Ese Twagiramungu Faustin yaba ari mu rugamba rwo kurwanya Leta ebyiri icyarimwe?
Twagiramungu Faustin ni umunyapolitiki wemera ko atavuga rumwe na Leta yâu Rwanda, mu gihe bamwe mu baturage ba Congo bari mu rugamba rwo kwamagana Perezida Kabika ku butegetsi, uyu munyapolitiki yatangaje amagambo agaragaza ko yifatanyije nabo muri urwo rugamba. Nyuma yâimigaragambyo yabaye ku cyumweru taliki ya 21 Mutarama 2018, Â abakristu Gatolika baherekejwe n’abihayimana bo mu […]
Burera/Musanze: Abari batunzwe n' ubucuruzi bw' ibirayi bakomeje gutakamba
Nyuma yaho minisiteri yâ ubucuruzi isabiye abahinzi bâ ibirayi kwibumbira mu makoperative ndetse ikanabizeza ko igiye kubashakira amasoko ku giciro cyo hejuru abaturage batangaza ko akababaro nâ ubukene ari byose. Mu kiganiro nâ Ijwi rya Amerika, abaturage bo mu Karere ka Burera bari basanzwe batunzwe nâ ubuhinzi ndetse nâ ubucuruzi bwâ ibirayi bavuga ko  batewe […]
Maze gusobanukirwa ugukomera kw' Imana nahisemo kuyiramya gusa-Sam Muvunyi
Nyuma yâ ubuhamya burebure bwaranze ubuzima bwâ uyu muhanzi  Sam Muvunyi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana asanga nta kindi umuntu wese utekereza neza yakora usibye kuramya Umuremyi. Atiâ Maze kubona ko gukomera kwâ Imana gukaze kandi gufite agaciro gakomeye nsanga nta kindi nakora usibye kuyiramyaâ. Aha, Sam Muvunyi yadusobanuriye ko agendeye ku buhamya […]
Yuhi VI Bushayija yatumiwe mu muhango wo gutanga ibihembo byiswe The Order of The Drum – Amafoto
Yuhi wa VI Bushayija bamwe bafata nkâUmwami wâu Rwanda cyane cyane abanyamahanga ariko mu Rwanda akaba adafatwa gutyo bitewe nâuko u Rwanda rutakiri igihugu kigendera ku bwami, kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 30 Mutarama, yatumiwe mu birori byateguwe nâIkinyamakuru The Drum byatangiwemo igihembo kiswe The order of The Drum mu rwego rwo gushimira abantu […]
Urugero twasigiwe nâ intwari ruduha imbaraga nâicyerekezo bitubereye-Paul Kagame
Iyi ntero yashimangiwe mu ijambo, Perezida Kagame yageneye abanyarwanda kuri uyu munsi w’ intwari abasaba ko barebera ku ndangaciro zaranze intwari zâigihugu bityo âurugero badusigiye rukaduha imbaraga nâicyerekezo bitubereye.â Ku nshuro ya 24 , Â Perezida Paul Kagame yunamiye intwari zâigihugu anashyira indabo ku gicumbi cyazo giherereye mu Mujyi wa Kigali i Remera mu gihe hibukwa […]
Umunyamakuru Andrew Mwenda yatumiye Perezida Kagame na Museveni mu isabukuru ya nyina
Bimaze kwemezwa ko Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni azitabira ubutumire bwâ Â umunyamakuru Andrew Mwenda mu muhango wo kwizihiza isabukuru ya 83 yâ Â amavuko ya nyina umubyara kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Gashyantantare 2018. Perezida Museveni azitabira uyu muhango uzabera mu Karere ka Fort Portal mu Burengerazuba bwa Uganda ku mupaka wa Congo-Kinshasa. […]
Hasotse inyandiko zigaragaza uruhare rwâ umucanshuro Bob Denard muri jenoside yakorewe Abatutsi
Inyandiko zigaragaza imikoranire hagati yâ umucanshuro kaburihawe wâ umufaransa Bob Denard na Guverinoma yâ abatabazi yashyize mu bikorwa jenoside mu Rwanda zatangiye kujya hanze. Zimwe muri izi nyandiko zitandukanye zagaragajwe, nâ umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu , Survie zishimangira ko uyu mucanshuro wâ umufaransa yakoranaga nâ abajenosideri mu buryo butandukanye. Inyandiko ya mbere ishinja Bob […]
Kuki Perezida Joseph Kabila atifuza ko Etienne Tshisekedi ashyingurwa mu gihugu ?
