Chameleone na we yatangiye guhagarikirwa ibitaramo

Igipolisi cya Uganda cyahagaritse ibitaramo bya Joseph Mayanja uzwi nka Jose Chameleone mu muziki.  Abasesenguzi bavuga ko imbarutso ishobora kuba ari uko yinjiye mu ishyaka rya Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi. Chameleone uherutse gukorera igitaramo muri Masaka, yasabwe n’inzego z’umutekano gusubira kwaka uburenganzira ubuyobozi bukuru bwa polisi muri Kampala kugira ngo ibitaramo bye bizabe mu […]

Abatekamutwe bashutse urubyiruko babizeza amafaranga mu nama muri KCC bagejejwe imbere y’urukiko

  Abatekamutwe bakomoka muri Kenya ndetse n’umunyarwanda umwe, bashinjwa guteka umutwe bakambura abantu benshi bari bahamagajwe mu nama muri Kigali Convention Center bagejejwe imbere y’ubutabera. Urukiko rw’ibanze rwa Kagarama mu karere ka Kicukiro, rwatangiye kuburanisha ikirego ubushinjacyaha buregamo bamwe mu bayobozi b’ikigo’’Wealth Fitness International’’. Aba bayobozi barashinjwa gutegura inama mu buryo butemewe no kwiha ibyabandi […]

Abakozi babiri ba FARG batawe muri yombi bashinjwa kwakira ruswa

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda, bwatangaje ko bwataye muri yombi abakozi babiri b’ikigega cyo gutera inkunga abarokotse Jenoside batishoboye (FARG), bakira ruswa y’umugenerwabikorwa w’iki kigega. Hashize igihe havugwa ruswa mu bikorwa by’iki kigega byo guha bamwe mu bagenerwabikorwa bacyo batishoboye inzu, ubuvuzi, ubufasha bw’amafaranga n’ibindi bagenerwa. Bamwe mu bagenerwabikorwa b’iki kigega mu myaka ishize bagiye batangaza ko […]

Rwamagana: Abanyerondo barashinjwa kwiba bakanagira umuturage inoge

Abakora irondo ry’umwuga mu Mudugudu wa Rubiha, Akagari ka Bushenyi, Umurenge wa Mwurile, mu Karere ka Rwamagana,  barashinjwa guhohotera umuturage witwa Mukeshimana Jean Bosco wo mu mudugudu wa Gisanza, mu kagari ka Mwulire bakanamwambura utwe. Ku cyumweru tariki ya 7 Nyakanga 2019,  nibwo Mukeshimana wari uvuye kugurisha amasaka mu gasantire ka Ntunga, ari kumwe n’abasore […]

Uganda: Perezida Museveni yageneye abakinnyi b’ikipe y'igihugu miliyoni y’amadorari

  Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yageneye abakinnyi b’ikipe y’igihugu ‘Uganda Cranes’ agahimbazamusyi gatubutse kagera kuri miliyoni y’amadorari nyuma y’uko iyi kipe yitwaye neza mu mikino y’igikombe cya Africa. Perezida Museveni yatangaje ko yashimishijwe n’uko ikipe ya Uganda yitwaye mu mikino y’igikombe cya Africa. Ikipe y’igihugu ya Uganda yari yitabiriye imikino y’igikombe cya Africa […]

Rusizi: Ikigo cy'ishuri kirataka igihombo cyagushijwemo na Leta

Ubuyobozi bw’ishuri Mizero TVET School riri mu mujyi wa Rusizi buravuga ko buhangayikishijwe bikomeye no kuba bwarubatse amashuri bukanayashyiramo ibikoresho bihagije  binagezweho, nyuma yo kwizezwa Leta abanyeshuri mu mashami y’imyuga nyamara ntigire n’umwe ihohereza. Buvuga ko n’abahazabakiri bake cyane bityo bugasaba REB, WDA na MINEDUC gukemura iki kibazo kigenda giteza igihombo ku ishuri no kuri […]

Umuhango wo gushyingura abakozi batanu ba Azam TV (amafoto)

Tariki ya 8 Nyakanga, abantu 7 barimo abakozi batanu ba televiziyo ya Azam (Azam TV) bakoze impanuka ubwo imodoka yabo yagonganaga n’ikamyo. Iyi mpanuka yabereye mu gace ka Shelui muri Singida. Aba bakozi bari mu modoka ya ‘Coaster’ yerekezaga i Mwanza. Abaguye muri iyi mpanuka ni Said Haji, Charles Wandwi, Salim Mhando, Florance Ndibalema na […]

MTN ni abajura bakuru, ni gute nareka kuyikoresha? – Dr  Kayumba

Umushakashashatsi, umwarimu muri kaminuza akaba n’umusesenguzi muri politiki, Dr Christopher Kayumba atangaza ko arambiwe gukorana na kompanyi y’itumanaho ya MTN-Rwanda bitewe n’uburyo ahabwa serivisi ya interineti we yemeza ko habamo kumwiba. Mu gusaba inama, Dr Kayumba yavuze ko iyo aguze ipaki ya interineti (internet bundle) ariko igashira kandi ntacyo aba yayikoresheje. Abinyujije ku rukuta rwe […]

Ndigenga ariko sindi icyigenge- Hon. Sebaba

Mu nkuru zanjye nkunze kugaruka ku kintu cy’uko umuntu abona isi biterwa n’aho yicaye. Bivuga ngo uri umushumba wakuriye kandi ukarererwa mu nka akenshi ibitekerezo byawe bikunda kwerekeza ku bworozi, umuhinzi na we akabyerekeza ku isuka, umunyapolitiki akabyerekeza ku ngoma akorera, n’ahandi mushatse mwakongeraho. Kubera iki iyi nteruro? Nyijyanishije n’umutwe w’inkuru ni uko aho mperereye […]

Nzi ko ndi mwiza, umugabo wanjye ampoza ku nkeke anziza kwambara mini- Nkore iki?

