Rusizi: Abantu bataramenyekana barashe abaturage babiri (yavuguruwe)
Mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 10 Kamena 2018, abaturage babiri bo mu karere ka Rusizi, umurenge wa Bugarama, barashwe n’abantu bataramenyekana. Amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko abantu bitwaje intwaro barashe abaturage babiri mu mudugudu wa Kinamba, mu Kagari ka Pera, umurenge wa Bugarama. Bikaba bivugwa ko aba bantu barashwe ahagana Saa tatu […]
Nyamasheke: Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi batoye abakandida bazatoranywamo abazabahagararira mu matora y’abadepite-Amafoto
Nyuma y’amatora y’abanyamuryango ba FPR Inkotanyi yabereye mu tugari ku matarika ya 2 na 3 Kamena aho muri buri kagari hatorwaga abakandida 2,bose hamwe bakaba bari 136,bakaza kwitora mo 20 bagera ku rwego rw’akarere,kuri iki cyumweru,abanyamuryango 760 ba FPR Inkotanyi bitoreye abakandida 4 muri abo 20 bazatoranywa mo abazabahagararira mu matora y’abadepite ateganijwe mu gihugu […]
Nyamasheke: Nyuma y’imyaka 24 arwana n’umutima, Ngirababyeyi yerekanye aho yashyize imibiri y’abo yishe muri Jenoside
Nyuma y’uruhare yagize muri Jenoside yakorewe abatutsi akanabifungirwa imyaka 12 agataha amaze kuburana mu nkiko gacaca aho yemeye ibyaha akanabisabira imbabazi, Ngirababyeyi Aniseth w’imyaka 51 y’amavuko utuye mu kagari ka Save,umurenge wa Ruharambuga mu karere ka Nyamasheke,aravuga ko nyuma yo kwerekana aho yashyize imibiri ya bamwe mu bo yishe muri Jenoside yakorewe abatutsi igashyingurwa mu […]
AS Kigali ikomeje kuyobora urutonde rwa Shampiona nyuma y’uko APR inganyije na Police FC
Nyuma y’uko ikipe ya APR Fc inganyije na Police 1-1 mu mukino wa nyuma w’ikirarane, As Kigali ikomeje kuyobora urutonde rw’agateganyo. Kuva Police Fc yasinyisha umutoza mushya Albert Mphande ntaratsindwa umukino n’umwe wa Shampiona, aho nyuma yo gutesha amanota Rayon Sports, yongeye no kuyatesha APR Fc. Uyu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, […]
Perezida wa Koreya ya Ruguru yasesekaye aho agomba guhurira na mugenzi we Trump
Perezida wa Koreya ya ya Ruguru, Kim Jong yamaze gusesekara mu gihugu cya Singapour aho biteganyijwe ko agomba guhurira na mugenzi we Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Biteganyijwe ko aba baperezida bombi baomba guhurira mu nama izaba  ku munsi wa kabiri w’icyumweru kigiye gutangira. perezida Trump yafashe iyo nama ko ari yo […]
Urutonde rw'abantu bapfuye bakabashyingura mu modoka zihenze-Amafoto
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Nigeria yatunguye abantu ku munsi wejo tariki 10 Kamena 2018, ubwo hasakaraga inkuru y’ishyingurwa rye ryakorewe mu modoka ya BMW ifite agaciro ka miliyoni 32 z’amanaira (amafaranga akoreshwa muri Nigeria). Nkuko Naija.ng ibitangaza ngo uyu mugabo uzwi nka Azubuike yashyinguwe muri iyi modoka ya Se yari yaramusigiye ahitwa Anambra aho […]