Nick Minaj yatunguye isi ubwo yatangazaga umusore bari murukundo muri iyi minsi -Amafoto
Umuraperikazi Nicki Minaj ubarizwa muri Leta zunze ubumwe z’Amerika yatunguye benshi mu bamukurikira umunsi kumunsi mu mpande z’isi avuga k’urukundo yaba afitanye numuraperi Eminem. Uyu muhanzi ugezweho mu ndirimbo ‘Chun-Li’ yavuze ibi biturutse ku gitekerezo cyanditswe n’umwe mu bafana be ku mashusho yari yashize kuri Instagram, amubaza niba ibihuha bivugwa ko ari gukundana na Eminem […]
Hari urubyiruko rwapfushije ababyeyi muri Jenocide rukaba rugiye gupfa nabi-Dr, Rev Pt Antoine Rutayisire
Dr, Rev Pt Antoine Rutayisire avuga ko hari urubyiruko rwabuze ababyeyi barwo muri Jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri Mata 1994 ariko narwo rukaba ruri kwiyica aho gukorera igihugu ngo rugere ikirenge mu cya bakuru babo babohoye igihugu. Ibi yabitangaje kuwa 25 Gicurasi ubwo yatangaga ikiganiro mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 24 abakirisitu […]
Ese waba uzi impamvu abagore benshi basakuza mu gihe kimibonano mpuzabitsina?
Twifashishije imbuga za internet zitandukanye zandika inkuru zijyane n’urukundo n’imibanire, ngo gutaka k’umugore mu gihe atera akabariro gusobanuye byinshi. 1.Ikimenyetso cy’uko yishimye Impamvu ya mbere ituma umugore arira cyangwa ataka mu gihe cyo gutera akabariro, ngo ni ibyishimo birenze aba yagize. Ibyishimo umugore agira iyo aryohewe n’imibonano mpuzabitsina ngo biba bimeze nk’iyo umuntu akoze mu […]
Uganda: Banki y’igihugu igiye gushyirwa ku isoko yegurirwe abashoramari
Banki nkuru y’igihugu muri Uganda igiye kugurishwa akayabo ka Miliyari 504 ikegurirwa abashoramari kuko ifaranga n’agaciro karyobiri kurushaho kuzamba muri kiriya gihugu. Amakuru dukesha ikinyamakuru spyreports cyo muri Uganda avuga ko hari amakuru yemeza ko gucunga banki nka leta ya Uganda bitagishobotse mu gihe ikomeje kugenda igwa mu gihombo uko bukeye n’uko bwije bityo ko […]
Umugore Bebe Cool, Zuena yibasiwe nyuma yo kuvuga ko ari Umunyarwanda
Umugore w’icyamamare mu muziki Bebe Cool, Zuena Kirema yibasiwe bidasubirwaho n’abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kuvuga ko ari umunyarwanda warerewe muri Uganda ndetse akaba atewe ishema n’igihugu cye cy’u Rwanda. Uyu mugore yatangaje ibi akoresheje ikirango ikipe ya Arsenal iherutse gushyira ku mpuzankano yayo gikangurira abantu gusura u Rwanda nyuma y’amasezerano u Rwanda rwagiranye […]
U Rwanda rwabaye igihugu cya 3 gishyigikiye amasezerano y’isoko rusange rya Afurika
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26 Gicurasi 2018, u Rwanda washyikirije Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) inyandiko zemeza burundu amasezerano ashyiraho isoko rusange rya Afurika, (AfCFTA), ruba u rwa Gatatu mu kwemea aya masezerano nyuma ya Kenya na Ghana byashyikirije AU izo nyandiko ku wa 10 Gicurasi 2018. Aya masezerano ashyiraho isoko rusange […]
U Rwanda rwasubije abanenga ubufatanye rwagiranye na Arsenal
Umyobozi w’Ikigo cy’igihugu cy’Iterambere(RDB) Claire Akamanzi yasubije abakomeje kunenga amasezerano u Rwanda ruherutse kugirana n’ikipe  yo mu cyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru mu Bwongereza, Arsenal afite agaciro ka milyoni 30 z’amayelo. Abinyujije ku rubuga rwe rwa twitter,uyu muyobozi yavuze ko abakomeje kunenga iyi gahunda bashobora kuba bafite ibindi bitari byiza bagambiriye cyangwa se bakaba nta […]