AS Kigali ikomeje kuyobora urutonde rwa Shampiona nyuma y’uko APR inganyije na Police FC

Sangiza iyi nkuru

Nyuma y’uko ikipe ya APR Fc inganyije na Police 1-1 mu mukino wa nyuma w’ikirarane, As Kigali ikomeje kuyobora urutonde rw’agateganyo.

Kuva Police Fc yasinyisha umutoza mushya Albert Mphande ntaratsindwa umukino n’umwe wa Shampiona, aho nyuma yo gutesha amanota Rayon Sports, yongeye no kuyatesha APR Fc.

Uyu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, aho APR yasabwaga gutsinda Police Fc igasubirana umwanya wa mbere.

Kugeza ubu APR na As Kigali ziranganya amanota 51 buri yose, ariko As Kigali ikayobora urutonde rwa Shampiona kuko yatsinze APR ibitego 2-0 mu mukino wo kwishyura, mu gihe umukino ubanza bari banganyije

 

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *