CNLG irashima inkiko za bimwe mu bihugu by'amahanga bihana abakoze jenoside

Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside [CNLG] irashima ibyemezo by’inkiko zo muri bimwe mu bihugu by’amahanga bihana abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi hashingiwe ku Masezerano Mpuzamahanga yo Gukumira no Guhana ibyaha bya Jenoside yo muri 1948. Komisiyo y’Igihugu yoKurwanya Jenoside (CNLG) irashima ko hari ibihugu by’amahanga bikomeje kubahiriza Amasezerano Mpuzamahanga yashyizweho umukono muri 1948 yo Gukumira no […]

Umugabo yakatiwe n’urukiko azira gucuruza inyama z’ipusi

Urukiko rwa Nakuru muri Kenya rwakatiye umugabo witwa James Mukangu Kimani igifungo cy’imyaka 2 ndetse anacibwa amande angina n’ibihumbi 50 by’Amashilingi akoreshwa muri kiriya gihugu azira guha abantu inyama za nyirahuku. Uyu mugabo yagabanyirijwe ibihano n’urukiko nyuma yo kujuririra ibihano yari yaciwe ku nshuro yabanje, aho urukiko rwari rwanzuye ko azafungwa imyaka 3 ndetse agacibwa ibihumbi 100 […]

Gasabo: Ubushinjacyaha bwamutwariye ibikoresho nk'ibimenyetso arabutsinda none kubimusubiza byarananiranye

Uwitwa Rukundo Jean Claude, wo mu Mudugudu wa Kumukenke, Akagali ka Ruhango, Umurenge wa Gisozi, mu Karere ka Gasabo, ho mu Mujyi wa Kigali akomeje gutaka akarengane akomeje gukorerwa n’abakabaye bamurenganura avuga ko ibikoresho bye, bifite agaciro ka miliyoni 18Frw, byafashwe nk’ibimenyetso ku cyaha yashinjwaga yabyimwe ndetse akaba afite impungenge z’uko byarigishijwe nyuma y’aho minisitiri […]

Nigeria: Amashyaka atavuga rumwe na leta yose yihurije hamwe ngo ahangane na perezida Buhari

Amashyaka asga 30 muri Nigeria yihurije hamwe asinyana amasezerano y’ibifatanye mu gukumira impamvu iyo ari yo yose yatuma perezida Buhari yongera kwiyamamariza kuyobora kiriya gihugu. Aya mashyaka yanditse muri kiriya gihugu agera kuri 39 akaba arangajwe mbere n’ishyaka, People’s Democratic Party (PDP) yihurije hamwe mu rwego rwo kugira ngo azishakemo uukandida uzayobora igihugu asimbuye Buhari […]

Demokarasi ntishobora gutandukanywa n’amateka, umuco n’ukuri kw’umuryango — Hon. Makuza mu Buhinde

Perezida wa Senat y’u Rwanda, Bernard Makuza, aremeza ko demokarasi udashobora kuyitandukanya n’amateka, umuco n’ukuri kw’umuryango kandi idashobora kubaho mu yindi nzira itari ukuyihuza n’ibyo abaturage bashaka ko guverinoma yabo yabakorera. Ibi yabitangarije mu Buhinde mu kiganiro yari yatumiwemo muri Observer Research Foundation. Muri iki kiganiro Perezida wa Senat y’u Rwanda yatanze isomo ku ruhare […]

Kirehe: Ababyeyi baratabariza abana babo bakubitwa bakanirukanwa ku ishuri

Ababyeyi bo mu murenge wa Nasho, akarere ka Kirehe, baratabariza abana biga ku  ishuri ribanza rya Ntaruka birukanwa burundu bazira amakosa bita ayorohereje, abandi bagakubitwa. Ababyeyi baharerera bavuga ko batewe impungenge n’uburyo abanyeshuri birukanwamo,  bamwe  bikabaviramo kuba inzererezi abandi bakajya gukora imirimo yo mu rugo mu mijyi. Umubyeyi utarashatse ko amazina ye atangazwa, yatangarije Bwiza.com, ko […]

Perezida Trump agiye gukorera uruzinduko rw’amateka mu Bwongereza

Mu gihe perezida w’Amerika, Donald Trump ateganya gusura u Bwongereza kuri uyu wa Kane tariki ya 12 Nyakanga 2018, u Bwongereza bwatangaje ko uzaba ari umunsi w’amateka ugereranyije n’izindi nzinduko abaperezida bamubanjirije bagiriyeyo. Ibitangazamakuru bitandukanye birimo na BBC byatangaje ko umutekano ugiye gukazwa mu mujyi wa Londres, aho biteganyijwe ko ibihumbi by’abapolisi n’abasirikare n’imbwa zisaka […]

Urutonde rw’Abajenerali 10 bamenyekanye mu gisirikare cya Congo bavuga Ikinyarwanda

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ni kimwe mu bihugu binini muri Afurika kandi binakungahaye ku butunzi bw’amabuye y’agaciro, gihoramo intambara z’urudaca ahanini kubera ubu butunzi. Kubera izi ntambara zitajya zirangira, hari bamwe mu basirikare bagiye bicomokora ku gisirikare cya Leta bagashinga imitwe y’inyeshyamba, bakigaragaza, n’amahanga akabamenya, kimwe n’abandi bakikirimo, ariko muri iyi nkuru yacu […]

Farumasi 4 muri 18 zafatiwemo imiti y’amatungo itujuje ubuziranenge zamaze gufungwa

