Urutonde rw’ibihugu bifite ibisirikare bikomeye ku isi muri 2018
 Ku wa 21 Mata, ikigo gitangaza amakuru atandukanye ku bisikare, GFP(Global Fire Power) cyasohoye urutonde rw’ibihugu bifite ibisirikare bikomeye. Nk’uko bisanzwe, ibihugu nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Uburusiya bikomeza kuyobora, na ho Misiri(Egypt) iza ku mwanya wa mbere muri Afurika. Umuntu ashobora kwibaza ati “ese ni iki iki kigo kigenderaho gishyira ibihugu kuri […]
Kiyovu Sport iguye miswi na Rayon SportS, bituma Kiyovu yuzuza imyaka 6 idatsinda Rayon Sports
Ikipe ya Kiyovu Sport inaniwe gitsinda Rayon Sports binganya ibitego 2 kuri 2 bituma Kiyovu imara imyaka igera kuri 6 itazi uko gutsinda Rayon Sports bisa Rutahizamu wa Rayon Sports Shaban Hussein Tchabalala niwe utabaye iyi kipe mu minota ya nyuma y’umukino , bituma ikura inota rimwe kuri Kiyovu. Rayon Sports yakinaga yishyura dore ko […]
U Buyapani: Umukecuru wari ukuze kurusha abandi ku Isi yapfuye afite imyaka 117
Umuyapanikazi, Nabi Tajima wari ufite imyaka 117, ari nawe wari ufite imyaka myinshi kurusha abandi, yapfuye. Nk’uko ikinyamakuru AFP kibitangaza, ngo Nabi Tajima wavutse ku wa 4 Kanama1900, yapfuye saa mbiri z’ijoro ryo ku wa Gatandatu, itariki ya 21 Mata 2018, mu bitaro byo mu gace ka Kikai/ Kagoshima. Mu 2015 nibwo Tajima yemejwe nk’ushaje kurusha abandi mu Buyapani, […]
Amajyaruguru: Guverineri Gatabazi arashishikariza urubyiruko kugaragaza impano rufite zijyanye na siporo
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi JMV arasaba urubyiruko kugaragaza impano rufite zijyanye na Siporo ndetse rukanaziteza imbere. Ubwo yitabiraga umunsi wahariwe siporo wa ‘Car Free Day’, mu karere ka Rulindo, kamwe mu tugize intara y’Amajyaryguru, ku wa 21 Mata 2018, Guverineri Gatabazi yabatangarije ko siporo ari nziza ku buzima, itanga amafaranga,… by’umwihariko agashishikariza urubyiruko kuyitabira. Agira […]
Nyamasheke: Abahoze ari inzererezi barashimira Perezida Kagame wabakuye mu buzima busharira
Bamwe mu rubyiruko bahoze ari inzererezi bakaza kujyanwa mu kigo cya Iwawa bakigishwa imyuga inyuranye n’indangagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda, bavuga ko bashimira byimazeyo Perezida Kagame wabakuye ahabi, ubu bakaba bibeshejeho. Mu kiganiro na Bwiza.com, bavuze ko mbere yo kujyanwa  Iwawa bari barabaye imbata y’ingeso mbi zirimo kwiyahuza ibiyobyabwenge bitandukanye, ubujura n’ubundi bugome bunyuranye,dore ko […]
Uru Rwanda rwagize ibyago byo kuyoborwa n'abategetsi batagira umutima wa kimuntu- Hon. Mukabalisa
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko/Umutwe w’Abadepite, Hon. Mukabalisa Donatille, avuga ko kuba jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yarabaye, byaturutse ku kuba u Rwanda rwarategetswe n’abayobozi batagiraga umutima wa kimuntu. Yatangaje ibi, ubwo yifatanyaga n’abaturage bo mu karere ka Nyamagabe, ku wa 21 Mata 2018, kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuhango ukaba warabereye ku […]
Uru Rwanda rwagize ibyago byo kuyoborwa n'abategetsi batagira umutima wa kimuntu- Hon. Mukabalisa
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko/Umutwe w’Abadepite, Hon. Mukabalisa Donatille, avuga ko kuba jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yarabaye, byaturutse ku kuba u Rwanda rwarategetswe n’abayobozi batagiraga umutima wa kimuntu. Yatangaje ibi, ubwo yifatanyaga n’abaturage bo mu karere ka Nyamagabe, ku wa 21 Mata 2018, kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuhango ukaba warabereye ku […]
Koreya ya Ruguru yemeye guhagarika igerageza ry’ibisasu bya kirimbuzi
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un, yatangaje ko bahagaritse igerageza ry’ibisasu bya kirimbuzi by’umwihariko naho byageragerezwaga hagasenywa. Nk’uko BBC ibitangaza, Kim yavuze ko irindi gerageza ridakenewe kubera ko ubushobozi bwa Korea ya Ruguru bwo gukoresha intwaro za kirimbuzi bwasuzumwe neza. Ibi abivuga mu itangazo Leta yasohoye, itangaza ko kuva ku itariki ya 21 Mata […]