Muhanga: Umunuko n’amasazi bibangamiye abaturiye ahagenewe kumenwa imyanda
Bamwe mu batuye mu kagari ka Kanyinya, mu Murenge wa Muhanga, Akarere ka Muhanga begereye ahamenwa imyanda itandukanye iva mu mujyi wa Muhanga, bavuga ko babangamiwe n’umunuko uva mu bishingwe bimenwa hafi y’ingo zabo n’amasazi abiturukamo. Habamenshi valens, umwe mu baturage baturiye iki kimoteri avuga ko uburyo kibabangamiye, bakifuza ko ubuyobozi bw’aka karere bwakihakura kuko […]
Leta y’u Burundi ngo irimo kwaka abaturage ku ngufu amafaranga izifashisha mu matora yo mu 2020
Leta y’u Burundi ngo nta mafaranga ifite izifashisha mu matora y’umukuru w’igihugu ateganijwe mu 2020, bityo ngo ikaba yarasabye abayobozi muri za komini kuyaka abaturage. Nk’uko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, ngo Komini 119 z’u Burundi ziri mu gisa n’ipiganwa, zaka abaturage amafaranga no ku ngufu kugira ngo zizahige izindi mu gukusanya iyi nkunga. Radiyo […]
Zinedine Zidane yagarutse muri Real Madrid, Solari yeretswe amarembo
Ikipe ya Real Madrid yatangaje ko Zinedine Zidane yagarutse kuba umutoza wayo nyuma y’uko ifashe umwanzuro wo kwirukana Santiago Solari azira umusaruro muke. Uyu mufaransa agarutsa mu ikipe twakwita ko yamureze nyuma y’iminsi igera kuri 284 afashe umwanzuro wo kwitandukanya nayo. Ibi byatewe no kutumvikana n’umuyobozi w’iyi kipe, Frorentino Perez. Zidane watangaje nk’umutoza saa 20:00, […]
Rusizi: Ababyeyi batewe inkeke n’imyambarire y’abanyeshuri b’abakobwa
Ikibazo cy’abanyeshuri biga mu bigo bibacumbikira badodesherezwa imyambaro y’ishuri ikwiye n’ababyeyi babo nyamara bagera hirya bakayigabanyisha igasigara ari utuntu bita ‘udukojeje isoni’,  ababyeyi,abanyeshuri ubwabo n’ubuyobozi bw’ibigo by’amashuri mu karere ka Rusizi bavuga ko kigenda gifata intera ndende kandi bigira n’ingaruka ku myifatire n’imyigire yabo, bagasaba ubufatanye bw’inzego zose mu guhashya iyi ngeso. Aba babyeyi bavuga […]
Tshisekedi ni nka masiki (masque) yambawe na Kabila- Martin Fayulu
Martin Fayulu, umwe mu banyapolitiki batemeye ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu aherutse kuba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko Perezida Felix Tshisekedi ari nk’uw’ agakingirizo Joseph Kabila yashyizeho kugira ngo agume ku butegetsi. Ibi Fayulu yabitangarije i Bruxelles, mu Bubiligi ku wa 9 Werurwe 2019, ubwo yitabiraga inama muri Kaminuza y’i Brussel (VUB). […]
Mu myaka 40, Abashinwa miliyoni 700 bakuwe mu bukene
Urugamba rwo kurwanya ubukene bukabije ni imwe mu ntego perezida Jinping yihaye kuva akinjira muri pilitiki. Kuva mu 1978, abamaze kuva mu bukene basaga miliyoni 700, abakiburimo ni miliyoni 16 nabo batazarenza mu 2020. Tariki ya 7 Werurwe, ni umunsi wa kane w’inama ngishwanama ya 13 y’ishyaka PCC riri ku butegetsi mu Bushinwa. Kuri uyu […]
Uganda: Umunyarwanda wari umaze hafi amezi 3 afunzwe ashinjwa ubutasi yarekuwe by’agateganyo
Umunyarwanda Moses Ishimwe Rutare, uherutse gushinjwa mu Rukiko rwa Nakawa muri Kampala icyaha cyo kwinjira no kuba muri Uganda mu buryo bunyuranyije n’amategeko, yamaze kurekurwa by’agateganyo mu gihe biteganyijwe ko azasubira mu rukiko kuwa 01 Mata 2019. Ni nyuma y’uko yari amaze hafi amezi atatu atawe muri yombi ashinjwa ubutasi. Amakuru dukesha televiziyo NTV yo […]
