Rwamagana: Abana bakina ‘Kung-Fu’ bihaye intego yo guhigika amagare mu kwigarurira abafana
Abana biganjemo abakiri bato bakina umukino wa Kungfu, Wushu bavuga ko biyemeje gukina umukino wa Kungfu Wushu kandi bafite intego yo guhesha ishema akarere ka Rwamagana ku buryo bashaka kujya batsindira imidari ku rwego mpuzamahanga ndetse bakigarurira abafana b’amagare. Abana 28 nibo bakina umukino wa KUNGFU WUSHU ufite inkomoko mu gihugu cyàºbushinwa bakaba bakinira ikipe […]
Intebe y’ubumeya ubanza bayirwanira ihanda, urutonde rw’abayigera ni rurerure
*Sakwe sakwe ! Soma. *Yiigere uyiveho ! Ngicyo. *Intebe ya Meya! Inkubiri yo kwegura kw’abameya na bamwe mu bagize nyobozi yongeye kwaduka mu Rwanda, aho bamwe bavaho badateye kabiri. Meya wari uw’agateganyo wa Gicumbi, Sewase Jean Claude aciye agahigo ko kumara igihe gito kuri iriya ntebe, kuko yayoboye iminsi itandatu gusa agahita yegura. Mbere ye, hari abagiye […]
Muhanga: Prof. Dusingizemungu yasabye abagifite umugaga muri bo kuwureka bakabohoka
Mu muhango wo kwibuka abazize jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 , baguye i Kabgayi ,Perezida wa Ibuka Professeur Mu mu isingizemungu Jean Pierre , yasabye abagifite umugaga n’ubwoba muri wo kuwureka , bakabohoka, u fite ikibazo akakivuga ,ufite amakuru akayatanga. Prof.Dusingizemungu avuga ko kuba abantu bafite ingengabiterezo ya jenoside , baragiye babwirwa kuyigumana muri bo […]
Perezida Obama agiye gusura Kenya
Uwahoze ari perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Barrack Obama arateganya kugirira uruzinduko muri Kenya kuwa 15 Nyakanga 2018. Biteganyijwe ku muri uru ruzinduko rw’umunsi umwe, perezida Obama azabanza kuganira n’umukuru w’igihugu cya Kenya, Uhuru Kenyatta nyuma agasura ubutaka bw’iwabo mu gace ka K’Ogelo aho binateganyijwe ko azahura n’abavandimwe be. Uru ni rwo rugendo rwe […]
Uganda: Abanyarwanda 2 barakekwaho uruhare mu kwica umuturage
Polisi ikorera mu gace ka Kisoro muri Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abantu 2 bafite ibyangombwa byo mu Rwanda bakaba bakurikiranyweho uburahe mu bwicanyi bwakorewe umuturage wo muri kariya gace muri iki cyumweru dusoje. Chimpreports dukesha iyi nkuru ivuga ko uyu nyakwigendera witwa Samuel Safari w’imyaka 42 yishwe mu ijoro ryo kuwa Gatanu rishyira […]
Umufana wa Senderi yamusabye guhimba indirimbo ku iyegura rya ba Meya mu Rwanda
Umukobwa witwa Rwigamba Nadine uzwi ku izina rya Queen akaba umufana w’akadasohoka w’umuhanzi Eric Senderi International Hit yamandikiye amusaba ko yahimba indirimbo ivuga ku nkundura yo kwegura kwa hato na hato kw aba Meya mu Rwanda. Uyu mukobwa abinyujije ku rubuga rwa Instagram, yasabye uyu muhanzi ko yahimba indirimbo akayita “his is Rwanda”, indirombo yaba […]
Burundi: Habaye imyigaragambyo yo kwamagana ONU n’u Bufaransa
Mu Burundi, abantu babarirwa mu Magana babyukiye mu bikorwa by’imygaragambyo kuwa Gatandatu w’iki cyumweru igamije kwamaganira kure intumwa ya ONU muri kiriya gihugu, Michel Kafando, ONU ubwayo hamwe n’igihugu cy’u Bufaransa. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko bamwe mu bitabiriye iyi myigaragambyo ari abari baraye mu bikobwa by’amasengesho yo gusengera igihugu cy’u Burundi yabereye mu […]
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Burusiya ategerejwe mu Rwanda
Kuri iki cyumweru rariki ya 3 Kamena 2017, biteganyijwe ko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wo mu gihugu cy’u Burusiya, Sergey Lavrov ategerejwe mu Rwanda aho biteganyijwe ko ari busure ibikorwa bitandukanye birimo n’urwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi. Biteganyijwe ko nyuma yo gusura uru rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi, akavayo ajya kubonana na mugenzi […]