Igenzura rya MINEDUC ryagaragaje mudasobwa nyinshi zidakoreshwa
Itsinda ry’abagenzuzi ba Minisiteri y’uburezi ryagaragaje ko mu bigo byinshi mudasobwa zagenewe abana zidakoreshwa uko bikwiye; zimwe ziracyabitswe, hari izikoreshwa n’abatabigenewe, izibwe n’izapfuye ubuyobozi bugaterera iyo. Ubwo hizihizwaga umunsi wa mwarimu ku wa Gatanu tariki 5 Ukwakira 2018, ni nabwo itsinda ry’abagenzuzi ba Minisiteri y’Uburezi ryari rikubutse mu turere twose rikora ubugenzuzi. Nubwo batageze mu […]
“Indege ikaruruka ntibakome imbere, Rusumbabose” ibisingizo, Ntaganda yifuza guha Perezida Kagame
Aya niyo mazina azitwa uwari umenyerewe nk’Intore izirusha intambwe, umukuru w’igihugu akaba n’umuyobozi w’ishyaka riri ku butegetsi FPR INKOTANYI, nyakubahwa Kagame Paul. Aya mazina mashya ngo niyo Ntaganda Bernard azamwita umunsi yafashe umwanzuro wo gufungura abandi banyapolitiki bagifunze, nk’uko yamaze kubikorera Diane Rwigara, Adeline Mukangemanyi, Ingabire Victoire Umuhoza na Kizito Mihigo. Me Ntaganda Bernard, wiyita […]
Ku myaka 10 y’amavuko, Dj Switch akomeje kwamamara
Erica Tandoh w’ imyaka 10 y’ amavuko ukomoka muri Ghana amaze kwamamara ku isi biturutse ku mpano ya muzika aho aherutse kuba umu DJ nyuma y’ amahugurwa yakoze mu minsi 5 gusa. Uyu Erica Tandoh uzwi ku izina rya DJ Switch aherutse gususurutsa abaperezida batandukanye bo ku Isi ubwo bahuriraga mu nama rusange ya 15 ya […]
U Rwanda rwizihije Umunsi Mpuzamahanga w’Abageze mu zabukuru
Kuri iki Cyumweru, itariki 07 Ukwakira 2018 u Rwanda rwizihije umunsi mpuzamahanga w’abageze mu zabukuru, aho wizihirijwe hirya no hino mu midugudu mu gihe ku rwego w’igihugu wizihirijwe mu Karere ka Gicumbi. Ku itariki ya 14 Ukuboza 1990, nibwo Inteko Rusange ya LONI, mu myanzuro yayo no 45/106, yemeje itariki ya 1 Ukwakira nk’umunsi ngarukamwaka […]
DRC: Opozisiyo isaba Loni kwirinda amayeri ya Kabila mu kuburizamo amatora
Mu gihe kuwa 23 Ukuboza 2018,muri Repubulika Iharanira Demokrasi ya congo biteguye amatora ya Perezida wa Repubulika opozisiyo irasaba Loni kutagwa mu mutego wa Perezida Joseph Kabila. Aba banyapolitiki bahanganye n’ ishyaka PPRD ya Joseph Kabila wamaze kwemeza ko ataziyamamaza, bakomeje kugira impungenge ko hari umugambi ukomeye ugamije kuburizamo amatora ya perezida wa Repubulika. Abayobozi […]
Hari ibyo andi mashuri yakwigira ku mashuri yo muri Rubavu – MINEDUC
Nyuma y’ubukangurambaga bwo guteza imbere ireme ry’uburezi bwakozwe ku bufatanye na Minisiteri y’Uburezi hari bimwe byagaragaye mu mashuri yo mu karere ka Rubavu yasuwe andi mashuri yakwigiraho. Nk’uko byagarutsweho ubwo hamurikwaga ibyagaragaye mu mashuri 32 yakorewemo ubu bukangurambaga kuri uyu wa 21 Nzeri 2018 hari amashuri yagaragayemo udusha mu mikorere, imicungire ndetse n’imiyoborere andi mashuri […]
Uvira: Abarundi n’Abanyarwanda bafunze bashinjwa ubunyeshyamba baratabaza
Amakuru aturuka Uvira muri Kivu y’Amajyepfo ho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko Abarundi batawe muri yombi bashinjwa kuba inyeshyamba, bafunzwe mu buryo buteye agahinda. Aho aba bafungiye biravugwa ko harimo n’Abanyarwanda. Benshi muri aba Barundi ni urubyiruko batawe muri yombi bashinjwa kuba inyeshyamba. Bashinjwa gushakira abarwanyi umutwe wa RED Tabara cyangwa FNL, […]
Umugabo w’imyaka 58 yarokowe ubucakara yari amazemo imyaka 40