Abatavuga rumwe nâ ubutegetsi bwa Perezida wa Congo-Kinshasa ,Joseph Kabila bavuga yahanuriwe ko  Etienne Tshiskedi aramutse ashinguwe mu gihugu atazarara ku butegetsi. Muri Repubulika Iharanira demokrasi ya Congo ndetse no mu mahanga bakomeje kwibaza impamvu Etienne Tshisekedi wapfuye kuva ku itariki ya 1 Gashyantare 2017 atarashyingurwa mu gihe umurambo we uheze i Bruxelles mu Bubiligi. […]
Umugore wâ ibiro 308 yabashije kugenda nyuma yâ imyaka 4 atabasha guhaguruka aho yicaye – REBA AMAFOTO
Chitoka Light, umugore wâimyaka 49 yâamavuko, wo muri Georgia, yakoze ibirori atumira inshuti ze ngo azereke ko yabashije guhaguruka nyuma yâimyaka ine atabibasha. Ikinyamakuru DM, bwiza.com ikesha iyi nkuru, ngo mu myaka ine ishize ngo nibwo Chitoka yananiwe kubasha gutambuka kubera ibiro bye byari byamubanye byinshi yatambuka akababara. Uyu mugore yabaga mu nzu, ku gitanda […]
Dr Kabilima wahamijwe ibyaha bya jenoside yagabanyirijwe igihano
Urukiko Rukuru rwa Kigali kuri uyu wa gatatu rwagabanyije igihano cyâigifungo cya burundu cyari cyahawe Dr Jean Damascene Kabilima, wari ukurikiranweho uruhare muri jenoside, rukigeza ku myaka 25 yâigifungo. Dr kabilima akaba yari yajuririye igihano yahawe cyo gufungwa burundu yari yakatiwe nâUrukiko rwa Nyamagabe mu mwaka ushize. Ubushinjacyaha bwamushinjaga ibyaha bya jenoside, ubwicanyi, gukangurira abandi […]
Abasifuzi bâAbanyarwanda bazahagarikira umukino wa Confederation Cup mu Burundi
Umukino wâumupira wâamaguru uzahuza ikipe ya Olmpique Stars yo mu Burundi na Etoile Filante yo muri Burkina Faso mu mikino ya mbere ya Confederation Cup uzaba uhagarikiwe nâabasifuzi bazaturuka mu Rwanda. Ni umukino uteganyijwe kuwa 10 Gashyantare 2018 uzabera ku kibuga cyitiriwe Igikomangoma Louis Rwagasore, aho ku nshuro ya mbere abakinnyi ba Olympique Star bazaba […]
Ndagumiwe, mpeze iwacu kubera Papa usaba inkwano za Miliyoni nâigice, nkundana nâabasore akabaca intege abita abatindi- NKORE IKI?
Ndagisha inama, Â papa wanjye atumye mpera iwacu, arashaka ibya mirenge kandi mbona atazabibona, arashaka inkwano zihenze kuri njye, nabuze icyo nakora. Iwacu navutse ndi umukobwa umwe, mu bahunda batatu, narize amashuli yisumbuye na kaminuza, gusa akazi nkora ni ako yanshingiye, muri make meze nkaho mukorera (data). Ntababeshye, kuri bwiza.com nagiye mpasoma ubutuma bugira abantu inama, […]
Akarere ka Nyarugenge kongereye ingengo yâimari kari kateganyije muri 2017-2018
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 31 Mutarama 2018, kubiro by’ Akarere ka Nyarugenge hateraniye inama idasanzwe y’ Inama Njyanama y’ Akarere yigaga umushinga wo kuvugurura ingengo y’ imali y’ Akarere ka Nyarugenge mu mwaka wa 2017-2018. Umuyobozi wa Komisiyo y’ imali mu nama Njyanama y’ Akarere Bwana Muhutu Gilbert akaba yageje ku bitabiriye inama […]
Uganda: Umuhanzi Radio wo mu itsinda âGoodlyfeâ yapfuye
Umuhanzi Moses Ssekibogo uzwi ku izina rya Mowzey Radio waririmbanaga na Weasel mu itsinda Goodlyfe, yapfuye. Inkuru yâurupfu rwe yamenyekanye ahagana saa 08:15, bitangajwe nâumuryango we, akaba yaguye mu bitaro byâi Kampala (Case Hospital). Umwe wo mu muryango we wa hafi, yagize ati âYego, Radio yagiye, apfuye muri iki gitondo saa kumi nâebyiri (06:00),⌠barimo […]
Umuyobozi wâinyeshyamba za Yakutumba yahungiye mu Burundi yakomeretse bikabije
Umwe mu bayobozi bâinyeshyamba za Mai-Mai Yakutumba uzwi ku izina rya Ekanda Alias Dracula, kuri uyu wa Kabiri, itariki 30 Mutarama ari kumwe nâabarwanyi be barindwi yakomeretse bikabije, yishyikirije ubuyobozi bwâIntara ya Rumonge ahunga imirwano ikomeye yabaye kuwa mbere bahanganye nâingabo za Congo (FARDC) barwanira mu mazi. Aya makuru yatanzwe nâimpunzi zâAbanyekongo zahungiye iRumonge, yemejwe […]