Bukavu: Abanyeshuri bo muri kaminuza eshatu bigaragambirije ibura ryâumuriro
Uyu munsi, tariki ya 16 Gicurasi, abanyeshuri bo muri kaminuza eshatu mu mugi wa Bukavu muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, bigaragambije nyuma yâigihe kinini bamaze nta muriro wâamashanyarazi. Izo kaminuza ni UniveristĂ© Officiel de Bukavu (UOB), Institut SupĂ©rieur des Techniques MĂ©dicales (ISTM) na Institut SupĂ©rieur de Development Rural (ISDR). Aba banyeshuri bafunze umuhanda wa […]
Igitekerezo : Perezida Paul Kagame muri twegerane
byukanye akanyamuneza, ibyishimo nâisheja, mwenyura nseka kubera uburyo mutangiye kwibaza uko perezida Paul Kagame yagendera muri twegerane kandi afite uburyo bugenwa nâitegeko uko arindwa, ibimugenerwa kubera umutekano we, birimo imodoka nziza zirimo nâimitamenwa kuburyo utapfa kumuhangara. Ndabizi amatsiko yabishe kuko hari abatangiye gukeka ko aherutse kureka iyo mitamenwa yâibimodoka binabereye ijisho aho anyuze hose bigendana […]
Mu gihe CNDD-FDD izaba ikiyoboye u Burundi nta ntambara izongera kuhaba- Ndayishimiye Evariste
Umunyamabanga Mukuru wâishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, Ndayishimiye Evariste avuga ko igihe cyâamatora atari icyâintambara, ahubwo ko ari igihe cyiza ku baturage cyo kwihitiramo abayobozi beza babona hari icyo bazabagezaho. Evariste yatangarije ibi kuri radiyo yâigihugu ubwo yagiraga byinshi avuga ku igeragezwa rya kudeta ryabayeho ku wa 13 Gicurasi 2015, bikaza kurangira umugambi […]
Museveni aremeza ko ubucuruzi nâu Rwanda butahagarara nubwo bwakorwa magendu
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yatangaje ko ifungwa ryâumupaka uyihuza nâu Rwanda ritazadindiza akarere, aho yemeje ko nubwo ufunze ubucuruzi buzakomeza nubwo buzakorwa magendu. âNtushobora guhagarika ubucuruzi binyuze mu miyoborere yâumupaka. Abaturage bahitamo magendu. Abandi bahisemo kohereza ibicuruzwa byinshi muri Sudani yâEpfo, Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Kenya, Tanzania nâahandi.â Ibi ni ibyatangajwe na Museveni […]
Abaminisitiri ntibemera ko Mitterrand yagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Abari abaminisitiri 23 muri guverinoma y’Ubufaransa, baranenga Raphaà «l Glucksmann wavuze ko Franà §ois Mitterrand yagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nk’uko BBC yabitangaje kuri uyu wa 16 Gucurasi, ibi babigaragarije mu nyandiko irimo imikono y’aba baminisitiri uko ari 23 barimo Jack Lang, Michel Charasse, Hubert VĂ©drine, Bernard Cazeneuve, Elisabeth Guigou, Edith Cresson, Roland Dumas […]
Ni gute wahangana nâibibazo urimo-Igice cya 2 â Rev./ Ev. Eustache Nibintije
Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho yahaye […]
RDC: Abanyamulenge bari bazengerejwe nâinyeshyamba ubu barinzwe nâigisirikare cya FARDC
Ku wa Gatatu tariki ya 15 Gicurasi 2019, nibwo uhagarariye ingabo mu gace kâimisozi miremire ka Minembwe, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yabatangarije ko ubuyobozi bukuru bwâingabo za Congo (FARDC) bwabemereye kurasa ku nyeshyamba za Mai Mai zari zimaze iminsi zibagabaho ibitero. Uhagarariye ingabo muri aka gace, Gen Simon yatanze ihumure ku Banyamulenge nyuma […]
Umusore ankutirijeho ansaba ko twazakorana ubukwe yarabanje kuntera inda, ubu mbyemere?
