Ubutumwa buhumuriza Harmonize yageneye abahoze bakorana nawe ubucuruzi buciririrtse

Umuririmbyi  ukomoka mu gihugu cya Tanzaniya, Rajab Abdul Kahali uzwi nka  Harmonize yatangaje ko ubuzima abamo atigeze abutekereza habe no mu nzozi aboneraho umwanya wo gusaba abo bahoze bakorana guhangana n’ibibazo bahura nabyo ntibave ku izima. Uyu muhanzi abinyujije ku rukuta rwa Instagram ubwo yari yasuye abakorera mu gace kitwa Kariakoo mu mujyi wa Dar Es […]

Urwenya: Umukobwa abahungu baramubwiye ngo niyurire igiti

1.Umukobwa  yabwiye nyina ngo abahungu bambwiye ngo nurire igiti, nyina ati reka reka ubwo bashakaga kukurebera ikariso. Umukobwa ati nanjye nari nabiketse ngiye kurira mbanza nyikuramo. 2. Umusore  yajyanye umukunzi we i wabo kumwerekana, igihe bari ku meza bafata amafunguro ise wumuhungu yongorera umwana we ati:”niko sha uyu mukobwa ureba imirari akaba atagira amenyo wamukundiye […]

Perezida Kagame avuga ko gusabiriza inkunga ari nko gutsindwa mu myumvire kw’Abanyafurika

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame akaba n’umuyobozi w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), avuga ko Afurika ishobora gutera inkunga iterambere ryayo. Ibi yabitangaje ku wa Kane tariki ya 2 Kanama 2018 i Kigali, mu kiganiro ku ‘Gutera inkunga umugabane wa Afurika hagamijwe iterambere rirambye”. Iki kiganiro cyatangiwe mu nama ihuza abahoze ari abakuru b’ibihugu barimo […]

Ese Gen. Adolphe Nshimirimana azashyirwa mu Ntwari z’u Burundi?

Imyaka itatu ishize Lt. Gen Adolphe Nshimirimana wari inkingi ikomeye mu gisirikare cy’u Burundi yishwe, bitewe n’uruhare yagize ngo Leta ya Nkurunziza ifate ubutegetsi, bamwe bakaba bamusabira gushyirwa mu ntwari z’igihugu ariko abandi bakabitera utwatsi. Ku wa 2 Kanama 2015, nibwo igikuba cyacitse i Burundi nyuma y’inkuru yari imaze kumenyekana ko Lt Gen Nshimirimana yishwe, […]

Chris Brown ari kwifashisha amashusho y’urukozasoni ngo izina rye rikurwe mu rubanza

Umuririmbyi Chris Brown  avuga ko urubanza rwo gufata ku ngufu  aregwamo rudakwiye kuba rumureba  bitewe n’uko ubwo icyaha cyabaga yari ahuze. Iki kirego cyatanzwe n’umugore utaratangajwe amazina avuga ko mu kwezi kwa Gicurasi yafashwe ku ngufu n’inshuti ya Chris Brown ubwo yari mu rugo rw’uyu muhanzi . Uyu mugore avuga ko ubwo yafatwaga ku ngufu  […]

Pasiteri yakubiswe nk’iz’akabwana ubwo yiyemeraga ko agiye kuzura umuntu bikamunanira

Umupasiteri witwa Getayawkal Ayele wo mu gihugu cya Ethiopia yahaswe ikiboko ubwo yizezaga abaturage ko agiye kuzura umuntu wari witabye Imana bikamunanira. Pasiteri Getayawkal Ayele uniyita intumwa y’Imana, yari agiye kuzura uwitwa Belay Biftu, umuryango we umuha ubwo burenganzira, aragerageza biranga, umuryango we uramwahuka uramukubita aza gukizwa na Polisi. Nk’uko ikinyamakuru Afrik.com kibitangaza, ngo Getayawkal […]

Ubwiza bwawe nicyo gishoro – Huddah Monroe

Alhuda Njoroge wamamaye nka Huddah Monroe n’umunyakenyakazi ukunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga  cyane cyane kuri Instagram akaba n’umunyamideli w’umwuga, yahishuye byinshi bitari bizwi ku buzima bwe bwite ndetse anasubiza bimwe mu bibazo byamatsiko yabajijwe nabamukurikira kuri instagram. Ubwo yaganiraga n’abamukurikira kuri instagram Huddah yahishuye byinshi ku buzima bwe aho yavuze ko yifuza kuzabyara abana 7 […]

Nyamasheke: Abiga muri GS FAK barasabwa gukurana umuco wo kwishakamo ibisubizo

Ubuyobozi bw’Urwunge rw’amashuri rwitiriwe ‘ Frank Adamson ’ (GS FAK/ Kibogora) n’ubw’umurenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke burasaba abiga muri iri shuri gukura bakunda igihugu cyabo no gukurana umuco w’ubutwari no kwishakamo ibisubizo. Ibi babyibukijwe ubwo bizihizaga umunsi w’umuganura usanzwe wizihizwa ku wa Gatanu wa Mbere w’ukwezi kwa   Kanama, aho bahisemo kuwizihiza berekana […]

Jean Pierre Bemba yakiriwe n’imbaga y’abaturage ubwo yageraga muri Congo

Umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta ya Kabila, Jean Pierre Bemba ubwo yasesekaraga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakiriwe n’imbaga y’abaturage nyuma y’imyaka 10 yari amaze ari muri gereza ku mugabae w’u Burayi. Bemba yahanaguweho ibyaha n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha TPIR yashinjwaga by’intambara, ubu akaba yaravuze ku mugaragaro ko ashaka kwiyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu muri […]

Rubavu/Rusizi: Bane bafatanwe ibiro 46 by'urumogi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’i Burengerazuba ifatanyije n’abaturage bafatanye abagabo bane ibiro 36 by’urumogi mu turere twa Rubavu na Rusizi. Bose hamwe bafashwe ku itariki ya 1 Kanama uyu mwaka. Abitwa Habiyaremye Edouard w’imyaka 35 na mugenzi we Uwizeyimana Cyprien w’imyaka 20 bafatiwe mu murenge wa Gihundwe mu kagari ka Shagasha  bafite ibiro […]

Ibitekerezo ugomba gusiga inyuma mu gihe wiyemeje gushinga urugo

Burya gushaka ni igikorwa cya kigabo ntago bishobora buri wese kandi gushaka no gukomeza urugo ni ikindi niyo mapamvu mu gihe hari ingeso za kunaniye uba usabwa kubanza kwitekerezaho mbere yo gufata icyo cyemezo Mu gihe cyose urangwa nizi ntekerezo ntuzirirwe uhirahira ngo ushake umugore cyangwa umugabo kuko ntago mwamarana kabiri. zimwe muri izo twavuga: […]