Rubavu: Hatejwe cyamunara inyuranije n'umwanzuro w'urukiko

Urukiko rwemeje ko Koperative ifitiye Banki umwenda wa Miliyoni 10 Banki yatanze miliyoni 16, ariko yishyuza miliyoni 39 Banki na Koperative baburanye ku ngano nyakuri y’umwenda kuko byarimo impaka Igipangu gifite agaciro ka miliyoni 20 cyaguzwe miliyoni umunani Umuryango wa Ntiyamira Aloys uratabaza inzego zinyuranye nyuma y’uko uterejwe umutungo urimo inzu yatanzweho ingwate na Koperative […]

Ni gute umuntu yagira intego nyayo?- Pst. Jimmy Muyango

Ni kenshi abantu bavuga ko bakeneye kugira intego ariko ibyo ntibihagije kuko usanga benshi bafite intego zinyuranye mu gihe umukristu akeneye gutumbira ibintu nyabyo. Mu nyigisho zatanzwe na Senior, Pastor wa Potter’s Hand Church, Jimmy Muyango yashimangira ko hari intego z’ amoko 3 zikunze kuranga abantu. 1.Abantu benshi babayeho nta ntego: Usanga abantu benshi bafite […]

Umukobwa w’inshuti yanjye ndamutinya, andusha imyaka 10, ayo ahembwa akubye gatatu ayanjye, arifuza ko tubana-NKORE Iki?

Ndi umusore w’imyaka 25,mu myaka ibiri ishize nagize uburwayi butunguranye njyanwa mu bitaro Kubera ko atariho mvuka byaragoranye cyane kunyitaho gusa nafashijwe ahanini n’abasore dukorana nabo bikabagora cyane kuko bagombaga kusimburana kuza kundwaza ndetse banakora akazi. Muri ibyo bihe by’uburwayi bwanjye,umwe mu baganga b’igitsinagore niwe wankurikiranaga umunsi ku wundi gusa akenshi yahageraga mu cyumba nari […]

Perezida Kagame yitezweho gukemura ikibazo cya Sahara y’Iburengerazuba

Mu gihe hashize imyaka igera kuri 40 ikibazo cy’ ubwigenge bwa Sahara y’iburengerazuba (Sahara Occidentali) cyaraburiwe umuti, Loni yizera ko Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame ashobora kugira uruhare rukomeye mu kugikemura dore ko na Maroc yamaze kugaruka muri AU. Ni muri uru rwego, Perezida w’ Umuryango wa Afurika Yunze ubumwe(AU), Paul Kagame yagiranye ibiganiro […]

Dore pozisiyo yakorohera mu gihe utera akabariro umugore ufite umubyibuho udasanzwe

Igitsinagore gikunze kugaragaraho imihindukire y’umubiri ku buryo budasanzwe nyuma yo gushinga urugo, ugasanga abyibushye bikabije mu gihe gito, ibi usanga abagabo benshi bibabangamira bibaza uko bazajya babyitwaramo mu gihe cyo gutera akabariro. Gusa ibi ntibikwiye kuba ikibazo kuko Bwiza.com yabakusanyirije uburyo bworoshye mwakwifashisha mu gihe ukora imibonano mpuzabitsina n’umugore ubyibushye bikabije. Uburyo twakwita mpagazi Ni […]

Kayumba wo muri RNC yigambye gukorana n’urwego rw’iperereza rwa gisirikare muri Uganda

Rugema Kayumba wo mu ishyaka rya RNC rirwanya Leta y’ u Rwanda, yigambye ko asanzwe afitanye imikoranire ya hafi n’ abayobozi bakuru b’ urwego rw’ iperereza rya Uganda(CMI). Ibi yabishamangiye akoresheje urubuga rwe nkoranyambaga rwa facebok, Rugema Kayumba yemeje adashidikanya ko azakomeza gukorana bya hafi cyane n’ aba bayobozi ba CMI. Yakomeje agira ati “Ntabwo […]

Dore ibintu by’ibanze byatera umugore wawe kwifuza kuguca inyuma

Umunsi ku munsi wumva mu miryango itandukanye havugwamo gucana inyuma, gusa akenshi byagiye bigaragara ko gucana inyuma biterwa n’ingeso y’umuntu ku giti cye, kimwe n’uko hari igihe biba byatewe n’umwe uba utuzuza inshingano ze mu bashakanye. Reka turebere hamwe bimwe mu bintu byatuma umugore wawe aguca inyuma, nk’uko bwiza.com yabiguteguriye, biteye uku: 1.Kuba umugore atajya […]

Ninshaka gutandukana na Diamond nzabikora ku bw’umutimanama wanjye- Zari Hassan

Zari Hassan akomeje guhatwa ibibazo n’abatari bake abazwa ku mubano we n’umugabo we Diamond, gusa ashimangira ko nashaka gutandukana na we azabikora ku bwe, atazagendera ku byo abantu bavuga. Ibi bibaye mu gihe hashize igihe kitari gito havugwa umwuka mubi hagati yabo (Diamond na Zari), ndetse ko bishobora kubaviramo gutandukana. Aciye ku rukuta rwa Instagram […]

1959-1994: Umukoloni yakoresheje iturufu y’amoko isiga u Rwanda mu kangaratete

Inkomoko y’ ibibazo by’ u Rwanda bifite imizi mu mateka yaruranze kuva igihe abakoloni bifuzaga gutandukanya Abahutu n’ Abatutsi bavugaga ururimi rumwe ndetse basangiye byose, bagamije kubaganisha abo bifuza ku nyungu zabo bwite. Mu ntangiriro , Ababiligi bagerageje gusobanura ko Abatutsi ari bo bari bafite ubwenge, ubushobozi bwo kuyobora ndetse banafite ubwenge kugirango Abahutu bahorane […]

Kanye West yaririmbiye umufana we kuri telefoni ahita apfa

Umuhanzi ukunzwe muri Leta zunze ubumwe za America, Kanye West yaganiriye n’umufana we waburaga amasaha make ngo apfe mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyifuzo uwo mufana we yari afite kuva kera. Kanye West uhora mu itangazamakuru bitewe no kuba yarashakanye n’umugore w’icyamamare mu kumurika imideli, Kim Kadashian, yamenyekanye mu ndirimbo zagiye zikundwa harimo nka […]