Imyembe mibisi Fille yohererezaga uwo bahoze bakundana yagize ingaruka zikomeye
Umunyarwandakazi ukorera umuziki mu gihugu cya Uganda, Fille Mutoni akomeje kugaruka mu mutima w’uwo bahoze bakundana, Edwin Katamba uzwi nka MC Kats. Fille na MC Kats batandukanye burundu mu mpera z’umwaka wa 2018. Ni nyuma y’aho buri ruhande rushinja urundi gucana inyuma. Mu rwego rwo kwiyibagiza Fille,  Katamba yamwambuye imbuga nkoranyambaga zakurikiranwaga n’abantu benshi ndetse […]
Urutonde rw’abaherwe b’abirabura mu 2019
Buri mwaka, Forbes gisohora intonde z’ibyamamare bitandukanye. Abirabura b’abaherwe na bo bagaragara muri iki kinyamakuru. Muri uku kwezi ni bwo uru rutonde rwasohotse, Aliko Dangote wo muri Nigeria yongera kuruyobora. Uru rutonde ruyobowe n’abanya Nigeria bakurikiranye, na none rukiganzamo abanyafurika. Ubucuruzi bw’amavuta, ikoranabuhanga, ishoramari na kompanyi z’itumanaho ni zimwe mu mpamvu zatumye bamwe muri aba […]
Gen Kayihura yaguriwe indi nzu, agiye guhabwa indi mirimo nyuma y'agatebe
Perezida wa Uganda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’I ngabo z’igihugu (UPDF), Yoweri Museveni yaguriye indi nzu Gen Kayihura ndetse amusezeranya kumuha indi mirimo muri Leta. Kuri ubu Gen Kayihura yamaze kuva mu nzu yari amazemo imyaka 13 abamu n’umuryango we ubwo yari Umuyobozi wa Polisi ya Uganda. Umwe mu bantu ba hafi mu muryango wa Gen […]
Sebaba mu mwiherero i Gabiro: Aravuga k’ubucuruzi buri mu burezi mu Rwanda aho kuba ireme
Ariko genda Sebaba uri umuhanga wowe ubasha gucengera mu nama zikomeye z’abayobozi kugeza no ku y’umwiherero! Ibi nabibwiwe n’umwe mu bayobozi twari twicaranye wigeze kumenya kera akaba ataramperukaga usibye muri za 94. Ati ese wowe ukorera uruhe rwego? Nanjye nti urw’abaturage! Ati ese uri intumwa ya rubanda? Nanjye nti yego ariko sinatowe ni uko gusa […]
Perezida Uhuru Kenyatta uri mu Rwanda yakiriwe mu Mwiherero w’Abayobozi bakuru b’igihugu
Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 11 Werurwe, yasesekaye I Kigali mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi, aho yakiriwe ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Richard Sezibera, mbere yo kwerekeza i Gabiro mu Karere ka Gatsibo ahabera Umwiherero w’Abayobozi bakuru b’igihugu kuva mu cyumweru […]
Nta mpamvu n'imwe yatubuza gukomeza guharanira uburenganzira bwacu- Ingabire Victoire
Umuyobozi w’Ishyaka ritavugarumwe n’ubutegetsi mu Rwanda (FDU-Inkingi), Ingabire Umuhoza Victoire atangaza ko nta mpamvu ihari yatuma badakomeza guharanira uburenganzira bwo gukora politiki mu gihugu. Uyu muyobozi w’ishyaka ritaremerwa mu Rwanda atangaje ibi nyuma y’urupfu rw’umwe mu bamufashaga akaba n’Umuvugizi w’Ishyaka, Anselme Mutuyimana wishwe mu ijoro ryo kuwa 8 rishyira kuwa 9 Werurwe 2019. Mu kiganiro […]
U Bushinwa bwakomanyirije indege zo mu bwoko bwa Boeing 737 Max 8 nyuma y’impanuka yabaye