Guhera ku itariki ya 3 kugeza kuya 6 Nyakanga, Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI), Ikigo k’Igihugu gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi (RAB) ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) byakoze igenzura mu maguriro y’imiti y’amatungo 52, aho 18 muri yo yafatanywe imiti itujuje ubuziranenge. Ibi bigo na Minisiteri bivuga ko iyi miti itujuje ubuziranenge irimo imaze amezi […]

Uganda: Umukino w’urusimbi warangiye abawukinaga bose babuze ubuzima

Abagabo babiri bapfiriye mu mirwano yadutse itewe n’umukino w’urusimbi bakinaga mu mujyi wa Mityana mu gihugu cya Uganda. Nk’uko bitangazwa na polisi, uwitwa Ronald Mukiibi, utuye ahitwa Kabule, mu Karere ka Mityana, yishwe atewe icyuma n’umuntu bakinaga urusimbi rw’amakarita hatamenyekanye imyirondoro ye. Ababonye uko ibi byagenze, batangarije Daily Monitor dukesha iyi nkuru ko Mukiibi yari […]

Perezida Trump yashyizeho umuyobozi mushya w’urukiko rw’ikirenga usimbura Anthony Kennedy

Kuri uyu wa 9 Nyakanga 2018, perezida Donald Trump yemeje Brett Kavanaugh nk’umuyobozi w’urukiko rw’ikirenga muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika akaba yamusimbuje Anthony Kennedy uherutse kwegura kuri uriya mwanya. Mu minsi yashize, ni bwo perezida Trump yatangaje ko yabasha kubona umuntu ushoboye kandi Wabasha kuyobora uriya mwanya neza ariko agaragazamo gushidikanya ko bigomba kwemezwa n’Inteko […]

Rubavu: Bamwe barara mu mwijima kandi amapoto y’amashanyarazi ashinze mu mirima yabo

Abaturage bo mu mirenge ya Rubavu, Rugero na Cyanzarwe bavuga ko bemeye gutanga imirima yabo nta ngurane ishingwamo amapoto y’amashanyarazi, bemera gutema insina zabo n’indi myaka bazi ko bagiye kuva mu icuraburindi, none umwaka ushize batarahabwa amashanyarazi bemerere. Bavuga ko insinga zica hejuru y’inzu zabo, amapoto ashinze mu mirima yabo, ariko imyaka ibiri ngo ikaba […]

Uburyo bwo gusabana n’Imana (Igice 1)

Nifuzako tuganira “ Nigute umuntu ashobora gushyika kubusabane” Muri iyi minsi abantu benshi barasenga ariko amasengesho yabo ntabazana ku busabane uhubwo usanga hari ikibazo cy’ibirayi byo mu Ruhengeri. Hari igihe nsoma bibiliya rimwe nkumva ndatangaye, abantu twakomotseho reka ntange urugero rwa Yesaya yashoboraga kugira iyerekwa risigaje imyaka Magana arindwi akavuga ngo “Duhawe, umwana w’umuhungu ” […]

Uganda: Umukobwa wa Maj Gen Mugyenyi yahamijwe kwamamaza ubusambanyi

Lillian Rukundo, umukobwa wa  Maj Gen Gavas Mugyenyi wungirije umugaba mukuru w’ingabo zirwanira mu kirere muri Uganda, kuri uyu wa Mbere yemeye ko ari we washyize kuri internet amashusho ye arimo kwikinisha akaba yashinjwaga ibyaha bigera ku 10 bifitanye isano no gukwirakwiza amafoto y’urukozasoni no guteza imbere amashusho y’urukozasoni mu rukiko rwa Buganda. Rukundo Lillian, […]

Polisi muri Musanze na Burera yafatanye abantu 6 inzoga z’amoko atandukanye zitemewe mu Rwanda

Ku cyumweru tariki 8 Nyakanga uyu mwaka, Polisi mu turere twa Musanze na Burera yakoze imikwabu igamije gufata abinjiza ibiyobyabwenge mu gihugu, ababikwirakwiza, ababicuruza, ababinywa n’ababikoresha; muri ibyo bikorwa ifatana abantu batandatu inzoga z’amoko atandukanye zitemewe mu Rwanda. Mukasine Chantal yafatanywe imifuka 13 yuzuye inzoga yitwa Blue Sky. Izi nzoga zafatiwe iwe mu rugo mu […]

Sudani y’pfo: Ihuriro ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, SSOA, ryamaganye ibyavuye mu biganiro by’I Entebbe

Nyuma y’umunsi umwe hatangajwe ibyavuye mu mishyikitano hagati ya pereida Salva Kiir na Dr Riek Machar, aho impande zombie zari zemeranyije kugabana ubutegetsi, kuri uyu wa Mbere ubwo Sudani y’Epfo yizihizaga Imyaka 7 kimaze kibayeho, amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi yanze kwemera iryo gabana ry’ubutegetsi ryatangajwe na leta. Ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi, SSOA, kuri uyu […]

Urukiko rwasubitse urubanza mu mizi rw'abashinjwa gushaka kugirira nabi ubutegetsi

Kuri uyu wa Mbere Urukiko Rukuru rwa Kigali rwasubitse urubanza rw’abayoboke 11 b’ishyaka FDU Inkingi baregwa ibyaha birimo gushaka kugirira nabi ubutegetsi buriho bunganirwa n’abanyamategeko, Gatera Gashabana na Antoinnette Mukamusoni. Hitabye 10 mu baregwa mu gihe uwa 11,Nkiko Erneste, ukurikiranywe adafunze atagaragaye mu rukiko. Uku kutagaragara kwa Nkiko, bivugwa ko nta mpamvu zihari zo kumukurikirana afunzwe, […]