Uganda: Abanyakenya 2 utakeka ko ari abajura bafashwe bamaze kwiba isakoshi y’umugore muri hotel

Igipolisi cya Uganda cyataye muri yombi abagabo babiri bakomoka muri Kenya bari bamaze kwiba isakoshi y’umugore muri Serena Hotel nyuma yo kubakura mu menyo y’abaturage bari bariye karungu bashaka kubakosora. Abo banyakenya ni Peter Kamau Wanja na Chrispin Kanyuira. Nk’uko byatangajwe na polisi, ngo aba Banyakenya babiri bakunze kuba bari mu mahoteli akomeye guhera kuwa […]

Nyarugenge: Abafite ubutaka batarandikisha bahawe iminsi 60 yo kubwandikisha

Abaturage bafite ubutaka mu Karere ka Nyarugenge batarandikisha bahawe iminsi mirongo itandatu (60) uhereye kuri uyu wa 07 Gashyantare 2019, yo kuba babwandikishije nk’uko biteganywa n’amategeko. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Akarere ka Nyarugenge kuri uyu wa Kane Bwiza.com yabashije kubonaho, riravuga ko hashingiwe ku biteganywa n’Itegeko No 43/2013 ryo kuwa 16/06/2013 rigenga ubutaka mu Rwanda, ingingo […]

Abapolisi batandatu bashinjwe gutera amabuye imodoka ya Perezida Museveni

Abapolis batandatu bagejejwe mu rukiko rw’ikinyabupfura ku bwo kudakora akazi kabo neza. Ibi ngo ni byo byatumye imodoka yari itwaye Perezida Museveni iterwa amabuye. Mu mwaka ushize, imwe mu modoka ziherekeza Perezida Museveni yatewe amabuye ubwo hari amatora yo gushaka umudepite w’Akarere ka Arua uzasimbura Ibrahim Abiriga wari wishwe. Mu bagejejwe mu rukiko harimo  Jonathan […]

C.Ronaldo arasaba Juventus kugura James Rodriguez na Felix Joao w’imyaka 19

Rutahizamu w’ikipe ya Juventus, Cristiano Ronaldo arasaba ubuyobozi bw’ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani, kugura abakinnyi babiri yifuza yo bamufasha guteza imbere iyi kipe. Ibinyamakuru bitandukanye byo mu Butaliyani nk’uko ikitwa Calciomercato kibitangaza, ngo byatangaje ko Cristiano yifuza ko Juventus igura James Rodriguez wa Bayern Munich na Felix Joao wa Benfica. Ibi binyamakuru bitangaza ko […]

Mahama: Hatangiye kubakwa ikigo kizarushaho guhuza impunzi n’abaturage baturiye inkambi

Mu nkambi ya Mahama icumbikiye impunzi z’Abarundi zahungiye mu Rwanda hatangijwe iyubakwa ry’ikigo kizarushaho guhuza izi mpunzi ndetse n’Abanyarwanda baturiye iyi nkambi . Iyubakwa ry’iki kigo kiswe “ Restoration Hozagara ” ryatangijwe ku mugaragaro na Maison Shalom ndetse n’Umuryango utegamiye kuri leta wo mu Busuwisi witwa Inshuti z’Ikiremwamuntu. Iki kigo kizubakwa kuri meterokare 600 uhereye […]

Rwana nanjye cyangwa undigate igitsina- Chris Brown abwira Offset

Umuhanzi Chris Brown ararebana nabi n’umuraperi Offset bitewe no kutumva ibintu kimwe kuri mugenzi wabo, Savage 21. Chris Brown yashyize hanze amashusho ya Savage 21 amunnyega ko yari yarahishe inkomoko ye. Uyu yavugaga ko ari Umunyamerika kanuni gusa biza kugaragagara ko akomoka mu Bwongereza. Offset ntiyishimiye igikorwa cya Breezy nk’uko bakunda kumwita, na we amwita […]

Amerika igiye kugura ubwirinzi bukaze bwa Misile muri Isiraheli

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko gifite umugambi wo kugura no kugerageza uburyo bwa Israel bw’ubwirinzi bw’ibisasu bya misile buzwi nka Iron Dome. Ni uburyo bukoresha radari na misile zo kuburizamo, mu guhangana n’ibitero bigabwe. Israel yatangiye kubukoresha guhera mu mwaka wa 2011. Minisiteri y’ingabo ya Amerika itangaza ko ubu buryo bw’ubwirinzi […]

