Ibyo perezida Trump aherutse kuvuga kuri Afurika ntibyigeze bigarukwaho mu biganiro na perezida Kagame
Perezida Donald Trump yagiranye na perezida Kagame ibiganiro byari bimaze iminsi byitezweho ko perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika azasabiramo imbabazi ku magambo aherutse gukoresha agereranya ibihugu bya Afurika n’imisarane, ariko iki kikaba kitakomojweho. Kuri uyu wa Gatanu, itariki 26 Mutarama 2018 nibwo, perezida Paul Kagame na mugenzi we, Donald Trump wa Leta Zunze […]
Ibintu bitangaje utaruzi ku gitsina gabo
Buri kiremwa muntu gifite uburyo kibayeho ndetse hari n’ibikigize bigiye bitandukanye kuri iyi ncuro tugiye kurebera hamwe imiterere y’igitsina cy’abagabo benshi batari basonukiwe. Imiterere y’ibitsina by’abagabo iratandukanye, bamwe bagira ibitsina bito bibyibuha bikanikwedura mu gihe bagize ubushake bwo gukora imibonanano mpuzabistina gusa, naho abandi bakagira ibinini bitiyongera n’igihe bagize ubushake bw’imibonano mpuzabitsina. Igitsina cy’umugabo cyazanye […]
José Mourinho yongerewe amasezerano yo gutoza Manchester United kugeza mu 2020
Ku wa Kane tariki ya 25 Mutarama 2018, nibwo ikipe ya Manchester United yo mu Bwongereza yongereye amasezerano umutoza wayo, JosĂ© Mourinho yo kugeza mu 2020. Jose Mourinho, umunya- Politigali w’imyaka 55 y’amavuko, yongerewe amasezerano mu gihe yari agiye kumara imyaka ibiri ayitoza. Ubwo yari amaze gushyira umukono ku masezerano, Mourinho yatangaje ko gutoza Man. […]
Ishyamba si ryeru hagati ya Diamond na Rick Ross nyuma y’igihe gito bakoranye indirimbo
Umuraperi mpuzamahanga wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Rick Ross, aravugwaho gusiba ku rukuta rwe rwa instagram amafoto yose y’umuhanzi, Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzania baherutse gukorana indirimbo. Rick Ross akaba yari afite amafoto menshi ya Diamond ku rukuta rwe nka ambasaderi bahuriye ku kwamamaza ikinyobwa cya Belaire. Mu mpera z’umwaka ushize […]
Ababyeyi b’inshuti yanjye ntibanshaka, banyita indaya, ngo nambara utujipo tugufi, haburaga amezi 3 ngo tubane- NKORE IKI?
Ndagisha inama hano kuri bwiza.com, ku bwanjye mfite ikibazo numva kindemereye cyane, kuko hari ibintu nawe wumva ugasanga ntaho bihuriye n’urukundo. Abasore b’iki gihe sinzi pe, uwo twendaga kurushinga ubu yahinduye imvugo, ngo ntabwo umuryango unshaka, ngo bambonye nambaye akajipo kagufi. Nagerageje kumusobanurira ko imyambarire ntaho ihuriye n’umutima w’umuntu, ndetse nanamusobanurira ko biterwa naho ngiye […]
Umuhanda w’i New York ugiye kwitirirwa umunyafurika w’umunyabigwi
Umuhanda uri i New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu gace ka Bronx , ugiye kwitirirwa umunya Ghana wakoze igikorwa cy’ubutwari. Emmanuel Mensah, ni umunya Ghana, wapfuye ku wa 28 Ukuboza 2017, ubwo yageragezaga gutabara abaturage ubwo inzu barimo yari yafashwe n’inkongi y’umuriro. Ubwo inzu yari yafashe n’inkongo y’umuriro, Emmanuel Mensah ngo yatanze […]
Isaha ndangamperuka (Doomsday Clock) kuri ubu iragaragaza ko habura iminota ibiri
Isaha ndangamperuka y’isi (Doomsday Clock) kuri ubu iragaragaza ko habura iminota ibiri ngo saa sita z’ijoro (ari nayo mperuka y’isi) zigere mu gihe Isi ikomeje gusatira irangira ryayo. Iyi saha yiswe mu Cyongereza Doomsday Clock igaragaza uko Isi yugarijwe n’irimbuka ryayo yegerejwe hafi ya saa sita z’ijoro bitewe n’umwaka ushize hagaragara umwuka mubi ushobora kubyara […]
Umugabo w’imyaka 50 yarongoreye rimwe abagore batatu
Mohammed Ssemanda w’imyaka 50 y’amavuko, yakoze ubukwe n’abagore batatu, avuga ko yabikoze kubera ko nta bushobozi yari afite bwo kuzakora ubukwe inshuro eshatu mu gihe bose abemera nk’abagore be. Uyu mugabo usengera mu idini ya Islam, yagize ati “Nashyingiranwe n’abagore banjye batatu umunsi umwe kuko nta mafaranga ahagije nari mfite yo gutegura ubukwe inshuro 3 […]
Burundi: Abaturage bahangayikishijwe n’imyitozo ya gisirikare Imbonerakure ziri guha abana b’abanyeshuri
Abana b’abanyeshuri bo muri Zone ya Kigoma, Komini Bugabira mu Ntara ya Kirundo mu gihugu cy’u Burundi, ngo batangiye guhabwa imyitozo ya gisirikare n’Imbonerakure. Amakuru aturuka aha akaba avuga ko aba bana bari gutozwa n’Imbonerakure zo muri iyi zone zihagarikiwe n’umwe mu barium mu ishuri ribanza rya Bambu. Abaturage bo muri aka gace bakaba bafite […]
Gisagara: Bahangayikishijwe n’inzu zabo zangijwe n’imashini zikoreshwa ahazubakwa uruganda
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gisagara, umurenge wa Mamba batuye impande z’ahubatswe amazu azaturwamo n’ abakozi bazakora mu ruganda rutunganya nyiramugengeri ruyibyazamo ingufu z’umuriro w’amashanyarazi, baravuga ko imashini zitsindagira zakoreshejwe mu iyubakwa ry’aya mazu y’abakozi zabangirije ayabo basanzwe batuyemo. Aya mazu y’aba bakozi yubatse iruhande rw’igishanga cy’akanyaru ku gice cya ruguru ariko kandi […]
RDF yongeye gufungura amarembo ku bifuza kwinjira mu gisirikare
Igisirikare cy’u Rwanda kirahamagarira abasore n’inkumi b’Abanyarwanda bifuza kukinjiramo gutangira kwiyandikisha mu turere twabo guhera ku itariki ya 01 kugeza kuwa 26 Gashyantare. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda rikaba rigaragaza ibyiciro abifuza kwinjira mu ngabo z’u Rwanda bakwiyandikishamo hakurikijwe imyaka, amashuri n’ubumenyi bafite. Icyiciro cya mbere kigizwe n’abaziyandikisha bifuza kuba abasirikare bato, icya […]
Diamond, umusore ukunzwe cyane, ubu urimo kurwana urugamba rw’abagore 5- REBA AMAFOTO
Diamond Platnumz ni umuhanzi wo muri Tanzania, w’imyaka 28 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Tanzania, mu rugendo rwe rwa muzika ubu umuntu yavuga ko ruhagaze neza mu ruhando mpuzamahanga, uyu musore ni nako avugwaho gukunda cyane abagore. Diamond na we ubwe ntahakana ko adakunda abagore, ubwo yari i Kigali mu Rwanda yabajijwe impamvu akunda abagore […]