Amakuru y'igura n'igurisha yiriwe mu mupira w'amaguru: Neymar muri Barcelona?
Ubwo shampiyona zirangiye, amakipe menshi arifuza kugura abakinnyi bitwaye neza kugira ngo azashobore kugira umusaruro mwiza mu mwaka w’imikino wa 2019/2020 n’ibihe bizakurikiraho. Hari n’amakipe yabonye ibibazo afite bidashingiye ku bakinnyi gusa, atemera imikorere y’abatoza. Aya yahisemo kwirukana cyangwa kumvikana n’abatoza, babaha imperekeza abatararangiza amasezerano yabo, ubu barifuza abandi. Uyu munsi, tariki ya 30 Gicurasi, […]
Kwibuka bidufasha kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside – Min. Nyirasafari
Mu  gikorwa cyo  kwibuka mu Murenge wa Nyarusange, Akarere ka Muhanga cyabaye kuwa 26 Gicurasi 2019, Minisitiri wâUmuco na Siporo, Nyirasafari Esperance wari umushyitsi mukuru, yavuze ko kwibuka amateka ya Jenoside yakorewe abatutsi bifasha mu kurwanya ingengabitekerzo yayo ndetse nâabayihakana cyangwa abayipfobya. Yagize ati « Amateka batubwiye atugaragariza uburyo abayobozi babi babayeho, ntibakora inshingano bagombaga gukora […]
Iburasirazuba: Abagenzi banyotowe gukoresha ikoranabuhanga mu gihe abakonvayeri bikanga kubura akazi
Abakora umwuga wo kwinjiza no kwishyuza abagenzi mu modoka bitwa abakonvayeri bafite ubwoba bwo kubura akazi mu gihe hakoreshwa ikoranabuhanga mu kwishyuza abagenzi, ariko abagenzi bo barasaba ko bashyirirwaho imashini zikoreshwa nâabagenzi mu kwishyura nkâizikoreshwa mu ngendo mu Mujyi wa Kigali .Abakora akazi ko kwishyuza abagenzi baganiriye na Bwiza.com muri Gare ya Kayonza na Gare […]
Intara ya Kivu yâAmajyaruguru yabonye guverineri mushya usimbura Julien Paluku
Carly Nzanzu Kasivita kuri uyu wa Kane, itariki 30 Gicurasi niwe watorewe kuba Guverineri mushya wâIntara ya Kivu yâAmajayaruguru mu matora yatsinze ku majwi 28. Uyu yakurikiwe mu majwi nâabakandida babiri bâihuriro Lamuka; Muhindo Nzangi Butondo wagize amajwi 11 na Eric Kamavu wagize amajwi 9. ThĂ©obald Binamungu wiyamamaje ku giti cye we nta jwi na […]
Chameleone yinjiye mu ishyaka rya Bobi Wine azifashisha yiyamamariza kuba Meya wa Kampala
Icyamamare mu muziki mu Bugande, Jose Chameleone yatangaje ko yamaze kujya mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi riyobowe na mugenzi we, Bobi Wine. Yagiye muri iri shyaka kugira ngo rizamufashe kwiyamamariza umwanya wa Meya w’umugi wa Kampala uyobowe na Erias Lukwago. Mu nama yagiriye muri sitade ya Kakindu, mu karere ka Jinja kuri uyu wa 29, […]
Afurika yâEpfo: Minisitiri wagiranye ibibazo nâu Rwanda yahawe undi mwanya muri guverinoma nshya
Lindiwe Sisulu Nonceba washinje u Rwanda kumwita indaya yasimbujwe ku mwanya wa Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wa Afurika yâEpfo. Ibi Sisulu yabivugaga ashingiye ku byo ikinyamakuru cyo mu Rwanda cyitwa Rushyashya cyanditse ngo kikamwita indaya ya Kayumba Nyamwasa ariko nyuma bikaza gusibwa. Ni ikibazo cyateje impagarara mu mubano wâibihugu byombi, wari usanzwe nâubundi ucumbagira. U Rwanda […]
Uganda yazamuye imisoro y'ibikomoka hanze kuva kuri 25% kugeza kuri 60%
Ikigo cya Uganda k’imisoro n’amahoro cyazamuye imisoro y’ibicuruzwa bituruka mu mahanga, murwego rwo guteza imbere ibikorerwa imbere mu gihugu. URA (Uganda Revenue Authority) itangaza ko uyu mwanzuro ushingiye ku itegeko rigenga ubucuruzi ryahinduwe muri uyu mwaka w’ 2019/2020. Ubu ngubu, ibicuruzwa bituruka mu mahanga byari bisanzwe byishurirwa umusoro ku kigero cya 25 % ubu byageze […]
Museveni yababariye uwari CEO wa MTN, Wim Vanhelleputte, amwemerera gusubira I Kampala mu kazi