Hon. Makuza yakumbuje u Rwanda Abanyarwanda baba muri Congo

Mu ruzinduko arimo, Perezida wa Sena, Makuza Bernard yahuye n’Abanyarwanda batuye muri ya Congo Brazzaville, aho yabasobanuriye amahitamo Abanyarwanda bakoze nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’impinduka zayo mu mibanire, imibereho n’iterambere ryabo. Mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, kuva ku wa 6-8 Gashyantare 2019, Perezida wa Sena y’u Rwanda, Makuza Bernard yahuye n’uw’iya Congo, Pierre […]

Perezida Museveni yaburiye abatekereza guhungabanya umutekano wa Uganda

Perezida Yoweri Museveni kuri uyu wa Gatatu, itariki 06 Gashyantare, ubwo hibukwa umunsi watangije igitero cyo kubohora igihugu mu 1981, yaboneyeho kuburira abashaka guhungabanya umutekano wa Uganda ababwira ko bazisenya ubwabo ndetse ko n’abakora ubwicanyi muri Kampala bazatsindwa. Perezida Museveni akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo za Uganda, yavuze ko umutwe wa NRA waje kuvamo UPDF wagiye […]

Umusore twashwanye nanze ko dusambana avuga ko agiye kundogesha akoresheje amafoto yanjye- Nkore iki?

Umusore witwa Felix [ryahinduwe] wo mu karere ka Kirehe ariko ukorera akazi k’ubushoferi mu mujyi wa Kigali, akomeje kumbuza amahoro nyuma y’aho dushwaniye dupfuye ibyo tutahurizagaho. Njyewe nitwa Redempter ntuye Kicukiro nkaba ndi umucungamutungo muri kampani icukura amabuye y’agaciro. Umusore twakundanye kuva mu mwaka wa 2014 ubwo yari umushoferi iwacu ku kazi. Nyuma yaje kuhava […]

Perezida Kenyatta yijeje mugenzi we Tshisekedi gufasha Congo kugera ku mahoro n’umutekano

Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya kuri uyu wa Gatatu, itariki 06 Gashyantare yijeje ubufasha mu kugarura amahoro n’umutekano muri Repubulika iharaniira Demokarasi ya Congo, ubwo perezida Felix Tshisekedi yasuraga Kenya mu ruzinduko rw’akazi. Kenyatta kandi yabwiye mugenzi we ko yakuye isomo mu bibazo bya politiki byatewe no kutemera intsinzi ye kwa Raila Odinga nyuma yo […]

Narababaye cyane uriya mwana Mwiseneza Josiane yiswe ngo ni Ingagi- Dep.Habineza

Depite Habineza Frank wigeze kwitwa Ingagi ubwo yiyamamazaga ku mwanya w’umukuru w’igihugu mu 2017, avuga ko yababaye cyane ubwo na Mwiseneza Josiane, umukobwa wiyamamarizaga kuba nyampinga w’u Rwanda 2019, yayitwaga n’abatari bamushyigikiye. Mu kiganiro kirambuye cyabaye tariki ya 4 Gashyantare 2019 kuri Hotel Meridiye  (Merdien), Bwiza.com yagiranye na Depite Habineza Frank, umunyapolitiki utavuga rumwe na […]

Abandi Banyarwanda biganjemo abagore birukanwe ku butaka bwa Uganda

Polisi ya Uganda yasubije iwabo abagore batandatu b’Abanyarwanda n’abana babo babiri ndetse n’umugabo umwe bari bamaze iminsi iri hagati y’umwe n’itandatu bafungiwe  ku mupaka wa Cyanika mu Karere ka Kisoro. Aba banyarwanda birukanwe ku butaka bwa Uganda kuwa Gatatu tariki ya 6 Gashyantare 2019. Muri aba harimo uwitwa Namahoro Assuma w’imyaka 37 ukomoka mu Karere […]

Nyabihu: Umugore n'umugabo bafatanwe udupfunyika 3700 tw’urumogi

Polisi mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Mukamira  kuri uyu wa kabiri tariki 05 Gashyantare, yafatanye abantu babiri udupfunyika 3794 tw’urumogi bakura mu karere ka Rubavu nabo bakarukwirakwiza mu turere twa Nyabihu na Musanze.   Abafashwe ni Harerimana Theogene w’imyaka 30 y’amavuko wafatanwe udupfunyika 2024 na Murekatete Gaudence w’imyaka 40 y’amavuko wafatanwe udupfunyika 1770 tw’urumogi. […]