Kigali: Imodoka yinjiye mu nzu yâubucuruzi yangiza byinshi
Imodoka itwara abagenzi yo mu bwoko bwa Coaster, yataye umuhanda yinjira mu nzu ikorerwamo ubucuruzi yangiza ibikoresho birimo mudasobwa (computers) n’ibindi bitandukanye. Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 06 Ugushyingo 2018, ahagana saa tatu na mirongo itatu n’itanu z’ijoro (21:35), i Nyamirambo mu gace ka Biryogo, nibwo imodoka itwara abagenzi yo mu bwoko […]
Rusizi: Prof. Shyaka yatunguwe no gusanga 40% bari mu cyiciro cya mbere nâicya 2 byâubudehe
Umunsi wa mbere wâuruzinduko Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu, Prof. Shyaka Anastase agirira mu turere twa Rusizi na Nyamasheke yarutangiriye mu karere ka Rusizi, aho yasuye ibikorwa binyuranye birimo ibyâiterambere atungurwa no gusanga 40% byâabaturage bari mu kiciro cya mbere nicya 2 cyâubudehe. Mu bikorerwa kandi yabanje gusura harimo no ku mipaka ya Rusizi ya mbere nâiya […]
Karongi: Zimwe mu mpunzi zo mu Nkambi ya Kiziba zabuze mu rukiko biteza impaka
Kuri uyu wa kabiri, itariki 06 Ugushyingo Urukiko rwisumbuye rwa Karongi rwasubukuye urubanza rw’impunzi z’Abanyekongo zo mu Nkambi ya Kiziba ariko bamwe mu baregwa badahari biteza impaka mu rukiko ababunganira babaza aho baburiye n’icyakozwe bamaze kubura. Iri tsinda ry’impunzi z’Abanyekongo ryagejejwe mu Rukiko Rwisumbuye rwa Korongi baregwa guteza imidugararo no gusuzugura amategeko y’igihugu cyazakiriye. Ni […]
Abacunga umutekano  basaga  20,000 bitabajwe mu gitaramo cya Bobi Wine
Leta ya Uganda irateganya kwifashisha abashinzwe uutekano barenga 20,000 mu rwego rwo kubungabunga umutekano mu gitararamo cya depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine cyiswe âKyalengaâ. Aba bashinzwe umutekano nkâuko  Spyreports dukesha iyi nkuru ibitangaza bazaba baturuka mu gipolisi, ubutasi bwa gisirikare nâabashinzwe kurwanya iterabwoba. Iyi nkuru ivuga ko uyu ari umwanzuro wafatiwe mu nama […]
Hatahuwe imirambo myinshi aho ingabo zâu Burundi zarwaniye nâinyeshyamba
Abaturage bâahitwa Muhanga, mu gace ka Kigoma mu Ntara ka Kivu yâAmajyepfo bavuga ko hatoraguwe imirambo myinshi aho inyeshyamba zikomoka mu Burundi za RED-Tabbara zarwaniye nâabo bita abasirikare bâu Burundi. Mu cyumweru gishize nibwo imirwano yatangiye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho inyeshyamba zikomoka i Burundi ngo zarwanye nâundi mutwe wâinyeshyamba, bicyekwa ko ari […]
Kuryamana na Kim Kardashian ni nko gukorera marato mu gitanda- Ray J baryamanye
Umuririmbyi Ray-J atangaza ko kuryamana na Kim Kardashian ari nko gukora imyitozo ya marato (Marathon) mu gitanda. Ibi musaza wâumuhanzi Brandy, Ray-J yabitangarije ikinyamakuru  The Sun mu cyumweru gishize ubwo yari mu Mujyi wa Landani(London). Yagize atiâ Iyo twaryamanaga nabaga meze nkuri marato mu gitanda. Ntiyakundaga kubira ibyuya kuko iyo byabaga yabaga ahita abyihorera.â Ku […]
Miss Iradukunda yasabwe kuzahagararira u Rwanda neza muri Miss World 2018
Miss Rwanda 2018, Iradukunda Liliane, kuri uyu wa Kabiri, itariki 06 Ugushyingo yakiriwe na minisitiri wa siporo nâumuco, Nyirasafari Esperence mu biro bye asabwa kuzahagararira igihugu neza mu Bushinwa. Mu mubonano we na minisitiri wâumuco, Miss Iradukunda Liliane yahawe impanuro zizamufasha mu marushanwa ya Nyampinga wâIsi 2018 (Miss World 2018) agiye kwitabira azabera mu Mujyi […]
Perezida Salva Kiir agiye guhuza Khartoum nâinyeshyamba zayigometseho
Perezida Salva Kiir wa Sudani yâEpfo agiye kuba umuhuza mu biganiro hagati ya guverinoma ya Sudani nâinyeshyamba mu ntara ya Blue Nile, Kordofan yâAmajyepfo na Darfur. Ni ibiganiro biteganyijwe ko bizatangira mu cyumweru gitaha. Tut Kew, Umujyanama mu byâumutekano wa Salva Kiir yabwiye itangazamakuru kuri uyu wa Mbere, itariki 05 Ugushyingo, ko Perezida Kiir yemeye […]
Kutavuga rumwe nâubutegetsi ntabwo ari intego- Mpayimana
Philippe Mpayimana wiyamamarije umwanya wâumukuru wâigihugu mu Rwanda mu 2017, yatangazaga ko yashinze ishyaka rya Politiki, anemeza ko intego yaryo atari iyo guhangana na Leta iriho mu Rwanda. Ishyaka rya Mpayimana yaryise iry’iterambere ry’Abanyarwanda, PPR (Parti du ProgrĂšs du Peuple Rwandais) riharanira iterambere ryâabanyarwanda, rikaba ryaratangajwe ku mugaragaro ku wa 28 Ukwakira 2018. Mu kiganiro […]
