Chameleone na we yatangiye guhagarikirwa ibitaramo
Igipolisi cya Uganda cyahagaritse ibitaramo bya Joseph Mayanja uzwi nka Jose Chameleone mu muziki. Abasesenguzi bavuga ko imbarutso ishobora kuba ari uko yinjiye mu ishyaka rya Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi. Chameleone uherutse gukorera igitaramo muri Masaka, yasabwe n’inzego z’umutekano gusubira kwaka uburenganzira ubuyobozi bukuru bwa polisi muri Kampala kugira ngo ibitaramo bye bizabe mu […]
Abatekamutwe bashutse urubyiruko babizeza amafaranga mu nama muri KCC bagejejwe imbere yâurukiko
 Abatekamutwe bakomoka muri Kenya ndetse nâumunyarwanda umwe, bashinjwa guteka umutwe bakambura abantu benshi bari bahamagajwe mu nama muri Kigali Convention Center bagejejwe imbere yâubutabera. Urukiko rwâibanze rwa Kagarama mu karere ka Kicukiro, rwatangiye kuburanisha ikirego ubushinjacyaha buregamo bamwe mu bayobozi bâikigoââWealth Fitness Internationalââ. Aba bayobozi barashinjwa gutegura inama mu buryo butemewe no kwiha ibyabandi […]
Abakozi babiri ba FARG batawe muri yombi bashinjwa kwakira ruswa
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda, bwatangaje ko bwataye muri yombi abakozi babiri b’ikigega cyo gutera inkunga abarokotse Jenoside batishoboye (FARG), bakira ruswa y’umugenerwabikorwa w’iki kigega. Hashize igihe havugwa ruswa mu bikorwa by’iki kigega byo guha bamwe mu bagenerwabikorwa bacyo batishoboye inzu, ubuvuzi, ubufasha bw’amafaranga n’ibindi bagenerwa. Bamwe mu bagenerwabikorwa b’iki kigega mu myaka ishize bagiye batangaza ko […]
Rwamagana: Abanyerondo barashinjwa kwiba bakanagira umuturage inoge
Abakora irondo ryâumwuga mu Mudugudu wa Rubiha, Akagari ka Bushenyi, Umurenge wa Mwurile, mu Karere ka Rwamagana, barashinjwa guhohotera umuturage witwa Mukeshimana Jean Bosco wo mu mudugudu wa Gisanza, mu kagari ka Mwulire bakanamwambura utwe. Ku cyumweru tariki ya 7 Nyakanga 2019, nibwo Mukeshimana wari uvuye kugurisha amasaka mu gasantire ka Ntunga, ari kumwe n’abasore […]
Uganda: Perezida Museveni yageneye abakinnyi bâikipe y'igihugu miliyoni yâamadorari
 Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yageneye abakinnyi bâikipe yâigihugu âUganda Cranesâ agahimbazamusyi gatubutse kagera kuri miliyoni yâamadorari nyuma yâuko iyi kipe yitwaye neza mu mikino yâigikombe cya Africa. Perezida Museveni yatangaje ko yashimishijwe nâuko ikipe ya Uganda yitwaye mu mikino yâigikombe cya Africa. Ikipe yâigihugu ya Uganda yari yitabiriye imikino yâigikombe cya Africa […]
Rusizi: Ikigo cy'ishuri kirataka igihombo cyagushijwemo na Leta
Ubuyobozi bwâishuri Mizero TVET School riri mu mujyi wa Rusizi buravuga ko buhangayikishijwe bikomeye no kuba bwarubatse amashuri bukanayashyiramo ibikoresho bihagije binagezweho, nyuma yo kwizezwa Leta abanyeshuri mu mashami yâimyuga nyamara ntigire nâumwe ihohereza. Buvuga ko n’abahazabakiri bake cyane bityo bugasaba REB, WDA na MINEDUC gukemura iki kibazo kigenda giteza igihombo ku ishuri no kuri […]
Umuhango wo gushyingura abakozi batanu ba Azam TV (amafoto)
Tariki ya 8 Nyakanga, abantu 7 barimo abakozi batanu ba televiziyo ya Azam (Azam TV) bakoze impanuka ubwo imodoka yabo yagonganaga n’ikamyo. Iyi mpanuka yabereye mu gace ka Shelui muri Singida. Aba bakozi bari mu modoka ya ‘Coaster’ yerekezaga i Mwanza. Abaguye muri iyi mpanuka ni Said Haji, Charles Wandwi, Salim Mhando, Florance Ndibalema na […]
MTN ni abajura bakuru, ni gute nareka kuyikoresha? – Dr Kayumba
Umushakashashatsi, umwarimu muri kaminuza akaba nâumusesenguzi muri politiki, Dr Christopher Kayumba atangaza ko arambiwe gukorana na kompanyi yâitumanaho ya MTN-Rwanda bitewe nâuburyo ahabwa serivisi ya interineti we yemeza ko habamo kumwiba. Mu gusaba inama, Dr Kayumba yavuze ko iyo aguze ipaki ya interineti (internet bundle) ariko igashira kandi ntacyo aba yayikoresheje. Abinyujije ku rukuta rwe […]
Ndigenga ariko sindi icyigenge- Hon. Sebaba
Mu nkuru zanjye nkunze kugaruka ku kintu cyâuko umuntu abona isi biterwa nâaho yicaye. Bivuga ngo uri umushumba wakuriye kandi ukarererwa mu nka akenshi ibitekerezo byawe bikunda kwerekeza ku bworozi, umuhinzi na we akabyerekeza ku isuka, umunyapolitiki akabyerekeza ku ngoma akorera, nâahandi mushatse mwakongeraho. Kubera iki iyi nteruro? Nyijyanishije nâumutwe wâinkuru ni uko aho mperereye […]
Nzi ko ndi mwiza, umugabo wanjye ampoza ku nkeke anziza kwambara mini- Nkore iki?
