Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping n’umufasha we bagiriye uruzinduko mu Rwanda
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping na Madamu we, Peng Liyuan mu ruzinduko rwabo bagiriye mu Rwanda rw’iminsi ibiri. Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki ya 22 Nyakanga 2018, ubwo Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping na Madamu we basesekaraga ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali, i Kanombe, bakiriwe […]
Gen Kayihura arakorwaho iperereza ku migambi yari afite yo kuzasimbura Museveni
Abakozi bakuru b’urwego rushinzwe ubutasi mu gisirikare (CMI) no mu rwego rushinzwe umutekano imbere mu gihugu cya Uganda (ISO) baravuga ko Gen Kale Kayihura yari asanzwe arimo gukorwaho iperereza kuva mu 2015. Mu kiganiro cy’ibanga Spyreports yagiranye n’abakozi b’izi nzego wongeyeho abakora mu Mutwe ushinzwe kurinda umukuru w’igihugu (SFC) bari inyuma y’iperereza kuri kayihura bahishuriye […]
Dore amagambo aryohereye y’imitoma wabwira umukobwa umutima we ukawigarurira
Abasore benshi usanga batazi kunezeza abakunzi babo mu biganiro, ahubwo abafite agafaranga ugasanga bateretesha impano zihenze, abandi bagateretesha amashuri n’izindi tewoli (Theories) bize mu mashuri n’ibindi, ariko mu by’ukuri umukobwa aba ashaka ko unamutetesha umubwira ibimuryohera mu matwi. Dore utugambo turyoshye wamubwira: Banza umurebe mu maso, maze umubwire uti : —     […]
Urutonde rw’abafasha b’abakuru b’ibihugu bya Afurika bamamaye- AMAFOTO
Kuba Perezida w’igihugu runaka ni inshingano zikomeye cyane, zisaba uzihawe kuba afite abajyanama, cyane cyane umujyanama wa mbere aba uwo mashakanye, bitewe n’amateka y’igihugu cyangwa ayakiranze bituma ubasha kumenyekana cyane ku Isi haba mu byiza cyangwa mu bibi. Kuba Perezida yamamaye hose ku Isi, ntibiba bivuze ko n’umufasha we ahita yamamara, kuko biterwa n’uko ku […]
Eritrea yashyizeho ambasaderi wayo i Addis Abeba
Nyuma y’iminsi ibiri Ethiopia igennye ambasaderi wayo muri Eritrea, perezida w’iki gihugu, Isaias Afwerki nawe yashyizeho ambasaderi wa mbere wa Eritrea muri Ethiopia nk’uko itangazo rya guverinoma ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatandatu rivuga. Ambasaderi wa Eritrea muri Ethiopia akaba ari Semere Russom, wari minisitiri w’uburezi ndetse akaba yarabaye ambasaderi wa Eritrea muri Leat Zunze […]
Zimbabwe: Perezida Mnangagwa arizeza abazungu ko nta muntu uzongera kubambura ubutaka
Perezida Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe, akaba ari n’umukandida mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe kuwa 30 Nyakanga, kuri uyu wa Gatandatu yijeje abahinzi b’Abazungu ko batazamburwa ubutaka bwabo, abahamagarira gukorana na guverinoma. Ku butegetsi bwa perezida Robert Mugabe, abahinzi benshi b’abazungu bambuwe amasambu yabo ahabwa abirabura uhereye mu 2000. Kuva icyo gihe, umusaruro w’ubuhinzi Zimbabwe yabonaga […]
Abasirikare b’u Burundi bari ku mupaka wabwo n’u Rwanda basabwe kurikanura
Mu gihe hari amakuru yavugaga ko hari abatera u Rwanda baturutse i Burundi, igisirikare cyabwo FDNB (Force de Defense Nationale du Burundi) kirabihakana kigakangurira abasirikare babwo kuba maso. Mu itangazo ryashyizweho umukono n’umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi, Colonel Floribert Biyereke, igisirikare cy’u Burundi cyatangaje ko nta mutwe cyangwa abandi bantu bitwaje intwaro barunze ku mupaka w’u […]
U Rwanda n’u Bushinwa mu nzira zo gusinya amasezerano y'ubutwererane agera kuri 15
Mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi 2 perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping ateganya kugirira mu Rwanda uhereye kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Nyakanga, hitezwe ko ibihugu byombi bizashyira umukono ku masezerano agera kuri 15 agamije guteza imbere ubufatanye n’imibanire hagati y’ibihugu byombi nk’uko bitangazwa na Amb. Olivier Nduhungirehe, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga. Uru […]
Kigali: Hafashwe abatekamutwe 3 bashakaga guhangika ibiro 212 by'amabuye bitaga zahabu
Polisi y’u Rwanda ikomeje gukomeza gukangurira abanyarwanda kwirinda abatekamutwe bakoresha amayeri atandukanye mu guhangika abaturage bakabambura ibyabo. Ubu burumwa bwatanzwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu mujyi wa Kigali, Senior Superintendent of Police (SSP) Emmanuel Hitayezu, ubwo yavugaga ku ifatwa ry’abantu batatu bageragezaga kugurisha abacuruzi babiri ibiro 212 by’ibyo bitaga amabuye y’agaciro kandi atariyo, bakaba […]