Ibaruwa y’ ukwezi kwa Gatanu/2019

Nibintije Evangelical Ministries Pittsburgh, Pennsylvania USA Ndabaramukije mu izina ry’ Umwami wacu Yesu Kristo, Mbere yuko mbagezaho Ubutumwa mbandikiye mbanje kubashimira amasengesho yanyu mudasiba kudusengera uko bwije ni uko bukeye. Kandi tubashimira umuhate wo gukurikirana impanuro zikubiye mu inyigisho z’ ijambo ry’ Imana mugezwaho n’ umuryango w’ Ivugabutumwa wacu witwa Nibintije Evangelical Ministries International ( […]

Rwamagana: Barishimira ibikorwa by’ingabo z’igihugu mu iterambere ry’abaturage

Ubuyobozi n’abaturage batuye mu karere ka Rwamagana, barishimira ibikorwa birimo gukorwa n’ingabo z’igihugu hagamijwe kwihutisha iterambere n’imibereho myiza y’abaturage. Ibikorwa by’ingabo bigamije iterambere ry’umuturage mu Karere ka Rwamagana byatangiye tariki ya 17 Mata 2019, ibikorwa bikorwa birimo kuvura indwara,  gutunganya ibishanga no kubakira abatishoboye,… Kuri uyu wa 8 Mata 2019 nibwo ingabo zifatanyije n’abayobozi n’abaturage […]

Umunsi begereye umuriro uzabotsa- Perezida Kagame avuga abarwanya Leta y’u Rwanda

Perezida Kagame avuga ko umutekano w’u Rwanda ugomba kuboneka ku neza byaba ngombwa no ku bundi buryo, agashimangira ko abirirwa bagambirira ku wuhungabanya bavugira kure mu mahanga,umunsi bazaba basatiriye igihugu ko umuriro uzabotsa. Umukuru w’igihugu yabitangarije mu Karere ka Burera, Intara y’Amajyaruguru, aho yasuye abaturage kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Gicurasi 2019. Yavuze […]

Barcelona yakinnye nk’abana bari munsi y’imyaka 14- Jose Mourinho

Uwahoze ari Umutoza wa Manchester United, Jose Mourinho avuga ko atabona uko asobanura uburyo ikipe ya Barcelona yatsinzwemo na Loverpool ibitego bine ku busa, bityo igasezererwa muri UEFA Champions League. Ku mugoroba wo kuri uyu wa 7 Gicurasi Liverpool yigaranzuye FC Barcelona iyitsinda ibitego bine ku busa. Mu mukino ubanza, Barcelona yari yatsinze ibitego bitatu […]

RDC: Inyeshyamba 11 n'umusirikare wa FARDC baguye mu mirwano yabahuje

Imirwano yahuje inyeshyamba za Mai-Mai n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yaguyemo abantu 12 barimo 11 ku runde rw’inyeshyamba n’umusirikare wa Leta umwe. Ni imirwano yabereye mu mugi wa Butembo uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, utuwe n’abantu bagera kuri miliyoni imwe, uri mu Ntara ya Ituri imaze iminsi ishegeshwe n’icyorezo […]

Mu buzima bwacu, buri wese akikijwe n’abantu bafite ibikomere n’ihungabana bitandukanye- Mme J.Kagame

Madamu Jeannette Kagame avuga ko bitewe n’amateka u Rwanda rwaciyemo uko imyaka yagiye ishira, buri Munyarwanda aturage n’abantu bafite ibikomere byinshi ku mitima ndetse n’ihungabana. Umufasha wa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Gicurasi 2019, ubwo yitabiraga inama ku ‘Ihungabana’ yaberaga mu mujyi wa Kigali. Ni inama yateguwe […]

Burundi: Perezida w’ishyaka RANAC ari mu mazi abira

Perezida w’ishyaka RANAC ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Nkurunziza, mu Burundi, biravugwa ko amaze iminsi mu bwihisho atinya kugirirwa nabi. Nk’uko byatangajwe n’abo mu muryango wa Aloys Baricako, perezida w’ishyaka RANAC riharanira impinduka mu Burundi, ngo uyu arimo gukangishwa gutabwa muri yombi kubera imikoranire yaba afitanye n’ihuriro CNARED ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bari mu buhungiro. Umwe […]

Nyamasheke/ Karambi: Barashimira Perezida Kagame wabegereje ibigo by’imari bagatinyuka inguzanyo

Abaturage b’umurenge wa Karambi, mu Karere ka Nyamasheke, bizigamira bakanaka inguzanyo zo kwiteza imbere muri banki n’ibindi bigo by’imari, bavuga ko iterambere bagezeho nyuma y’aho Perezida wa Repubulika Paul Kagame ashyiriyeho imirenge SACCO nta bundi baryigeze, bakavuga ko hari amafaranga menshi mbere bapfushaga ubusa ubu akaba abagirira akamaro. Baganira na Bwiza.com, bamwe muri bo bavuze […]

Perezida Kagame yageze mu Karere ka Burera yakirwa n’imbaga y’abaturage – Amafoto

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageze mu Karere ka Burera, aho biteganyijwe ko aganira n’ibihumb by’abaturage byabukereye bigiye kumwakira no kumugezaho ibibazo n’inyunganizi bamwe muri bo bafite ndetse n’ibyo bishimira bamaze kugeraho. Kuri uyu wa kabiri, itariki 07 Gicurasi nibwo byari biteganyijwe ko umukuru w’igihugu atangira uruzinduko mu turere twa Burera, Musanze, Rubavu na Rutsiro […]