Kompanyi nyinshi z’indege zahagaritse ingendo z’indege zo mu bwoko bwa Boeing 737 Max 8 nyuma yaho indege yo muri ubu bwoko ya kompanyi Ethiopian Airlines yo muri Ethiopia ikoreye impanuka. Indege ya kompanyi Ethiopian Airlines yavaga mu murwa mukuru Addis-Abeba wa Ethiopia yerekeza mu murwa mukuru Nairobi wa Kenya, yakoze impanuka ku cyumweru hashize iminota […]
Uganda n’u Rwanda guhitamo intambara ni amahitamo y’urupfu – Umuyobozi wa Kisoro
Abayobozi b’ibanze mu turere two muri Uganda duturanye n’u Rwanda barasaba ibiganiro hagati ya perezida Museveni na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame mu rwego rwo kwirinda ko hagira ubuzima bw’abantu bwabura ndetse ibyabo bikangizwa mu gihe ibihugu byombi byaba bigiye mu ntambara. “ Ntabwo dushaka intambara. Uganda n’u Rwanda guhitamo intambara ni amahitamo y’urupfu […]
Abashaka kudutera ntibazi ubushobozi dufite- Perezida Museveni
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni atangaza ko abo yise abanzi b’iki gihugu bashaka kugihungabanyiriza umutekano babiterwa n’uko batazi ubushobozi gifite. Avuga ko aba banzi ba Uganda bagomba kuba bagira ubwoba iyo babonye uburyo iki gihugu gishobora gufata ingabo zacyo, kikazishyira mu gikorwa nyir’izina. Museveni ntatangaza abanzi ba Uganda abo ari bo. Ubwo yafunguraga inganda eshanu […]
Muhanga: Uwashatse kwihekura ngo abone uko abana n’undi mugabo yakatiwe urumukwiye
Ku wa 7 Werurwe 2019 Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwasomeye mu ruhame urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo  umugore witwa Nyirabizimana Immaculee icyaha cyo kuroga  umwana we rumukatira igifungo   cy’imyaka 25 . Ku wa 4 Werurwe 2019, Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Muhanga rwasabiye igihano cy’igifungo cya burundu Nyirabizimana Immaculee ukurikiranyweho icyaha cyo kuroga umwana we w’umukobwa w’ umwaka […]
Gen Kyaligonza yahaswe ibibazo
Ambasaderi wa Uganda mu Burundi Rtd. Maj. Gen Matayo Kyaligonza yahaswe ibibazo n’Umuyobozi wa Polisi y’iki gihugu, IGP Martin Okoth Ochola ku bijyanye no guhohotera umupolisikazi. Mu minsi ishize, Gen Kyaligonza n’abarinzi be bagaragaye bafashe mu mashati umupolisikazi, Kaporali Esther Namaganda ahitwa Seeta mu Karere ka Mukono. Byavuzwe ko imodoka yari itwaye Gen Kyaligonza yari […]
Nyina wa Diamond yahakanye kugira uruhare mu myitwarire umuhungu we yagaragaje ku kiriyo
Nyina w’umuhanzi Diamond Platnumz, Sanura Sandra Kasimu yatangaje ko nta nama yagiriye umuhungu we kugira ngo ajye gushyingura uwari umuyobozi wa Clouds Media, Ruge Mutahaba. Diamond yagaragaye mu muhango wo gusezera Ruge ariko ntibyavuzweho rumwe. Byemejwe ko Diamond yaje akererewe kandi ko atabashije gusezera ku murambo kuko yaheze hanze. Abajijwe niba ari we wamugiriye iyi […]
Van Gaal watozaga Manchester United yasezeye ku mirimo y’ubutoza
Umusaza watoje ikipe nka Manchester United yo mu Bwongereza, Louis Van Gaal yatangaje ko atazongera gutoza umupira w’amaguru cyangwa ngo akore ibijyanye na wo. Mu kiganiro yagiranye na televiziyo yo mu Buholandi, Dutch TV, Van Gaal yagize ati: “Ubu nasezeye mu mupira w’amaguru. Nta gahunda mfite ijyanye na wo, habe no gusesengura ku mateleviziyo. Nasezeranyije […]