Hindura intekerezo zawe kugira ngo uneshe

Yobu 13:15 “Naho yanyica, napfa nyiringira. N’ubwo bimeze bityo, inzira zanjye nzazikomeza imbere yayo.” Ubuzima ni urugamba. Urugamba ni imbuto yo gukoresha intambara, uko byagenda kose, ukwiriye kuyitsinda. Yobu ni urugero rwiza rw’akababaro ka muntu. Yari asigaye akennye, abana be barishwe. Inshuti ze za hafi zamuciraga imanza. Ariko gutsinda byatumye imigisha ye yikuba kabiri Mugenzi […]

Mpora mvuga ko kuba muri opozisiyo bitavuze kuba umwanzi w’uwo mutabona ibintu kimwe- Ingabire Victoire

Umuyobozi w’Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda (FDU-Inkingi), Ingabire Victoire atangaza ko atumva impamvu rubanda rwatangajwe no kumubona  mu bikorwa by’umuganda aganira na Min. Sezibera Richard n’abandi bayobozi. Ku wa 27 Mata wari umunsi w’Umuganda rusange usoza ukwezi kwa Mata, aho Abanyarwanda bose bakoze ibikorwa bitandukanye birimo; kubaka inyubako zitandukanye, gusibura imihanda n’ibindi. Minisitiri w’Ububanyi […]

Leta y’u Rwanda yemeje ko ifite Sankara wigambaga gufata Nyungwe

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 30 Mata 2019, Leta y’u Rwanda  yemeje ifatwa rwa Sankara Callixte wigambaga kugaba ibitero mu Rwanda no gufata tumwe mu duce tw’u Rwanda turimo na Pariki ya Nyungwe. Mu itangazo Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwasohoye, rwemeje ko rufunze Nsabimana Callixte uzwi cyane ku izina rya Sankara. Muri iri tangazo, […]

Kigali: Yafashwe agerageza guha Umupolisi Ruswa

Polisi y’u Rwanda iraburira umuntu wese ufite umutima wo gutanga cyangwa kwakira ruswa ko atazihanganirwa. Ni nyuma yaho ifashe umugabo urimo ugerageza guha Umupolisi ruswa. kuri uyu wa 28 Mata  Polisi yafashe Hitimana Emmanuel  agerageza gutanga ruswa kugira ngo imodoko yari yazanye gusuzumisha mu kigo gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga (Control Techinic) isonerwe amakosa Umupolisi yari ayisanganye. […]

Amafoto: Dore ibigango by’umusore Diamond yavuze ko yaryamanaga na Zari

Mu cyumweru gishize Diamond yatunguranye avuga ko Zari wahoze ari umugore we yamucaga inyuma akaryamana na Peter wo muri P-Square ndetse n’umusore atigeze avuga amazina ariko ngo akaba yari ashinzwe kumufasha imyitozo ngororamubiri mu 2017. Kuri ubu rero byamenyekaanye, amafoto yashyizwe hanze agaragaza uyu musore wo muri Afurika y’Epfo witwa Tumise ufite ibigango, bimwe mu […]