Umugabo w’imyaka 58 kuri uyu wa Gatatu ushize yarokowe n’abayobozi b’u Bwongereza ubucakara ibyavuye mu iperereza ry’ibanze bivuga ko yari amazemo imyaka igera kuri 40 afungiwe mu kazu k’imbaho k’umugabo w’imyaka 79 utuye ahitwa Carlisle. Uwari waramushyize muri ubu bucakara watawe muri yombi, yashoboraga gukurikiranwaho icyaha cy’Ubucakara bugezweho ariko yahise arekurwa. Ubwo uyu mugabo wagizwe […]
Umucuruzi yafatiwe ku muhanda asambana n’umuforomokazi
Umucuruzi witwa N. Dieng n’umuforomokazi witwa A. Faye bafatiwe ku muhanda basambana, ni mu gace kegereye umuhanda uri hagati ya Pikine na Dakar muri Senegal. Dieng asanzwe ari umucuruzi mu mujyi wa Petit Mbao, ngo akaba yari yatumiye umukunzi we, A.Faye, usanzwe ari umuforomokazi ku ivuriro riri i Yeumbeul, bahura mu masaha ya saa moya […]
Rubavu: Abatujwe mu mudugudu w’icyitegererezo basabwe kuwufata neza
Minisitiri w’Ingabo, Gen James Kabarebe ubwo yatahaga ku mugaragaro umudugudu w’icyitegererezo wa Bahimba wubatse mu Murenge wa Nyundo, mu Karere ka Rubavu, Intara y’Iburengerazuba, yasabye abawutujwemo kuwubungabunga. Imiryango 24 yakuwe mu manegeka niyo yatujwe muri uyu mudugudu, ubwo watahwaga ku mugaragaro ku wa Gatandatu tariki ya 6 Ukwakira 2018, Min. Gen Kabarebe yasabye abo Leta yawutujemo […]
U Buyapani buraburira Afurika ku nyota y’inguzanyo z’amahanga
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Buyapani, Taro Kono yaburiye ibihugu byo muri Afurika abisaba gucunganwa n’inyota y’inguzanyo z’amahanga bifite, abigira inama ko gucunga neza imyenda ari rwo rufunguzo rw’iterambere rirambye ry’umugabane wa Afurika bikozwe n’Abanyafurika ubwabo. Minisitiri Kono kuri uyu wa Gatandatu yatangaje ibi ubwo yafunguraga inama y’abaminisitiri ku iterambere rya Afurika izwi mu Cyongereza nka […]
Kenya: Umuhanzi Bahati mu munyenga w’urukundo n’ibyishimo hamwe n’umuryango we- AMAFOTO
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Bahati, umugore we, Diana Marua ndetse n’umwana wabo, Heaven, bagaragaye bari ku mwaro, mu munyenga w’urukundo n’ibyishimo. Abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram, Bahati yatangaje ko cyari cyo gihe cyo kujya mu karuhuko, ko kuva yava muri kwezi kwa buki ndetse n’umwana we yavuka, yari atari yajya kuruhuka. […]
USA: Kavanaugh wari uhangayikishije Abademokarate yemejwe na Sena mu Rukiko rw’Ikirenga
Sena ya Leta zunze ubumwe z’Amerika yemeje ko Brett Kavanaugh, w’imyaka 53 y’amavuko, aba umucamanza wa cyenda mu rukiko rw’ikirenga. Yemejwe ku majwi 50-48 y’abagize sena. Kavanaugh asimbuye kuri uwo mwanya Anthony Kennedy wafashe ikiruhuko cy’izabukuru mu kwezi kwa gatandatu uyu mwaka. Kwemezwa kwa Kavanaugh kwabayemo impaka nyinshi cyane nyuma yuma yuko hari abagore bamushinje […]
RDC: Impanuka ikomeye yahitanye abagera kuri 50
Abantu bagera kuri 50 bapfuye ubwo ku wa Gatandatu tariki ya 6 Ukwakira 2018, ikamyo itwaye ibikomoka kuri peteroli yagonganaga n’imodoka mu muhanda munini wo mu burengerazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Byabereye hafi y’umujyi wa Kisantu, uri hagati y’umurwa mukuru Kinshasa n’icyambu cya Matadi. Atou Matabuana, Guverineri w’Intara yo hagati ya Congo, yavuze […]
Nyamasheke: Hon. Senani arashimirwa uruhare rwe mu kuzamura uburezi mu kigo yayoboraga
Abanyeshuri b’urwunge rw’amashuri rwitiriwe Frank Adamson rwa Kibogora ( GS FAK) mu karere ka Nyamasheke, abayeyi babo, abarezi babo n’itorero Methodiste Libre mu Rwanda nyiri iri shuri, barashimira byimazeyo uwari umuyobozo waryo, Hon. Pasiteri Senani Benoit wagiriwe icyizere n’abaturage n’umuryango FPR Inkotanyi agatorerwa kuba intumwa ya rubanda mu nteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite, uruhare yagize […]