Rayon sports itsinze Amagaju FC bituma yisubiza umwanya wa mbere naho Amagaju amanuka mu cyiciro cya kabiri
 Ikipe ya Rayon Sports ikuye amanota atatu I Nyagisenyi nyuma yo gutsinda ikipe y âAmagaju ibitego bibiri kuri kimwe (2:1) bituma Rayon sports yisubiza umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona naho ikipe ya Amagaju ihita imanuka mu cyiciro cya kabiri bidasubirwaho. Rayon Sports yagiye gukina uyu mukino izi neza ko mukeba wayo APR […]
Rusizi: Umukecuru wasenyewe hubakwa umuyoboro wâamazi arasaba kurenganurwa
Mwamvuwa SĂ©raphine wâimyaka 68 yâamavuko utuye mu mudugudu wa Muramba,akagari ka Kamanyenga,umurenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi avuga ko amaze imyaka irenga 3 yarangirijwe inzu nâikorwa ryâumuyoboro wâamazi waciye imbere yâumuryango wâinzu ye bakahabomora yababujije bamwizeza kuzongera bakahubaka neza,ariko ngo yasiragiye ku karere ashaka ko hongera kubakwa yabuze umurenganura. Aganira na Bwiza.com,uyu mukecuru warokotse […]
Intambara ikomeje gututumba hagati ya Amerika na Irani
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zohereje mu karere k’uburasirazuba bwo hagati ubwirinzi bwa misile buzwi nka Patriot, mu gihe ubushyamirane bukomeje gukaza umurego hagati y’Amerika na Irani. Ubwato bw’intambara bw’Amerika buzwi ku izina rya USS Arlington, butwaye imodoka n’indege by’intambara, na bwo byitezwe ko bwerekeza ku bwato bugwaho indege bw’igisirikare cy’Amerika bwa USS Abraham Lincoln buri […]
Nyagatare: Croix Rouge yashimiwe kugoboka Abanyarwanda birukanwe muri Tanzaniya
Ku wa Gatanu tariki ya 10 Gicurasi 2019, mu murenge wa Karangazi, Akarere ka Nyagatare, habereye ibirori  byo kwizihiza imyaka 156 umuryango utabara imbabare (Croix Rouge) umaze ushinzwe. Mu butumwa bwatanzwe nâumuyobozi wâakarere ka Nyagatare wungirije ushinzwe ubukungu nâiterambere, yawushimiye uburyo wagobotse abanyarwanda birukanwe muri Tanzaniya ikabafasha guhindura imibereho yabo. Mbere yo kwizihiza ibyo birori […]
Bamporiki yashimye uwafashije Nsengiyumva waririmbye ngo âumukobwa ni igisupusupu, ni igisukariâ
Umuyobozi w’Itorero ry’Igihugu, Bamporiki Edouard, yashimiye umuhanzi Alain Mukurarinda ku bwâigikorwa yakoze cyo gufasha umuhanzi Nsengiyumva Francois umenyekanye vuba kubera indirimbo ye âMariya Jeanneâ. Bamporiki abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, yavuze ko kuba Alain Muku yarafashije Nsengiyumva, ubu akaba arebwa na za Miliyoni zâabafana, ari ikintu cyo kubera abandi urugero. Yagize ati âNdagushimiye cyane […]
Abikorera nâibitaro bya Ruli basuye urwibutso rwa Ntarama- AMAFOTO
Abikorera nâibitaro bya Ruli byo mu Karere ka Gankenke, basuye urwibutso rwa jenoside yakorewe Abatutsi rwa Ntarama mu Karere ka Bugesera, basobanurirwa amateka yarwo nâuburyo Abatutsi ibihumbi bahakorewe ubwicanyi ndengakamere. Ni itsinda ryari rigizwe nâabantu basaga ijana baturutse mu Murenge wa Ruli, ku wa Gatanu tariki ya 10 Gicurasi 2019, ubwo bageraga ku rwibutso rwa […]
Burundi: Abashinjwa kugaba ibitero ku nkambi za gisirikare bagejejwe mu rukiko nyuma yâimyaka 4