Ifoto ya Tanasha na Diamond bambaye kiyisilamu yateje impagarara

Diamond n’umukobwa bari mu rukundo, Tanasha Donna bashyize hanze ifoto bambaye mu buryo bwa kiyisilamu. Ibi byatumye ababakurikira bibaza byinshi ari nako bakemanga iki gikorwa. Bizwi ko abayisilamu bari mu gisibo ku isi yose. Aba bombi ntibatanzwe kwifatanya na bagenzi babo, gusa ikibazo kigarauka kuri Tanasha kuko we atari umuyisilamukazi. Ku ifoto Diamond Platnumz yashyize […]

Gisagara: Umusaza w’imyaka 74 yafashwe acuruza imiti mu buryo bunyuranyije n’amategeko

Igipolisi mu Karere ka Gisagara cyataye muri yombi umusaza w’imyaka 74 ukurikiranweho kwinjiza no gucuruza magendu imiti mu buryo bunyuranyije n’amategeko bigashyira mu kaga ubuzima bw’abantu. UUyu musaza witwa Augustine Misago kuri ubu afungiye kuri station ya polisi ya Gisagara ari naho imiti yafatanywe ibitse nk’ibimenyetso mu gihe iperereza rikomeje. CIP Bonaventure Karekezi, umuvugizi wa […]

Tanzania: Mu nkambi y’impunzi z’Abarundi hafatiwemo umuntu wari ufite isakoshi yuzuyemo Gerenade

Impunzi z’Abarundi zikambitse mu Nkambi y’impunzi ya Nyarugusu muri Tanzania, barasaba Umuryango w’Abibumbye kubakemurira ikibazo bafite cy’umutekano muke nyuma yaho mu mpera z’icyumweru gishize humvikanyemo urusaku rw’amasasu menshi. Ahagana saa munani z’ijoro ryo ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize nibwo muri iyi nkambi humvikanyemo urusaku rw’amasasu rwakurikiwe n’isaka ryakozwe n’igipolisi cya Tanzania, aho cyaje gufata umuntu […]

Perezida Kagame arahakana ko arimo gutegura uzamusimbura

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yahakanye ko yaba arimo gutegura uzamusimbura avuga ko umuntu ukwiye kumusimbura azizamura ubwe. Ibi Perezida Paul Kagame yabitangaje kuri uyu wa Kabiri, itariki 07 Gicurasi, ubwo yaganiraga n’abagize umuryango wa Young Presidents’ Organisation (YPO) baturutse muri Australia ubwo bamubazaga kuri gahunda ijyanye n’uzamusimbura. Yagize ati: “ Ikintu cy’ingenzi kurusha ibindi […]

Min. Busingye yahaye impanuro abahesha b’inkiko na ba Noteri barahiriye imbere ye

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’ Intumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston, ubwo yakiraga indahiro z’abahesha b’Inkiko b’Umwuga na ba Noteri, yabasabye gukora kinyamwuga kandi bakanakorana ubushishozi,  ko ariyo banga rizabafasha kuzuza neza inshingano zabo. Ni indahiro bagiriye imbere ye, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Gicurasi 2019, akaba yabasabye kwirinda gukoresha umwuga wabo bafite umugambi […]

Inkuru nziza ku bafana ba Yesu

Mu Ijoro ryashize imitima ya benshi yaraye ibabaye. Abana banjye bari bicaye kuri TV biteguye intsinzi y’ikipe bafana, biteguye ibitego by’umukinyi bakunda ndetse Umwe mu bana banjye yiyitirira. Njye nari nibereye mu cyumba ariko Amakuru y’umupira yansangagayo Kuko abafana b’umupira bo ku rubuga rwa Gospel mbaho (AGT) bakomeje kogeza cyangwa kubabazwa n’ibiba kugeza ku ifirimbi […]

USA: Igitero ku ishuri ryisumbuye cyahitanye umunyeshuri abandi barakomereka

Umunyeshuri umwe yaraye yishwe kuri uyu wa Kabiri abandi umunani barakomereka nyuma y’igitero cyagabwe ku ishuri riri muri Leta ya Colorado, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Umupolisi (sheriff) witwa Tony Spurlock yaangaje ko nta mukozi cyangwa umwarimu bizwi ko yakomeretse kandi ko uwapfuye yari afite imyaka 18, naho mu bakomeretse umuto afite imyaka 15. […]

RDC: Amadolari 1000 azahembwa uzabona abashinjwa kwica abakozi ba Loni batorotse gereza

Ubuyobozi bukuru bw’igisirikare cya Congo, FARDC bwashyizeho igihembo cy’amadolari 1000 ku muntu uwo ariwe wese uzabasha kubona abashinjwa kwica impuguke ebyiri z’umuryango w’abibumbye nyuma yo gutoroka gereza. Ku wa Kabiri tariki ya 7 Gicurasi 2019, nibwo imfungwa zatorotse gereza Nkuru ya Kananga mu Ntara ya Kasa௠yo Hagati, muri izo mfungwa harimo abitwa à‰variste Ilunga […]

Amajyepfo: Polisi iraburira abafite ingeso y’ubujura n’ibindi byaha

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo iravuga ko muri iyi minsi yahagurukiye ubujura bumaze iminsi buvugwa muri tumwe mu turere tugize iyi Ntara. Mu ijoro ryo kuri uyu wa 07 Gicurasi k’ubufatanye n’abanyerondo Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Huye mu Murenge wa Huye yafashe uwitwa Mugenzi Hassan w’imyaka 34 nyuma yo kwiba […]