Desire Luzinda uzwiho amafoto y’urukozasoni, ubu ntiyorohewe n’umugabo uvuga ko babyaranye
Iyo uvuze izina Desire Luzinda, benshi bahita bibuka amafoto ye yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yambaye ubusa, gusa kuri ubu inkuru irimo kumuvugwaho ni iy’umugabo ukomeje kumwaka umwana avuga ko babyaranye. Juma Seiko, ni umugabo uhamya ko yaryamanye na Desire Luzinda ndetse banabyarana umwana w’umukobwa, akaba asaba Luzinda kumumuha, mu gihe we ahamya ko atigeze aryamana […]
Amakosa abagore badakwiye gukora mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina
Niba warashinze urugo ufite umugore cyangwa umugabo uzi agaciro ko gutera akabaririro hagati y’umugore n’umugabo, uzi neza ko umuntu wese uri muri iki gikorwa hari ibintu bimwe by’ingenzi bizira kuba byakora iki gikorwa kitararangira mbese bizira mu gihe igikorwa gikomeje, icyamber cyo kwitaho ni: 1.Kwitaba telephone Ni ukuri ibi biba bibaje,ni gute ushobora kwitaba telephone […]
Ruhango: Ingengo y’imari idahagije, inzitizi mu kwesa imihigo yahizwe- Meya Mbabazi
Imwe mu mihigo y’akarere ka Ruhango yiganjemo iy’iterambere n’ubukungu iracyafite inzitizi zo kweswa kuko ubu ikiri ku kigero cya 5%, muri iyo mihigo harimo nk’uwo kubaka umuhanda ungana na 3km wa Kaburimbo uva mu mujyi wa Ruhango werekeza ahitwa kwa Yezu Nyirimpuhwe, Poste de Sant é y’ahitwa Vunga, amatara rusange yo ku mihanda, kubakira abacitse […]