikipe ya FC Barcelona
FC Barcelona iguze Philippe Coutinho ihita yandika amateka yo kugura umukinnyi uhenze, nyuma y’igihe gito nabwo igurishije undi ubu uyoboye urutonde rw’abakinnyi baguzwe menshi. Philippe Coutinho ukomoka mu gihugu cya Bresil, yatanzweho akayabo ka miliyoni 145 z’amapawundi ava muri Liverpool FC bityo aca agahigo ko kuba umukinnyi uguzwe menshi mu mateka y’iyi kipe, ndetse ahita […]
Ibimenyetso 4 by'ibanze bizakwereka umukobwa washatse imibonano mpuzabitsina
Igihe cyose uzaba uri kumwe n’umukobwa w’inshuti cyangwa umugore wawe byange bikunde, hari bimwe mu byo mukora mu gihe muri kumwe ushobora kumukoraho, kumukinisha, kumuganiriza kumusoma ndetse n’ibindi byinshi wakwifuza bitewe n’igihe mwamarana. [xyz-ihs snippet=”google”] Nyuma yibyo byose hari bimwe mu bimenyetso umukobwa/umugore ashobora kugenda agaragaza uko umwanya ugenda ushira, bimwe muri byo twavuga: Gutukura […]
Paris: Ibinyoma bya Allain Juppé mu gukongeza jenoside yakorewe Abatutsi
Aho gutabara abantu barimo bicwa mu Rwanda bazira uko baremwe, Minisitiri w’ Ububanyi n’Amahanga w’ u Bufaransa mu 1994, Allain JuppĂ© yagize ati” Twafashije u Rwanda bihagije aho bigeze Loni irahari”. Iri ni ijambo Allian JuppĂ© yavuze umunsi Minisitiri w’ Intebe w’ u Bufaransa, Edouard Balladur ahakaniye Umugaba w’ ingabo Gen.Christian Quesnot ko nta musirikare […]
U Rwanda rurateganya kwaka Uganda ibisobanuro ku itabwa muri yombi rya Cyemayire
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda irateganya muri iki cyumweru kwamagana ku mugaragaro itabwa muri yombi ry’Umunyarwanda Emmanuel Cyemayire uherutse gufatirwa mu mujyi wa Mbarara. Uyu Cyemayire usanzwe ari umucuruzi muri Mbarara, yafashwe n’abantu bikekwa ko ari abo mu nzego z’umutekano za Uganda kuwa 04 Mutarama 2018 ahagana saa mbiri z’ijoro, kuri ubu akaba afungiye ahantu […]
Tanzania: Umuhanzi Diamond mu mishinga yo gushinga Radiyo na Televiziyo
Umuhanzi wo muri Tanzania, Diamond Platnumz, umaze kwigarurira imitima ya benshi, kuri ubu yamaze gusa nk’aho yagura imbibi akerekeza muri bizinesi (Business), akaba agiye gushinga radiyo na televiziyo. [xyz-ihs snippet=”google”] Nyuma yaho Diamond Platnumz atangarije imwe mu mishinga ye, yogucuruza imibavu (Parfum), kuri ubu noheho ari mumushinga wagutse wo gufungura Televiziyo na Radio bye bizajya […]
Burundi: Willy Nyamitwe ashishikariza Abarundi bahunze gutaha mu gihe umuryango we uheze mu buhungiro
Abarundi bahungiye mu mujyi wa Portland, ho muri Leta ya Maine muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bamaganye uruzinduko rw’Umujyanama muri perezidansi y’u Burundi, Willy Nyamitwe, muri uyu mujyi bivugwa ko wanahungiyemo umuryango we. Umwe mu barundi bateguye imyigaragambyo yo kwamagana uru rugendo, Philemon Dushimire, avuga ko Abarundi bose bari muri uyu mujyi bahunze ubutegetsi […]
Ibihugu 10 bya mbere ku isi bifite ibitwaro byahindura isi umuyonga mu gihe gito
Ibihugu by’ibihangange ku isi, iyo byirata ubutwari ahanini biba bigaragaza imbaraga bifite byigereranyije n’ibindi rimwe na rimwe bifata nka bikeba byabyo. Ikinyamakuru yorkfeed.com, cyakoze urutonde rw’ibihugu 10 bya mbere ku isi bifite ibitwaro bya kirimbuzi bimwe muri byo bishobora guhindura isi umuyonga mu gihe gito. 10.Iran Igihugu cya Iran kiza kuri uru rutonde, ni kimwe […]
Dusa nk’abakwamanye n’umuperezida utizera ko hari undi muntu washobora kuyobora Uganda — Depite Kyagulanyi
Depite Robert Kyagulanyi, akaba ari n’umuhanzi wabigize umwuga uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Bobi Wine muri Uganda no hanze yaho, aratangaza ko kuri ubu Abagande babuze amahitamo hagati y’igihugu n’umuntu utemera ko hari uwamusimbura ku butegetsi ngo ayobore igihugu. Ni mu kiganiro yagiranye na Aljazeera kuwa 03 Mutarama 2018. Perezida Museveni aherutse gushyira umukono ku […]
Nyanza: Abagera kuri 600 batuye mu manegeka bagiye kwimurwa
Abaturage bagera kuri 600 bo mu Karere ka Nyanza, ho mu Ntara y’Amajyepfo batuye mu manegeka, bagiye kwimurwa muri iyi ngengo y’imari y’umwaka wa 2017-2018 barusheho kwegerezwa ahari ibikorwaremezo bizajya bibafasha mu buzima bwa buri munsi. Ni muri urwo rwego bwana Kajyambere Patrick,Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza Wungirije ushinzwe Ubukungu n’Iterambere, avuga ko kwimura abantu batuye […]