Nyarugenge: Abanyerondo b’umwuga basoje amahugurwa y’iminsi itatu, basabwa kongera ubunyamwuga
Abanyerondo b’umwuga basaga 169 baturutse mu tugari twose tugize Umurenge wa Nyarugenge basoje amahugurwa y’iminsi itatu yaberaga mu cyumba mbera byombi cy’uyu murenge yatangiye kuwa 24 Mutarama 2018 agamije kongera ubunyamwuga,imikorere inoze no kwikura mu bukene ku bakora uyu mwuga mu rwego rwo guhashya ibyaha birimo ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge mu rubyiruko, ubujura, urugomo, ruswa n’ibindi byaha […]
Nyuma yo gusezererwa muri CHAN2018, Antoine Hey yasezeye kukazi
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Antoine Hey yagejeje ubusabe bwe kuri federasiyo y’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ko bahagarika abasezerano bari bafitanye kugeza federasiyo ibonye undi muyobizi akaba ari we wakwemeza ko agomba kongerwa amasezerano cyangwa yayimwa.  FERWAFA yemeje ibyaya makuru ibinyujije kurubuga rwayo rwa twitter yemejeko umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu Antoine Hey yasezeye ku […]
Uko Ariel Sharon yigeze gutegeka guhanura indege ya gisivili bikanzemo Yasser Arafat
Ubwo yari minisitiri w’ingabo wa Israel, Ariel Sharon, wanabaye Minisitiri w’Intebe wa Israel, yigeze gutegeka igisirikare cya Israel guhanura indege ya gisivili yari irimo abagenzi mu gihe byari kwemezwa neza ko irimo Yasser Arafat wahoze ari umuyobozi wa Palestine. Ibi bikaba byarabaye mu 1982 ubwo iyo ndege yari itwaye Abana b’Abanya- Palestina 30 b’inkomere bari […]
Yatashye mu rugo rw’abandi yasinze azi ko ari iwe yica nyirarwo azi ko ari umujura
Umugabo yahamagaye igipolisi akimenyesha ko hari umujura winjiye iwe nyuma bigaragara ko ari we winjiye mu rugo rw’abandi yasinze azi ko ari we ahubwo akica nyir’urugo azi ko ari umujura wari wamuteye. Uyu mugabo w’imyaka 43 witwa Micheal G. Augustine w’ahitwa Rayton muri Missouri, ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahamagaye igipolisi agisaba kwihutira […]
Diamond yitabiriye umuhango wogushyingura umufana we wazize impanuka
Diamond yitabiriye umuhango wogushyingura umufana we witabye imana Diamond Platnumz ukunze gutazirwa Simba hari hashize iminsi 3 avuye mu Rwanda mu ruzindiko yahagiriye rw’akazi gusa akimara kugera iwabo muri tanzaniya yakirijwe inkuru y’incamugongo y’urupfu rw’abafana be babiri bari mubakomeye bamufasha mubuzima bwaburi munsi mu muziki we. Iby’urupfu rwaba bafana byamenyekanye mu ijoro ryo 21 Mutarama […]
Davos: Perezida Kagame yitezweho gusaba perezida Trump gusaba Abanyafurika imbabazi
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitezweho kuza gusabira imbabazi amagambo yavuze yita ibihugu bya Afurika imisarane ubwo aza kuba agirana ibiganiro na perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, umuyobozi rukumbi muri Afurika Trump yifuje kuganira nawe mu nama ya World Ecomomic Forum I Davos mu Busuwisi. Mu nama ya WEF 2018 perezida […]
Oprah Uwoya utwite, nyina ntiyemera Dogo Janja nk’umukwe we
Oprah Uwoya kuri ubu utwite inda y’umuraperi wo muri tanzaniya Dogo Janja yatunguwe na nyina uvuga ko uwo Dogo Janja atamuzi uwo azi ari katawuki uherutse kwitaba imana nyamara magingo aya Oprah yarahise ashaka undi mugabo kugeza ubu utaremerwa na nyina. Kuva Ndikumana Katauti yitabiye imana umwka ushize nyina wa UwoyaNaima Uwoya ntiyahwemye kugaragaza ko […]
Perezida Kagame na Minisitiri w’Intebe wa Israel baganiriye ku kibazo cy’abimukira kimaze iminsi kivugwa
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu kuri uyu wa gatatu, itariki 24 Mutarama yabonaniye na perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, I Davos mu Busuwisi aho bombi bitabiriye inama ya World Economic Forum baganira ku bintu bitandukanye birimo ikibazo cy’abimukira kimaze iminsi mu itangazamakuru kitavugwaho rumwe, aho abayobozi bombi bemeranyije ko aba bimukira bashobora koherezwa mu […]
Gakenke: Uwishe umugore we akoresheje igitiyo ku Bunani yagejejwe imbere y’urukiko
Uwitwa Nshimiyimana Damascene wo mu Karere ka Gakenke akurikiranweho icyaha cyo kuba yarishe umugore we mu ijoro rishyira ku Bunani yarangiza agahita acika akaza gufatirwa mu Mujyi wa Kigali yagejejwe imbere y’urukiko aho yakoreye icyaha atangira kuburanishwa. Ku wa 18 Mutarama 2018 mu Kagari ka Kamina , Umurenge wa Busengo ho mu Karere ka Gakenke […]