Uganda: Umupolisi yatawe muri yombi azira gufata ku Ngufu umugore wari ufunzwe
Polisi yo mu karere ka Mbale yataye muri yombi umupolisi wakoraga ku cyicaro cya polisi cya Sukari Polisi Booth mu ntara y’amajyarugu, imushinja gufata ku ngufu umugore wari uhafungiye. Umuvugizi wa polisi yo mu gace ka Elgon, Suwed Manshur yemeje aya makuru avuga ko uyu mupolisi witwa Joel Magombe w’imyaka 37 yakoze icyi cyaha cyo […]
Nyuma yo kuva mu Rwanda, Davido yageze Kinshasa akorana indirimbo na Koffi Olomide
Umuhanzi wo muri Nigeria, David Adedeji Adeleki, uzwi nka Davido ari i Kinshasa aho yamaze guhura n’umusaza Kofi Olomide. Aba bombi batangiye gukorana indirimbo kugeza ubu bataratangaza izina. Kuri uyu wa 9 Werurwe, aba bahanzi bombi b’ibyamamare cyane cyane muri Afurika bahuriye mu nzu ikora umuziki. Amakuru yavuye ku rubuga rwa Instagram rwa Koffi Olomide […]
Ntabwo Museveni yahakana ko yafashe Ubuganda, adafite ubufasha bwa Habyarimana- Twagiramungu Faustin
Umunyapolitiki Faustin Twagiramungu, avuga ko kuba Perezida Museveni wa Uganda, yarafashe igihugu mu 1986, Perezida Habyarimana wari uw’u Rwanda, yamuteye inkunga. Mu kiganiro yagiranye na televiziyo ikorera ku mugabane w’u Burayi, Twagiramungu, yagarutse ku mateka n’umubano w’u Rwanda na Perezida Museveni ataranafata ubutegetsi. Ashimangira ko nyuma yo kubugeraho yagambaniye Habyarimana wamufashije. Ati “Njyewe nabwiwe n’uwari […]
Drc: Abantu 7 barohamye bagerageza guhungira muru Uganda
Abantu barindwi (7) barohamye ubwo abaturage bo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bari bahungiye Uganda bahunga ubugizi bwa nabi ,ubwicanyi n’ihohotera bibera mu ntara ya Ituri. Aba baturage barohamye banyuze mu kiyaga cya Albert. Umuyobozi w’akarere ka Kasenyi Deogratias Abaingi Rusoke yagize ati’’Ubwato bwabo bwari bwikoreye ibintu biremereye cyane, bituma budatuza” Uyu […]
Umutoza Karekezi Olivier arasobanura agahinda yakuye muri Rayon Sports
Nyuma y’iminsi mike ahagaze ku butoza bw’ikipe ya Rayon Sports, Karekezi Olivier, avuga ko hari byinshi yagiye akorerwa n’ubuyobozi bw’iyi kipe bikamubabaza, ndetse rimwe na rimwe akabona bubifitemo uruhare. Aganira na Radiotv10, Karekezi ubu uri ku mugabane w’u Burayi mu Gihugu cya Suede, yatangaje ko yasubiye muri iki gihugu nyuma yo kubona ko adashakwa n’ubuyobozi […]
Kenya: Uburwayi bwatumye Rex Tillerson asubika gahunda yari afite
Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), Rex Tillerson, umaze iminsi muri Afurika yasubitse gahunda yari afitiye muri i Nairobi. Ni nyuma y’uko itsinda ryazanye na we ritangaje ko yagize ikibazo cy’uburwayi butunguranye. Steve Goldstein, umwe mu bazanye bahagarariye USA yagize ati “Umunyamabanga wacu ntamerewe neza nyuma y’iminsi ibiri amaze yiga kuri gahunda nyinshi […]
Diamond yijeje nyina ko Imana imufashije atarenza uyu mwaka atarongoye
Diamond Platnumz, umuhanzi ukomoka muri Tanzania, yatangarije nyina ko Imana imushoboje uyu mwaka wa 2018 wajya kurangira yararongoye. Ubwo yifurizaga nyina umunsi mwiza, ku munsi mpuzamahanga w’abagore, Diamond yashimiye nyina wamubyaye akamurera ubu akaba amaze kuba umugabo, anaboneraho kumubwira ko ashobora kurongora. Yagize ati “mwifurije umunsi mwiza w’abagore n’abandi bose batuye isi, ndagushimira kuba warambyaye […]
Pasiteri yampanuriye ko mbonye umugabo, ansaba gutanga ishimwe ry’ibihumbi 500, ubu namenye ko ari imitwe we n’umusore bankinnye- NKORE IKI?
Yesu ashimwe bene data, nitwa Olive [ryahinduwe] iwacu ni mu murenge wa Gatenga ariko si ho mvuka, nkana nsengera muri rimwe mu matorero akorera mu mujyi wa Kigali. Ndi umufille-mere ukuze, imyaka yanjye nirinze kuyivuga, ariko ntabwo yari yarenga 40, nkaba mfite umwana umwe w’umuhungu ugiye kuzuza imyaka 7. Mu by’ukuri nubwo nabyaye, nta mugabo […]
Burundi: Umusirikare ufite ipeti rya kapiteni yakubiswe n’inkuba arapfa
Capt.Ngomirakiza Jean claude, wari umusirikare w’u Burundi, yakubiswe n’inkuba ku wa Kane tariki ya 8 Werurwe 2018, ahita apfa. Capt.Ngomirakiza, inkuba yamukubitiye ku Mutumba, Bisiza, Zone ya Bumva muri Komini Bukinanyana, Intara ya Cibitoke. Akaba yari umuyobozi w’abasirikare mu Nkambi ya gisirikare ya 511. Umuvugizi w’igipolisi, Pierre Nkurikiye, yatangaje ko uyu musirikare yakubiswe n’inkuba mu […]
Abagera kuri 15 bapfuye bazize kurya Ibihumyo
Abantu bagera kuri 15 muri Zimbabwe, bahitanwe no kurya ibihumyo bihumanye. Aho umuryango umwe watakarijemo abantu bane. Nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru The East African , abana barindwi(7) na nyirakuru wabo bo mu ntara yamajy’epho ya Matabeleland bariye ibihumyo bihumanye kuwa gatandatu tariki 3 Werurwe 2018 bituma umwana umwe apfa kuwa kabiri tariki ya 6 Werurwe 2018 […]
Ikipe y’u Rwanda igiye kugaruka nyuma y’ivanwaho rya Tour du Cameroun
Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje ko ikipe yari ihagarariye igihugu mu mikino y’amagare irasesekara ku kibuga cy’indege cya Kanombe. Ni nyuma y’uko irushanwa ry’amagare muri Kameroni, “Tour du Cameroun” ryavanweho. Ni ubutumwa bwaciye ku rubuga rwayo rwa Twitter. FERWACY yatangaje ko ikipe ihagarariye u Rwanda yasubiye mu murwa mukuru w’igihugu, Yaounde. “Ikipe yacu […]