Imyaka ibaye itatu mbana n’umugabo wanjye, nitwa Lucie nka mbyaye rimwe, dutuye muri Nyarugenge. Kuva mu bwana bwanjye nakunze kwambara amapantalo, amajipo n’amakanzu ariko binyegereye. Umugabo wanjye yamenye mfite uko mbayeho kandi nawe azi, tugiteretana yakunze kundata ubwiza kandi koko si uko ndi mubi, iyo uri mwiza nawe uba ubizi, ariko kugeza ubu akomeje kunshyira […]

Uganda: Gen. Kyaligonza agiye kongera gutabwa muri yombi

Urukiko rw’ibanze mu Karere ka Mukono rwasabye Umuyobozi wa Polis ya Uganda, IGP Ochola Martin kongera guta muri yombi Rtd. Maj. Gen. Matayo Kyaligonza ushinjwa guhohotera umupolisikazi. Umucamanza Juliet Hatanga yasabye ko Gen. Kyaligonza yatabwa muri yombi bitarenze tariki 22 Nyakanga uyu mwaka kugira ngo aryozwe ibyo akekwaho. Ni nyuma y’aho Gen. Kyaligonza kuko atigeze […]

Gicumbi: Umusore yakaswe ugutwi, nyina yicwa atewe ibyuma

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Nyakanga 2019, umugore wo mu Murenge wa Shangasha yishwe n’abajura banasiga bakase ugutwi umwana we w’umuhungu w’imyaka 16. Hari abasore 2 bari mu kigero cy’imyaka 20 bafashwe bari mu bakekwaho ubu bugizi bwa nabi. Abaturage batuye mu mudugudu wa Kabeza, mu kagari ka Shangasha, mu murenge […]

Afurika y'Epfo: Indege bikoreye yasoje urugendo rw'ibilometero 12,000

Indege yakozwe n’urubyiruko rwo muri Afurika y’Epfo yasoje urugendo rw’ibyumweru bitandatu rwavaga mu mugi wa Cape rugana muri Cairo mu Misiri. Iyi ndege ifite imyanya yo kwicaraho ine iri mu bwoko bwa Sling 4. Yakozwe n’abanyeshuri 20. Ikoze uru rugendo rw’ibilometero 12,000 ihagaze mu bihugu bikurikira: Namibiya, Malawi, Ethiopia, Zanzibar, Tanzaniya na Uganda. Umupilote w’iyi […]

Burundi: Isoko riremera mu irimbi

Inyama, inzoga, amakara n’ibindi bitandukanye nibyo usanga birimo gucuruzwa mu isoko rito riremera mu irimbi riherereye mu mujyi wa Muyinga mu Burundi. Abacuruzi bafite ibitanda bacururizaho ibicuruzwa byabo, abandi bubatse amaduka mato, by’umwihariko hakaba hari n’umugore utegura amafunguro hafi y’imva y’umugabo washyinguwe mu cyumweru kimwe gishize, yagize ati « Iyi ni resitora yanjye ». Undi […]

WIBUKE KO UBUBABARE BWAWE UTERWA N’IBIBAZO URIMO BUZASHIRA-Rev./Ev. Eustache Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho […]

Senateri Bishagara Kagoyire ThérÚse yapfiriye muri Amerika

Sena y’u Rwanda yatangaje inkuru y’akababaro ifite nyuma y’urupfu rwa Senateri Bishagara Kagoyire ThĂ©rĂšse, wapfiriye mu bitaro yivurizagamo byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu itangazo ryashyizweho umukono na Perezida wa Sena y’u Rwanda, Hon Makuza Bernard, kuri uyu wa 08 Nyakanga 2019, rivuga ko Sena y’u Rwanda ibabajwe n’urupfu rwa Senateri Bishagara Kagoyire […]

RDC: Abaturage bishimiye ko Gen. Ntaganda yahamijwe ibyaha 18 yaregwaga

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwahamije Bosco Ntaganda ibyaha 18, imiryango itegamiye kuri Leta yagize uruhare mu kumurega ivuga ko uyu ari umunsi w’ibyishimo n’ikizere ku batuye aho yakoreye ibyaha. Imiryango mpuzamahanga; FĂ©dĂ©ration Internationale des Ligues des Droits de l’Homme (FIDH), Associations Africaine de DĂ©fense des Droits de l’Homme (ASADHO), Groupe Lotus na Ligue des Electeurs yatangaje […]