Urupfu rwâumubyeyi, iturufu kuri Kayumba mu guhakana gutera gerenade i Kigali
Umuhuzabikorwa wa mbere wâIshyaka ritavuga rumwe na Leta yâURwanda rya RNC, Kayumba Faustin Nyamwasa avuga ko ubwo mu duce dutandukanye two mu Mujyi wa Kigali haterwaga gerenade, yari mu Rwanda mu kiriyo cyâumubyeyi we. Kayumba Nyamwasa yari amabasaderi wâU Rwanda mu buhinde. Yaje kuza mu Rwanda gushyingura umubyeyi we ari nabwo kuwa 19 Gashyantare  2010 […]
Perezida Kagame arasabwa kugira icyo akora ku kibazo cya Sahara yâUburengerazuba
Ishyirahamwe ryo mu Bufaransa riharanira imibanire ya gicuti nâubufatanye nâabaturage bo muri Afurika (lâAssociation Franà §aise dâAmitiĂ© et de SolidaritĂ© avec les Peuples dâAfrique) ryitabaje Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, nka Perezida wa Afurika Yunze Ubumwe muri iki gihe, rimusaba kugira icyo akora ku kibazo kiri hagati ya Sahara ya Ruguru nâigihugu cya Maroc gishinjwa kuyigarurira. […]
Umugabo nâumugore bapfanye bamaze gusezerana
Umugore n’umugabo bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bapfiriye mu mpanuka y’indege ya kajugujugu nyuma y’isaha imwe yari ishize bamaze gusezerana. Will Byler na Bailee Ackerman Byler bombi bigaga muri Kaminuza ya Sam Houston State University. Ikinyamakuru cyandikwa n’abanyeshuri ni cyo cyatangaje iyi nkuru bwa mbere ko bapfuye. Iyo mpanuka y’indege yabereye hafi y’ahitwa […]
Nyamasheke/Shangi: Gukoresha neza inguzanyo byabagobotoye ingoyi yâubukene
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Shangi, mu karere ka Nyamasheke bavuga ko bamaze kwigobotora ingoyi yâubukene yasaga nâiyababayeho karande mbere yâuko Leta ibegereza ibigo byâimari, bakavuga ko babikesha gutinyuka inguzanyo no kuyikoresha neza. Aba baturage bavuga ko mbere bakibika amafaranga mu ngo bayabonaga ari menshi ariko akagenda nkâuko yaje ntacyo abasigiye, ushatse inzoga […]
Umuhanzi Harmonize yafatiwe bugwate mu gihugu cya Kenya
Umuhanzi Harmonize yafatiwe bugwate mu gihe cyâamasaha ane  muri hoteli yo mu mujyi wa Eldoret bitewe no kunanirwa kwishyura fagitire. Harmonize na Bagenzi be bane bari bafatiwe muri hoteli ya Starbucks ku cyumweru nyuma yo kunanirwa kwishyura asaga amashilingi ya Kenya ibihumbi 68. Umuntu wa hafi yavuze ko ibi byatewe nuko uwateguye igitaramo yaburiwe irengero […]
RDC: Intambara yâamasasu ikomeje kuvuza ubuhuha mu bice bitandukanye
Inyeshyamba ebyiri za MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ Â zasize ubuzima mu mirwano yo ku wa 4 Ugushyingo 2018, mu gace ka Painda, kari mu bilometero bitanu uvuye mu mujyi wa Beni, ahari ibirindiro bya FARDC. Nkâuko Umuvugizi wa Operasiyo Sokola 1, Capt. Mak Hazukay abitangaza, ngo izi nyeshyamba zari zifite intwaro za gakondo nâiziturika, zagabye igitero ku kigo cyâingabo […]
Cameroun: Abanyeshuri hafi 80 nâumuyobozi wâishuri bashimuswe
Abantu basaga 80 biganjemo abana bâabanyeshuri bashimutiwe muri rimwe mu mashuri yo mu burengerazuba bwa Cameroun mu mujyi wa Bamenda uherereye mu gice gikoresha Icyongereza, aho kugeza ubu nta mutwe urigamba iki gikorwa. Muri iki gice hari abatavuga rumwe nâubutegetsi bifuza leta yigenga muri iki gice cyâuburengerazuba bwa Cameroun ndetse bari basabye abanyeshuri kwanga kujya […]
Ba banyamahanga 4 bafatiwe mu Kiyaga cya Rweru binjiye mu Burundi bagaruwe mu Rwanda
Abanyamahanga bane;Abagande batatu nâumuzungukazi ukomoka muri Australia baherutse gufatirwa mu Kiyaga cya Rweru barenze amazi yâu Rwanda bakinjira mu gice cyâu Burundi bagarutse mu Rwanda. Aba banyamahanga uko ari bane, abagabo batatu bâAbagande nâumuzungukazi ukomoka muri Australia, batawe muri yombi kuwa Gatandatu ushize, itariki 03 Ugushyingo nyuma yâaho bari mu Kiyaga cya Rweru ku ruhande […]
Mayirungi,ikiyobyabwenge kidakunze kuvugwa nyamara gikomeje kwangiza urubyiruko
Khat,Miraa,Mayirungi aya yose ni amazina akunze kwitwa iki kiyobyabwenge, inzobere mu buzima zemeza ko iki kiyobyabwenge iyo cyageze mu muntu kimera nka nkongwa mu kigori. Polisi yâu Rwanda yashyize imbaraga mu kurwanya ibiyobyabwenge aho biva bikagera ititaye ku bwoko bwabyo,ni muri urwo rwego Mayirungi nayo iri mu biyobyabwenge birwanywa umunsi ku wundi. Imibare igaragaza ko […]