Kigali: Umunyamakuru yateraguwe ibyuma, agirwa intere n’abantu bataramenyekana
Umunyamakuru w’imwe muri televiziyo zikorera mu Rwanda, BTN, Elise Nsengimana ari mu bitaro bya CHUK muri urgence nyuma yo guteragurwa ibyuma akagirwa intere mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki ya 19 Kanama 2018 ahitwa Kimisagara n’abantu bataramenyekana. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, yatangaje ko abantu batatu bamuturutse inyuma bakamutera ibyuma ndetse bakamukubita igisa n’ubuhiri kugeza […]
Nyamasheke: Baremeza ko ibyo umuryango FPR Inkotanyi umaze kubagezaho ari byo bituma bakomeza kuyigirira icyizereÂ
Abaturage b’imirenge ya Cyato,Macuba na Karambi mu karere ka Nyamasheke baravuga ko ubwigunge FPR Inkotanyi yabakuyemo kubera ibikorwa remezo yabagejejeho birimo imihanda,amashanyarazi ,amavuriro,amasoko n’amazi meza bibatera gukomeza kugirira icyizere  uyu muryango,ngo bakazabigaragaza ku wa 3 Nzeri,bitorera ku bwinshi abakandida depite watanze. Bongeye kubigaragaza mu bikorwa byo kwamamaza abakandinda depite b’umuryango FPR Inkotanyi byabaye muri iyi […]
Kamonyi : Itegeko rya mbere rizaba iryo gukuraho umusoro w’ubutaka — DGPR
Ubwo ishyaka riharanira Demokarasi no Kurengera ibidukikije mu Rwanda ryiyamamarizaga mu Karere ka Kamonyi i Gihara mu Ntara y’Amajyepfo, kuri uyu wa 18/08/2018. Umuyobozi wa Green Party mu Ntara y’amajyepfo Ferdinand Mutabazi niwe wafunguye ibikorwa byo kwiyamamaza i Gihara, ATANGIRA YIZEZA Aaaturage ba Kamonyi n’Abanyarwanda bose muri rusange ko Green Party nitorwa ikinjira mu nteko […]
Umuraperi Drake yibasiye Kanye West mu gitaramo
Umuraperi Drake yibasiye mugenzi we Kanaye West mu gitaramo yakoreye mu mujyi wa Chicago ku wa Gatandatu tariki ya 18 Kanama 2018, avuga ko atagikunzwe. Drake yitwaje ukutumvikana kuri hagati ye n’umuraperi Pusha T yavuze ko Kanye West yazimye aho benshi babihuje n’uko aherutse kumukorera alubumu ye nshya yise’ Daytona’. Mu ndirimbo ye ‘Know Yourself’ […]
Nyamasheke: Abana bibana biteguye kubyaza umusaruro ubufasha bahabwa n’abaterankunga
Abana bibana bo mu mirenge ya Bushenge, Ruharambuga, Kagano, Kanjongo Rangiro na Karengera mu karere ka Nyamasheeke bavuga ko nubwo bugarijwe n’ibibazo by’inzitane kimwe n’abandi bana bameze nka bo bo mu yindi mirenge y’aka karere, biteguye kubyaza umusaruro ubufasha bahabwa n’ubuyobozi bw’akarere kabo kimwe n’abandi bafatanyabikorwa. Ibi ni bimwe mu byo abana nk’aba bo mu […]
Byinshi wamenya ku buzima buhenze Gen Kayihura abayemo butapfa kubona imfungwa ibonetse yose
Gen Kale Kayihura amaze amezi asaga abiri afungiye ibyaha bitaramenyekana, ubuzima uyu mujenerali abayemo aho afungiye ngo bukaba buhenze cyane ku buryo imfungwa zibufungwamo ari ntazo mu gihugu cya Uganda. Aho Gen Kayihura afungiye, muri gereza ya gisirikare ya Makindye, ngo ni mu nzu ifite ibyumba bibiri, ikaba inafite koridoli abasha gutemberamo uko ashaka, abasha […]
Nshobora kwirwanaho n’iyo naba ntafite abarinzi- Perezida Museveni
Perezida wa Uganda, Yoweli Museveni yagaragaje ukutishimira ibitangazamakuru ndetse na bamwe mu bashinzwe umutekano abashinja gukomeza kugaruka ku bitero byagabwe ku modoka ye mu karere ka Arua mu cyumweru gishize. Museveni avuga ko  bibabaje kubona abantu bata umwanya ku kuvuga ku modoka kurusha uko bavuga ku banyapolitiki bagize uruhare mu bikorwa byatumye umuntu umwe ahasiga […]
Nyagatare: Umugore afunzwe acyekwaho guha umupolisi ruswa
Muhawenimana Ange w’imyaka 32 y’amavuko ukomoka mu karere ka Kicukiro akurikiranyweho gutanga ruswa ku mu Polisi kugira ngo arekure inshuti ye yitwa Munyehirwe Eliezel ufungiye kuri Sitasiyo ya Nyagatare aho akurikiranyweho ubujura bwa Terefoni yakoreye mu mujyi wa Nyagatare. Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Uburasirazuba Chief Inspector of Police (CIP) Theobald Kanamugire avugako Muhawenimana yafashwe […]