Musenyeri Rwubusisi wahoze uyobora Diocese ya Cyangungu yasubije perezida Museveni
Uwahoze ari Musenyeri mukuru wa Diocese y’Abangilikani ya Cyangugu, Geoffrey Rwubusisi, yasabye abayobozi ba Uganda gushakira abanzi babo ahandi hatari muri kiliziya. Musenyeri (Emeritus) Rwubusisi akaba avuga ko bazi agaciro ka leta kandi na bo bafite uruhare runini bagomba kugira mu cyerekezo cya politiki y’igihugu. Ngo abayobozi mu bijyanye n’iyobokamana bakaba atari bo bagomba kwicara […]
Amazina 3 y’Abagande bakomeye akomeje kugaruka cyane mu kibazo cy’Abanyarwanda batabwa muri yombi muri Uganda
Nyuma y’inkuru nyinshi zacicikanye ku bijyanye n’itabwa muri yombi ry’Abanyarwanda rikorwa n’abashinzwe iperereza muri Uganda(CMI) babashinja kuba abatasi b’u Rwanda, hari abantu bakomeye muri iki gihugu batahwemye kuvugwa cyane muri iki kibazo kugeza magingo aya. Muri aba bayobozi harimo umuyobozi w’urwego rushinzwe iperereza rya gisirikare(CMI),Brig. Gen.Abel Kandiho. Uyu mugabo yagiye avugwa kenshi mu bitangazamakuru by’umwihariko […]
Abakinnyi 10 ba NBA bigaragaje kurusha abandi mu myaka ya 2000
Ishyirahamwe ry’igihugu ry’umukino wa basketball (NBA)muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryagiye rigaragaramo abakinnyi b’ibihangange uko imyaka igenda ihita, barimo Magic Johnson na Larry Bird mu myaka ya za 80, na ba Micheal Jordan mu myaka ya za 90. Nyamara ariko, mu ntangiriro z’ikinyejana cya 21 Jordan yaje gusa nk’uvuye muri uyu mukino aza kugaruka […]
USA: Yiyangije isura akoresheje acid abeshyera baringa y’umwiraburakazi
Umugore witwa Lizzie Dunn w’ahitwa Staten Island muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aherutse kubwira igipolisi ko umugore w’umwirabura w’umusabirizi yamumennye acid mu maso nyuma yo kubura ikintu amuha. Iperereza ariko ryaje gusanga abeshya ari we wiyangije isura ku mpamvu zitamenyekanye. Lizzie akaba yaravuze ko ari umugore wirabura uri mu myaka 40 wamusutse acid mu […]
Nta kintu kibi ntakora kugira ngo namamare-Marina
Umuhanzikazi umaze kumvikana cyane mu matwi y’abanyarwanda bitewe n’ijwi rye ndetse n’ukuntu akunze kwitwara kurubyiniro Marina yatangaje ko ntakintu kibi cyangwa kiza atakora kugirango yamamare (akamenyekana). Ni mu kiganiro na Sunday night cyatambutse kuri iki cyumweru tariki 14 Mutarama 2018 agatangaza ko yakora igikorwa icyo aricyo cyose kibi cg kiza ariko akamenyekana, ibintu atanatinya kugenda […]
RDC: Umuyobozi w’inyeshyamba yakatiwe igihano cy’urupfu
Urukiko rwa gisirikare mu burasirazuba bwa Congo rwakatiye igihano cy’urupfu umuyobozi w’inyeshyamba mu gihe abo bareganwaga bakatiwe hagati y’imyaka 3 na 15 y’igifungo. Uyu witwa Guylain Mumbere Kitambala, wari umuyobozi wa Mai-Mai yashinjijwe gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko no kugira uruhare mu bikorwa byo guhungabanya umutekano w’igihugu, akatirwa igihano cy’urupfu. Iki gihano akaba yaragihawe […]
Bimwe mu biribwa usabwa kugendera kure mu gihe witegura gutera akabariro
Mu gihe ufite igitekerezo cyo kuza gutera abariro hari bimwe mubiribwa uba usabwa kugendera kure kuko biri mubyatuma igikorwa kitagenda neza uko bikwiye kandi bizwi neza ko imibonanano ikozwe neza ari imwe mu nkingi ikomeye yo gukomeza urugo Iyo itagenze neza rero usanga akenshi hari ibibazo byuririra kuriyo ngingo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dore ibyo usabwa kwirinda […]
Janet Museveni ntiyemera ko u Rwanda rurusha Uganda abagore benshi mu buyobozi
Umufasha wa perezida wa Uganda, Janet Museveni aremeza ko raporo mpuzamahanga zivuga ku bagore bari mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda atari yo kuko we afite imibare ye. Mu kiganiro yagiranye n’Ikinyamakuru Forbes mu Ukuboza umwaka ushize, Janet Museveni, yabaye nk’uhatwa ibibazo ku kiri gukorwa mu kuzamura uruhare rw’umugore muri sosiyete y’abagande, aho uwamubazaga yamuhaye […]