Mu kwezi ku Ukuboza 2015, nibwo hagabwe ibitero ku nkambi za gisirikare mu Burundi, abashinjwa iki gikorwa bakaba bagejejwe imbere yâurukiko nyuma yâimyaka ine ishize batarahabwa ubutabera. Aba bantu biganjemo urubyiruko basanzwe bafungiye muri gereza ya Muramvya, bakaba bashinjwa kuba baragabye ibitero ku nkambi za gisirikare mu kwezi kâUkuboza 2015. Itsinda rya mbere ryumviswe mu […]
Iyo Museveni avuka muri ibi bihe, aba aragira inka- Besigye
Umwe mu batavuga rumwe nâUbutegetsi bwa Perezida Museveni muri Uganda, Dr. Rtd Col. Kizza Besigye avuga ko Museveni atari kubasha kujya ku ishuri iyo akurira mu buzima nkâubwo Abanyayuganda babayemo. Besigye ubwo yaganiraga nâabaturage bâicyaro cya Kashwina mu Karere ka Isingiro yavuze ko Leta ya Museveni yananiwe gushyira imbaraga mu kuzamura imibereho yâabaturage. Besigye avuga […]
RDC: Muanda Nsemi wari waratorokanye n'imfungwa zirenga 4000 yafashwe
Umuyobozi wâumutwe wa politiki ushingiye ku idini, uharanira ukwitandukanya kwâAmajyepfo ashyira Uburengerazuba bwa Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatawe muri yombi nyuma yâiminsi ibiri amaze kwongera kwigaragaza. Yari yaratorokanye nâizindi mpfungwa mu myaka ibiri ishize. Ifatwa rye ryatangajwe na polisI kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Gicurasi 2019. Ne Muanda Nsemi, umuyobozi wa muvoma […]
Gen. Nyamvumba yakiriwe na Tshisekedi mu ruzinduko yagiriye muri RDC.
Ku wa gatanu, tariki ya 10 Gicurasi, Umugaba wâIngabo zâu Rwanda, Gen. Patrick Nyamvumba yakiriwe nâumukuru wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, amushimira ubufatanye gahati yâibisirikare byâibi bihugu. Gen. Nyamvumba wari uherekejwe na mugenzi we muri iki gihugu cyâabaturanyi, yagize ati: âTwaje hano gushimira umukuru wâigihugu imbaraga yashyize mu gisirikare cyâiki gihugu, FARDC nâimikoranire hagati […]
Inshingano zâ Abamama zibahesha kubahwa no gushimirwa
Iri ni Ijambo ryâImana mugezwaho nâUmukozi wâImana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise âNibintije Evangelical Ministriesâ yigisha ijambo ryâImana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.Imigani 31:11; 28 â Umutima wâ umugabo we […]
OMS ivuga ko Ebola ishobora kwibasira u Rwanda na Uganda mu gihe ubutabazi bwakomeza gukomwa mu nkokora
Ishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Buzima (OMS) ritangaza ko ibikorwa byâubutabazi ku banduye icyorezo cya Ebola bikomeje gukomwa mu nkokora nâibitero byâinyeshyamba. Ivuga ko bizagorana kuyirandura burundu ko ahubwo ishobora no kugera mu Rwanda, Uganda na Sudani yâAmajyepfo. OMS ivuga ko mu ntara ebyiri ziri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  hari ibitero […]
Uganda: Urukiko rwahagaritse ibirego bya Bobi Wine kuri polisi
Ku wa 10 Gicurasi, urukiko rukuru rwa Kampala rwahagaritse ibirego bya Robert Kyagulanyi(Bobi Wine), washinjaga igipolisi kumuhagarikira ibitaramo bye byâumuziki. Ni ikirego cyasabaga urukiko gutegeka igipolisi kureka kwivanga mu bitaramo byâuyu muhanzi, akaba nâumudepite uhagarariye agace ka Kyadondo. Uru rukiko ruyobowe nâumucamanza, Henrietta Woloyo, ruvuga ko Bobi Wine atigeze agaragaza ibimenyetso byerekana ko guhagarika ibitaramo […]