Nitwa Jeanne iwacu ni mu Ntara yâIburasirazuba nkaba mfite imyaka 26, nize amashuri yisumbuye ndayarangiza ubu nkaba mfite nâakazi kampemba amafaranga aciriritse. Ndi umukobwa ubu uri mu rukundo ariko runarimo ikigeragezo. Mfite umukunzi wâumusore rwose dufitanye gahunda ikaze irimo no gukorana ubukwe mu mpera zâuyu mwaka, imyiteguro tuyirimo, kujya mu murenge ni mu kwezi kwa […]
Perezida Trump yagaragaje ubwoba afitiye Ubushinwa ku birebana n'ikoranabuhanga
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ibihe bidasanzwe mu gihugu mu kurinda mudasobwa zo muri Amerika abo yita “abanyamahanga b’abanzi” . Yashyize umukono ku itegeko-teka ribuza kompanyi zo muri Amerika gukoresha kompanyi zo mu mahanga zikora mu by’itumanaho byemezwa ko ziteje ibyago ku mutekano w’igihugu. Iri tegeko-teka nta kompanyi n’imwe ryavuze […]
Ingabire Victoire yamaze amasaha ane ahatwa ibibazo na RIB mbere yo kurekurwa
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha(RIB) kuri uyu wa Kabiri ushize rwahase umunyapolitiki Ingabire Victoire ibibazo mu gihe cyâamasaha agera kuri ane mbere yo kumurekura mu masaha yâumugoroba ngo asubire iwe aho yabazwaga ku magambo yâamacakubiri yaba yaravugiye mu nama yakoresheje atabisabiye uruhushya. Ingabire Victoire yari aherutse kurekurwa ku mbabazi za Perezida wa Repubulika, Paul Kagame nyuma yâimyaka […]
Imitungo yâabashatse guhirika Perezida Nkurunziza ku butegetsi igiye gufatirwa na Leta
Ubutabera bwâu Burundi bwategetse ko imitungo yâabasirikare, abapolisi nâabanyapolitiki 32, bashinjwe kugira uruhare mu gikorwa cyari kigamije guhirika ku butegetsi Perezida Nkurunziza mu mwaka wa 2015, ishyirwa mu maboko ya Leta. Mu itangazo ryashyizwe hanze nâUbushinjacyaha bukuru bwâu Burundi na Perezida wâUrukiko rwâIkirenge, bategetse ko iyi mitungo yâabatavuga rumwe na Leta barimo abanyapolitiki, Impirimbanyi zâuburengangiza […]
Umukozi wo mu rugo yamaze iminsi ine ku izuba azirikiwe ku giti aryozwa ibikoresho byo mu rugo
Umukozi wo mu rugo witwa Acosta Baruelo yamaze iminsi ine ari ku izuba aziriritswe nâimigozi ku giti mu Mujyi wa Riyadh, mu gihugu cya Arabia Saoudite. Uyu mukobwa wâimyaka 26 ukomoka muri Filipine (Phillipines) avuga ko ibi yabikorewe na nyirabuja wamuhoraga ko gusiga bimwe mu bikoresho byo mu rugo hanze ku izuba. Beirulo avuga uko […]
Bugesera: Ubuyobozi bwirije abaturage ku Murenge kubera amabendera yibwe
Mu Murenge wa Mwogo, mu karere ka Bugesera, haravugwa abaturage biriwe bicaye ku Murenge kubera amabendera abiri yaraye yibwe. Abaturage bahiriwe ni abâAkagari ka Kagasa umurenge wubatsemo, ari nako kibwemo ayo mabendera. Kuri uyu wa Kane tariki 16 Gicurasi 2019, mu Kagari ka Kagasa nta muturage wagiye mu mirimo ye uko bisanzwe. Bose bicaye ku […]
Bamwe mu banyamakuru barashinja Urwego rwâUmuvunyi kuba hari inzego rutinya
Bamwe mu banyamakuru bo mu Rwanda baravuga ko urwego rwâumuvunyi hari inzego rutinya gukurikirana mu gihe zanze gufasha umunyamakuru kubona inkuru ashaka nkâuko biteganywa nâitegeko rishya rigenga itangazamakuru, aho bemeza ko kenshi bimwa amakuru bagasiragizwa nâabo bayasaba mu gihe itegeko riteganya ko bagomba koroherezwa kubona amakuru. Ni mu gihe uru rwego rwo rwemeza ko mu […]
Umwuka mubi muri ADEPR/Uganda utumye bamwe bigumura
Ubuyobozi bwâItorero rya Pentecote mu Rwanda (ADEPR) bwandikiwe ibaruwa nâabagize komite yâUrurembo PCIU/ADEPR (Pentecote Church International of Uganda) babamenyesha ko bagendeye ku bibazo biri muri iri torero, bahisemo kwigenga. Muri iyi baruwa yandikiwe ubuyobozi bukuru bwa ADEPR, bwamenyeshejwe ko kwigenga babitewe n’ibibazo bavuga ko biri mu itorero muri Uganda, biyemezo guhindura amazina, kwikemurira ibibaza bashinja […]
Louise Mushikiwabo yakiriye ubusabe bwa Angola bwo kwinjizwa muri OIF
Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâIbihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, kuri uyu wa Gatatu nyuma ya saa sita yakiriye wâububanyi nâamahanga wa Angola, Manuel Domingos Augusto, wari ugiye kumushyikiriza ubusabe bwâigihugu cye bwo kuba umunyamuryango wâindorerezi muri uyu muryango. Igihugu cya Angola kikaba cyaragize igitekerezo cyo kuba umunyamuryango wa OIF mu 2018 ubwo muri Gicurasi Perezida […]
Abanyarwanda babiri bashinjwa kwicisha amashoka ba mukerarugendo muri Uganda batujwe muri Australia mu ibanga
Abanyarwanda babiri bashinjwa kwica ba mukerarugendo umunani mu Isyamba rya Bwindi muri Uganda batujwe muri Australia mu buryo bwâibanga hagati ya Amerika nâabayobozi bakuru bâiki gihugu. Aba Banyarwanda ari bo  Leonidas Bimenyimana na Gregoire Nyaminani,  bashinjwa kwica bamukeraugendo barimo Abanyamerika babiri mu 1999 nkâuko ikinyamakuru 10 Daily dukesha iyi nkuru kibitangaza. Ikinyamakuru Politico ari nacyo […]
Ubukangurambaga bwiswe 'Gerayo Amahoro' bwakomereje mu bigo by'amashuri
Muri gahunda yâUbukangurambaga bwâibyumweru 52 bwo kurwanya impanuka zo mu muhanda, kuri uyu wa 15 Gicurasi Polisi nâabafatanyabikorwa bayo babukomereje mu bigo byâamashuri bitandukanye hirya no hino mu gihugu bigisha abanyeshuri n âabarezi uruhare rwabo mu kwicungira umutekano wo mu muhanda. Ubu bukangurambaga mu mujyi wa Kigali bwabereye mu rwunge rwâamashuri rwa Kagugu, urwa Camp […]