Niba utajya utera akabariro ngo ugeze kuri iki gihe ubana n'uburwayi bukomeye
Abantu benshi bakunda kwibaza igihe cya nyacyo imibonano mpuzabitsina igomba kumara. Abagabo ahanini, nibo bakunda kugira impungenge z’igihe byasaba ngo bashimishe abagore babo. Mu mwaka wa 2005, nibwo Dr Irwin Goldstein yagaragaje ko iminota 7 ariyo minota nibura ihagije ngo abashakanye banyurwe n’akabariro. Nyuma yaho nibwo Dr Eric Corty yagize nawe icyo abitangazaho. Yagaragaje ko […]
Umuganga mu mazi abira nyuma yo gutangaza ko umurwayi yapfuye bagasanga yitemberera -Amafoto
Ku munsi wejo tariki 29 Kamena 2018 nibwo hasakaye inkuru y’umuganga ukora ku bitaro bya Kiambu Hospital watangaje ko umurwayi wari urwariye muri ibyo bitaro yitabye imana nyuma yo kwimurirwa ku bitaro bya Gatundu gusa byaje kugaragara ko aya makuru yari ibinyoma. Uyu muganga utatangajwe amazina, yatangaje ko umurwayi witwa Ngugi yapfuye nyuma gato yimuriwe […]
Amajyaruguru: Min. Kaboneka yasabye abayobozi gukora inshingano zabo uko bigomba
Ibi Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Hon Francis Kaboneka yabisabye Abayobozi bo mu Ntara y’Amajyaruguru bari bateraniye mu nama nyunguranabitekerezo y’iyi Ntara, yateraniye i Musanze kuri uyu wa kane tariki ya 28 Kamena 2018. Iyi nama yitabiriwe n’Abayobozi mu Ntara y’Amajyaruguru guhera ku rwego rw’Intara kugera ku rwego rw’Akagari. Yitabiriwe kandi n’Abayobozi b’Inzego z’Umutekano, barangajwe imbere n’Umugaba […]
ishuri rya E. S. S Hamdan Bun Rashid Al Maktoum ryibutse Abatutsi bazize Jenoside mu 1994
Ishuri rya Ecole Secondaire Hamdan Bun Rashid Al Maktoum riherereye mu murenge wa Kigarama, akagari ka Nyarurama akarere ka Kicukiro ryibutse kuri uyu wa 29 Kamena 2018, Abatutsi bazize Jenoside mu 1994 mu murenge batuyemo ndetse no mu gihugu hose muri rusange. Muri uyu muhango, Umuyobozi uhagarariye imiryango yabuze abayo muri genocide mu murenge wa Kigarama […]
Col Ndahura, ufunganye na Gen Kayihura, yamenyeshejwe ibyaha ashinjwa
Col Atwooki Ndahura wari umuyobozi w’ishami ry’ubutasi ku byaha, watawe muri yombi mu nkundura imwe na Gen Kale Kayihura wari umukuru w’igipolisi, yagumishijwe muri gereza ya gisirikare ya Makindye aho afungiye nyuma yo gushinjwa icyaha cyo kubangamira iyubahirizwa ry’amategeko. Ikinyamakuru Daily Monitor kiratangaza ko Col Ndahura yagejejwe imbere y’akanama gashinzwe imyitwarire (UDC) k’Urwego rw’Ubutasi mu […]
Hamisa Mobetto yinjiye mu muziki ashyirahanze indirimbo ye yambere – Yumve
Umunyamideli ukomeye cyene muri gihugu cya Tanzania uzwi nka Hamisa Mobetto wanabyaranye n’icyamamare muri muzika yo mukarere ndetse n’Afurika muri rusange Diamond Platnumz, ubu yamaze kwinjira mu muziki ku ikubitiro akaba yashyize hanze indirimbo ye yambere yise “Madam hero” Hamisa Mobetto ashyize hanze indirimbo ye yambere mu buryo bw’amajwi, asanzwe ari hafi cyane y’ibikorwa by’imyidagaduro […]
 Afurika igenda biguruntege mu gushyira mu bikorwa Amasezerano ya Malabo – Min. Mukeshimana
Imibare ya Afurika Yunze Ubumwe yo muri Mutarama yerekanye ko uyu mugabane ucumbagira mu gushyira muu bikorwa Amasezerano ya Malabo agamije guteza imbere ubuhinzi. U Rwanda rwaje ku mwanya wa mbere mu gushyira mu bikorwa aya masezerano rukaba rwari rufite amanota 6.1/10. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’ubuhinzi, Dr Geraldine Mukeshimana, kuri uyu wa Kane, itariki […]
E.U yagumishijeho ibihano yafatiye u Burusiya kubera kwivanga mu bibazo bya Ukraine
Abakuru b’ibihugu na guverinoma bigize Ubumwe bw’u Burayi bongereye andi amezi 6 ibihano bafatiye u Burusiya kubera kwivanga mu makimbirane yo muri Ukraine. Ni icyemezo cyafashwe kuri uyu wa Kane ushize mu nama y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (E.U) yabereye i Buruseli mu Bubiligi ku cyicaro cy’uyu muryango nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatanu mu itangazo […]
Polisi yafashe ingunguru 60 za Godoro zari zibwe mu bubiko bwa Kobil
Polisi mu mujyi wa Kigali, kuri uyu wa gatanu tariki ya 29 Kamena yafashe ingunguru 60 z’amavuta yifashishwa mu gukora imihanda ya kaburimbo azwi nka “Godoro”zari zibwe mu bubiko bwa Sosiyete icuruza lisansi ya Kobil buri mu Gatsata mu karere ka Gasabo. Aya mavuta afite agaciro ka miliyoni hafi icyenda (9) z’amafaranga y’u Rwanda, akaba […]