Imyaka ibaye itatu mbana n’umugabo wanjye, nitwa Lucie nka mbyaye rimwe, dutuye muri Nyarugenge. Kuva mu bwana bwanjye nakunze kwambara amapantalo, amajipo n’amakanzu ariko binyegereye. Umugabo wanjye yamenye mfite uko mbayeho kandi nawe azi, tugiteretana yakunze kundata ubwiza kandi koko si uko ndi mubi, iyo uri mwiza nawe uba ubizi, ariko kugeza ubu akomeje kunshyira […]
Uganda: Gen. Kyaligonza agiye kongera gutabwa muri yombi
Urukiko rwâibanze mu Karere ka Mukono rwasabye Umuyobozi wa Polis ya Uganda, IGP Ochola Martin kongera guta muri yombi Rtd. Maj. Gen. Matayo Kyaligonza ushinjwa guhohotera umupolisikazi. Umucamanza Juliet Hatanga yasabye ko Gen. Kyaligonza yatabwa muri yombi bitarenze tariki 22 Nyakanga uyu mwaka kugira ngo aryozwe ibyo akekwaho. Ni nyuma yâaho Gen. Kyaligonza kuko atigeze […]
Gicumbi: Umusore yakaswe ugutwi, nyina yicwa atewe ibyuma
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Nyakanga 2019, umugore wo mu Murenge wa Shangasha yishwe nâabajura banasiga bakase ugutwi umwana we wâumuhungu wâimyaka 16. Hari abasore 2 bari mu kigero cyâimyaka 20 bafashwe bari mu bakekwaho ubu bugizi bwa nabi. Abaturage batuye mu mudugudu wa Kabeza, mu kagari ka Shangasha, mu murenge […]
Afurika y'Epfo: Indege bikoreye yasoje urugendo rw'ibilometero 12,000
Indege yakozwe nâurubyiruko rwo muri Afurika yâEpfo yasoje urugendo rwâibyumweru bitandatu rwavaga mu mugi wa Cape rugana muri Cairo mu Misiri. Iyi ndege ifite imyanya yo kwicaraho ine iri mu bwoko bwa Sling 4. Yakozwe nâabanyeshuri 20. Ikoze uru rugendo rwâibilometero 12,000 ihagaze mu bihugu bikurikira: Namibiya, Malawi, Ethiopia, Zanzibar, Tanzaniya na Uganda. Umupilote wâiyi […]
Burundi: Isoko riremera mu irimbi
Inyama, inzoga, amakara nâibindi bitandukanye nibyo usanga birimo gucuruzwa mu isoko rito riremera mu irimbi riherereye mu mujyi wa Muyinga mu Burundi. Abacuruzi bafite ibitanda bacururizaho ibicuruzwa byabo, abandi bubatse amaduka mato, by’umwihariko hakaba hari n’umugore utegura amafunguro hafi yâimva yâumugabo washyinguwe mu cyumweru kimwe gishize, yagize ati « Iyi ni resitora yanjye ». Undi […]
WIBUKE KO UBUBABARE BWAWE UTERWA NâIBIBAZO URIMO BUZASHIRA-Rev./Ev. Eustache Nibintije
Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho […]
Senateri Bishagara Kagoyire ThérÚse yapfiriye muri Amerika
Sena yâu Rwanda yatangaje inkuru yâakababaro ifite nyuma yâurupfu rwa Senateri Bishagara Kagoyire ThĂ©rĂšse, wapfiriye mu bitaro yivurizagamo byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu itangazo ryashyizweho umukono na Perezida wa Sena y’u Rwanda, Hon Makuza Bernard, kuri uyu wa 08 Nyakanga 2019, rivuga ko Sena y’u Rwanda ibabajwe n’urupfu rwa Senateri Bishagara Kagoyire […]
RDC: Abaturage bishimiye ko Gen. Ntaganda yahamijwe ibyaha 18 yaregwaga
Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwahamije Bosco Ntaganda ibyaha 18, imiryango itegamiye kuri Leta yagize uruhare mu kumurega ivuga ko uyu ari umunsi w’ibyishimo n’ikizere ku batuye aho yakoreye ibyaha. Imiryango mpuzamahanga; FĂ©dĂ©ration Internationale des Ligues des Droits de l’Homme (FIDH), Associations Africaine de DĂ©fense des Droits de l’Homme (ASADHO), Groupe Lotus na Ligue des Electeurs yatangaje […]