Umuhanzi Jose Chameleone yageze muri Congo aherekejwe na Dj Pius aho yitabiriye Amani Festival

Jose Chameleone aherekejwe na DJ Pius n’abandi yasesekaye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aho yitabiriye Iserukiramuco ry’Amahoro (Amani Festival), rizaba risoza kuri iki Cyumweru. Iyi nkuru dukesha urubuga Bigeye rwo muri Uganda iravuga ko Chameleone yageze muri Congo ari kumwe na murumuna we, Pallasso ndetse na Dj Pius w’Umunyarwanda. Chameleone akaba azataramira abitabiriye iri […]

F-16 y’igisirikare cya Israel yari igabye igitero muri Syria yarashwe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, Igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyabonye drone ya Iran yohererejwe muri Syria mu kirere cya Israel, mu gusubiza kigatera ibirindiro bya Iran biri muri Syria ariko imwe mu ndege zacyo ikaba yarashwe. Ku nshuro ya kabiri mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, ngo urusaku rw’amabombe ya rockets […]

HCR isanga u Rwanda rudashoboye kwakira abimukira bazava muri isirayeli

Ishami rya Loni ryita ku mpunzi,UNHCR ryatangaje ko ryatangiye kuganira na Leta ya Isirayeli mu gushakisha ikindi gihugu cyakwakira abimukira bavuye muri Sudani na Eritrea  kuko u Rwanda rutujuje ibisabwa. UNHCR yabitangaje T ariki 7 gashyantare 2018 I Yerusalemu, ibi bibaye nyuma y’ ibiganiro by’ iminsi 2 aho yerekanye ko u Rwanda rudafite ubushobozi buhagije bwo kwakira […]

Rwamagana: Yatawe muri yombi nyuma yo kugerageza kwiba banki akoresheje ikoranabuhanga

Polisi mu Karere ka Rwamagana yataye muri yombi uwitwa Emmanuel Shumbusho ukekwaho icyaha gikoreshejwe ikoranabuhanga (cybercrime) nyuma yo kugerageza kubikuza amafaranga akoresheje uburyo bwa mobile banking agashaka kwiba umukozi wa banki. Polisi ivuga ko kuwa Kane Shumbusho yinjiye muri Banki y’ubucuruzi, ishami rya Kigabiro agaha umukozi wa banki (Teller) cheque y’amafaranga 3.450,000 yashakaga kubikuza. Mu […]

U Rwanda rwanze kugira icyo ruvugana n’abadepite baturutse muri Israel

Abayobozi b’u Rwanda banze kwakira abadepite bo ku ruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi muri Israel bari baje mu Rwanda bashaka kuganira ku kibazo cy’abimukira b’Abanyafurika Israel ishaka kwirukana, aho byakomeje kuvugwa ko ishaka kubohereza mu Rwanda no muri Uganda. Umwe muri aba badepite witwa Michal Rozin avuga na AFP dukesha iyi nkuru yagize ati: “Turi mu […]

Pacson aravugwaho kwiba ‘iPad’ ya televiziyo BTN agahita anatoroka akazi

Amakuru agera kuri Bwiza.com, aravuga ko umunyamakuru akaba n’umuhanzi uzwi ku izina rya Pacson yibye ‘iPad’ ya television nshya “BTN”, bari basanzwe bakoresha mu biganiro bitandukanye bamubaza akabihakana ariko akagira isoni zo kugaruka ku kazi ndetse agatangaza ko asezeye ku mwuga w’itangazamakuru. Mu minsi ishize nibwo Pacson yatangarije kimwe mu binyamakuru bya hano mu Rwanda […]

Bafashwe basaba miliyoni 60 ngo barekure umwana w’imyaka 3 bari barashimuse

Polisi yo mu mujyi wa Kampala yataye muri yombi abasore babiri bari barashimuse umwana w’umukobwa w’imyaka itatu, bakaka ababyeyi be miliyoni 60 z’amashilingi ya Uganda ngo babone kumurekura. Abafashwe ni Eric Nkoyooyo na Musa Sseruwagi, bakaba bari barashimuse umwana witwa Favour Nabukenya. Bafashwe barimo kwaka miliyoni 60 z’amashilingi ya Uganda, zabura bakajyana uyu mwana bari […]