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yababariye uwari umuyobozi mukuru (CEO) wa MTN, Wim Vanhelleputte, ahita anategeka ikigo gishinzwe abinjira nâabasohoka kumukura ku rutonde rwâabatemerewe kwinjira muri Uganda. Uyu akaba yari aherutse kwirukanwa mu nkubiri yanyuze muri MTN yasize yirukanishije abakozi bakuru bâAbanyamahanga barimo nâUmunyarwandakazi, Annie Tabura Bilenge. Bwana Wim Vanhelleputte wirukanwe muri Gashyantare ashinjwa kubangamira […]
Amb. Olivier Nduhungirehe ashyigikiye kuba Uburundi bwarangiwe kujya muri SADC
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga Ushinzwe Umuryango wa Afurika yâIburasirazuba, Amb.Olivier Nduhungirehe atangaza ko icyemezo cyo kutemerera igihugu cyâUburundi kuba umunyamuryango wâIbihugu byo muri Afurika yâAmajyepfo (SADC) ari cyiza kuri Leta yâUburundi. Mu minsi mike ishize Umuyobozi wâUmuryango wâIbihugu byo mu Majyepfo ya Afurika (SADC) akaba na Perezida wa Namibia, Hage Geingob, yahishuye […]
Rwamagana: Abajyanama bâubuzima barataka gusiragizwa bishyuza amafaranga yabo
Abajyanama bâubuzima mu Karere ka Rwamagana barinubira gusiragizwa bishyuza amafaranga bakoreye mu gikorwa cyo gutera imiti yica imibu. Abajyanama bâubuzima bavuga ko bahuguwe iminsi 5 mbere yo gutera umuti wica imibu mu mirenge yose ariko ntibahabwe amafaranga yâagahimbazamusyi bemerewe muri iyo minsi . Nyuma yâamahugurwa bavuga ko bari babwiwe ko bazajya bahabwa amafaranga uko hashize […]
FARDC irigamba kwica inyeshyamba 20 za ADF baramutse bahanganye
Byibuze ngo abarwanyi bagera kuri 20 nibo bamaze kwicwa kuri uyu wa Kane, itariki 30 Gicurasi, mu mirwano ikomeye yaramutse ihuza igisirikare cya Congo, FARDC ndetse nâintagondwa za ADF ahitwa Ngite mu birometero nka 15 uvuye mu Mujyi wa Beni. Biravugwa ko igisirikare cya Congo cyabashije gufata intwaro nyinshi nkâuko amakuru aturuka mu gisirikare agera […]
Uganda: Itsinda ryâabanyamategeko rirasaba guverinoma kubaha urukiko ikarekura Abanyarwanda bafunzwe
Itsinda ryâabanyamategeko bo muri Uganda ryasabye guverinoma kubahiriza amabwiriza yâurukiko yo kurekura Abanyarwanda bafungiye muri Uganda. â Niba guverinoma inaniwe cyangwa ikanga kubaha imyanzuro yâurukiko, icyo ni ikigaragaza nta kiwhishira ihonyorwa ryâamategeko ,â ibi ni ibyatangajwe nâaba banyamategeko mu itangazo basohoye kuri uyu wa Gatatu. Aba bavuga ko gufunga abantu amasaha arenze 48 kandi nâubageze […]
Akayabo kazakoreshwa mu ishyingurwa rya Etienne Tshisekedi ntikavugwaho kimwe
Mu gihe hasigaye amasaha macye kugira ngo umurambo wa Etienne Tshisekedi ugere i Kinshasa haravugwa umwuka mubi biturutse ku kayabo k’ amadorari agiye gukoreshwa mu ishyingurwa rye. Imvano ya byose ni urwandiko rwashyizweho umukono n’ umuyobozi mukuru w’ ibiro bya Perezida wa Repubulika rwemeza ko imyubakire y’ imva ye yo nyine izatwara miliyoni ebyiri n’ […]
âSmart meterâ, ikoranabuhanga rigiye gusimbura igenzura ryâikoreshwa ryâamazi muri buri rugo
Ikigo gishinzwe amazi, isuku nâisukura, Wasac kigiye kujya gikoresha ikoranabuhanga ryitwa “Smart meter” rizajya rigaragaza uburyo amazi yakoreshejwe nâabafatabuguzi bayo. Iri koranabuhanga rizaba risimbuye igenzura ryakorwaga nâababishinzwe binjiraga mu rugo ku rundi, rimwe na rimwe ngo ntibagere hose. Ibi ni ibyasobanuwe na Bwana Mwijukye James ushinzwe ubucuruzi mu kigo gishinzwe amazi, isuku nâisukura avuga ko […]
Hagarika gushidikanya mu gihe wizeye, kuko bikubuza umugisha wawe
Yakobo 1:8 â Kuko umuntu wâ Imitima ibiri anamuka mu inzira ze zoseâ Bigenda gute mu igihe ushidikanyije mu gukora ikintu Imana yakubwiye gukora? Uwo muhanganye ahita atera intambwe ya mbere. bisobanura ko Satani ahita agusimbukiraho ako kanya. Niba ushaka kubaho mu ukwizera menya ko, gushidikanya ari umuco mubi kandi wagobye gukura mu inzira yawe. […]