Umuhanzi Jose Chameleone yageze muri Congo aherekejwe na Dj Pius aho yitabiriye Amani Festival
Jose Chameleone aherekejwe na DJ Pius nâabandi yasesekaye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aho yitabiriye Iserukiramuco ryâAmahoro (Amani Festival), rizaba risoza kuri iki Cyumweru. Iyi nkuru dukesha urubuga Bigeye rwo muri Uganda iravuga ko Chameleone yageze muri Congo ari kumwe na murumuna we, Pallasso ndetse na Dj Pius wâUmunyarwanda. Chameleone akaba azataramira abitabiriye iri […]
F-16 yâigisirikare cya Israel yari igabye igitero muri Syria yarashwe
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, Igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyabonye drone ya Iran yohererejwe muri Syria mu kirere cya Israel, mu gusubiza kigatera ibirindiro bya Iran biri muri Syria ariko imwe mu ndege zacyo ikaba yarashwe. Ku nshuro ya kabiri mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, ngo urusaku rwâamabombe ya rockets […]
HCR isanga u Rwanda rudashoboye kwakira abimukira bazava muri isirayeli
Ishami rya Loni ryita ku mpunzi,UNHCR ryatangaje ko ryatangiye kuganira na Leta ya Isirayeli mu gushakisha ikindi gihugu cyakwakira abimukira bavuye muri Sudani na Eritrea  kuko u Rwanda rutujuje ibisabwa. UNHCR yabitangaje T ariki 7 gashyantare 2018 I Yerusalemu, ibi bibaye nyuma yâ ibiganiro byâ iminsi 2 aho yerekanye ko u Rwanda rudafite ubushobozi buhagije bwo kwakira […]
Rwamagana: Yatawe muri yombi nyuma yo kugerageza kwiba banki akoresheje ikoranabuhanga
Polisi mu Karere ka Rwamagana yataye muri yombi uwitwa Emmanuel Shumbusho ukekwaho icyaha gikoreshejwe ikoranabuhanga (cybercrime) nyuma yo kugerageza kubikuza amafaranga akoresheje uburyo bwa mobile banking agashaka kwiba umukozi wa banki. Polisi ivuga ko kuwa Kane Shumbusho yinjiye muri Banki yâubucuruzi, ishami rya Kigabiro agaha umukozi wa banki (Teller) cheque yâamafaranga 3.450,000 yashakaga kubikuza. Mu […]
U Rwanda rwanze kugira icyo ruvugana nâabadepite baturutse muri Israel
Abayobozi bâu Rwanda banze kwakira abadepite bo ku ruhande rutavuga rumwe nâubutegetsi muri Israel bari baje mu Rwanda bashaka kuganira ku kibazo cyâabimukira bâAbanyafurika Israel ishaka kwirukana, aho byakomeje kuvugwa ko ishaka kubohereza mu Rwanda no muri Uganda. Umwe muri aba badepite witwa Michal Rozin avuga na AFP dukesha iyi nkuru yagize ati: âTuri mu […]
Pacson aravugwaho kwiba âiPadâ ya televiziyo BTN agahita anatoroka akazi
Amakuru agera kuri Bwiza.com, aravuga ko umunyamakuru akaba nâumuhanzi uzwi ku izina rya Pacson yibye âiPadâ ya television nshya âBTNâ, bari basanzwe bakoresha mu biganiro bitandukanye bamubaza akabihakana ariko akagira isoni zo kugaruka ku kazi ndetse agatangaza ko asezeye ku mwuga wâitangazamakuru. Mu minsi ishize nibwo Pacson yatangarije kimwe mu binyamakuru bya hano mu Rwanda […]
Bafashwe basaba miliyoni 60 ngo barekure umwana wâimyaka 3 bari barashimuse
Polisi yo mu mujyi wa Kampala yataye muri yombi abasore babiri bari barashimuse umwana wâumukobwa wâimyaka itatu, bakaka ababyeyi be miliyoni 60 zâamashilingi ya Uganda ngo babone kumurekura. Abafashwe ni Eric Nkoyooyo na Musa Sseruwagi, bakaba bari barashimuse umwana witwa Favour Nabukenya. Bafashwe barimo kwaka miliyoni 60 zâamashilingi ya Uganda, zabura bakajyana uyu mwana bari […]
Lydia Ludic yigambye intsinzi mbere y'umukino irakina na Rayon Sports kuri uyu wa Gatandatu
Mu mikino nyafurika ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo uyu mwaka, biteganyijwe ko ikipe ya Rayon Sports iza gucakirana na Lydia Ludic yo mu Burundi kuri ubu yamaze no gusesekara i Kigali. Iyi kipe yazanye abakinnyi bayo hafi ya bose ndetse n’umwe mu batoza bahoze mu ikipe ya Rayon Sports muri za 2014 witwa Manirakiza […]