Amakosa abagore badakwiye gukora mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina

Sangiza iyi nkuru

Niba warashinze urugo ufite umugore cyangwa umugabo uzi agaciro ko gutera akabaririro hagati y’umugore n’umugabo, uzi neza ko umuntu wese uri muri iki gikorwa hari ibintu bimwe by’ingenzi bizira kuba byakora iki gikorwa kitararangira mbese bizira mu gihe igikorwa gikomeje, icyamber cyo kwitaho ni:
1.Kwitaba telephone
Ni ukuri ibi biba bibaje,ni gute ushobora kwitaba telephone mu gihe muri gukora imibonano mpuzabitsina???!! nka bwiza.com twakubaza, ese kuki udashobora kureka kwitaba telefone kugeza igihe murangirija gukora imibonano mpuzabitsina!!ahubwo nk’inama twakugira nuko mu gihe muba mugeze cya gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsi wazajya uzimya telefone yawe.
2.Guharira umugabo buri kimwe mu gihe muri mugikorwa :
Ubundi akenshi usanga umugabo ariwe ubanza gukora igikorwa cya mbere cyo gukora imibonano mpuzabitsina,kuki udashobora kubimufashamo nawe ukamuruhura,urugero ugasanga umugabo niwe uri hejuru y’umugore ari gukora igikorwa wenyine naho umugore ariryamiye gusa,nawe mugore gerageza urebe uburyo wajya hejuru y’umugabo wawe maze umuruhure mu gikorwa yarari gukora.
3.Gukuramo imyenda igice kimwe:
Mu gihe cy’akabariro kirazira kuba wakuramo imyenda igice kimwe kuko uba weretse umugabo wawe ko utiteguye cyangwa utishimiye igikorwa mugiye gukora byaba biteye agahinda kuba waza mu buiriri wambaye imyenda, ahubwo wowe gerageza nujya kuryama wambare utwenda tworohereye kandi tubonerana ku buryo umwenda w’imbere ugaragara,icyo gihe bizatera umugabo ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina bwihuse.
4.Irinde ko umugabo agendera ku mategeko yawe:
Mu gihe cyakabariro n’ibyiza ko muganira mugahuza kuburyo (postion) mwakoresha kugira ngo mwembi mugere kundunduro y’ibyishimo byanyu kuko biba bibi iyo wumva ko umugabo agomaba gukurikiza ibyifuzao byawe.
5.Ibiganiro bimuvana mu gikorwa : Aka wa mugani w’ikinyarwanda ugira uti “Ijambo ribi rivana….. nawe mugore ntuzakore ikosa ryo kubwira umugabo ijambo rimwibutsa abandi bakobwa cyangwa abagore baryamanye cyangwa ngo umwibutse intonganya mwagiranye n’ibindi bishobora kumutera kurakara cyangwa gutekereza cyane.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *