Irinde kubwira umuntu ubabaye amagambo akurikira

Turi mu isi, duhura na byinshi bidushimisha ariko ntitubura ibidushavuza. Mu gihe tubabaye, akenshi dukenera abatuba i ruhande kugira ngo badufashe muri ibyo bihe ariko kandi hari n’abifuza kuguma bonyine mu bihe nk’ibi. Uburwayi, inzara no kutagera ku byo twifuzaga biratubabaza ariko urupfu rukaba akarusho, cyane nk’igihe tubuze abavandimwe, inshuti cyangwa se ababyeyi. Kwihanganisha umuntu wagize […]

Kenya: Umudepitekazi yasohowe mu nteko nyuma yo kujyanamo uruhinja biteza umwuka mubi

Imirimo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Kenya mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu yaje guhagarara ho gato nyuma y’aho umudepite witwa Zuleika Hassan yinjiranye uruhinja rw’amezi atanu bigateza umwuka mubi. Uwari uhagarariye Perezida w’inteko witwa Christopher Omulle yahise ategeka Zuleika gusohoka avuga ko mu Nteko atari ahantu yaje kurerera umwana we. Itsinda ry’abadepite b’abagabo n’abagore […]

Nyamasheke: Harasabwa ubufatanye mu guhangana n’ihungabana rigaragara ku bana bibana

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke n’ubw’umuryango Strive foundation  Rwanda ufite mu nshingano kurengera abana bibana, buvuga ko muri aka karere  hari abana nk’aba benshi,bafite ibibazo byinshi bibaviramo ihungabana rikomeye ariko riza mu buryo bunyuranye, inzego zose bireba muri aka karere  zigakangurirwa kongera ubufatanye mu gukumira no guhangana n’ibibazo byaba bitera aba bana kwibana n’ihungabana rikomeye ribiturukaho. […]

Ibyiciro bishya by'Ubudehe byagombye gutandukanywa n’inkunga zihabwa abatishoboye-TIR

Umuryango urwanya ruswa n’akarengane Transparency International Rwanda wifuza ko ibyiciro by’ubudehe biri kuvugururwa, bitazakomeza gushingirwaho hatangwa inkunga zihabwa abatishoboye, cyane ko nta muntu ubaho adakeneye inkunga.  Mu kiganiro n’abaturage b’umurenge wa Mukura mu karere ka Huye, uyu muryango werekana ibyifuzo by’abaturage byavuye mu bushakashatsi bugamije gukusanya ibitekerezo ku mivugururire y’ibyiciro by’ubudehe. Ikindi ni uko hashobora […]

Byinshi ku ibaruwa ndende Kizza Besigye yandikiwe

Dr Kiiza Besigye, umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda yandikiwe n’umunyamategeko Banturaki Bernard (niba atari izina yahawe) ibaruwa ifunguye imwereka uburyo Museveni atari we kibazo igihugu gifite, aboneraho no kumusobanurira ibigomba gukemurwa. Banturaki yabanje kumusuhuza mu izina rya Yesu wihinduye umuntu, aza gucungura abanyabyaha. Yaboneyeho kumubwira ibijyanye no kwitanga. Yanagereranyije uko Yesu yitanze n’ukwe, we […]

Umuyobozi w’Ikipe yeguye kubera umugabane wa Afurika

Umuyobozi w’Ikipe ya Schalke 04 yo mu Budage, Clemens Tà¶nnies yeguye ku mirimo ye bitewe n’amagambo yatangaje kuri Afurika yafashwe nk’ivangura. Clemens ubwo yaganiraga n’abasaga 1600 mu Mujyi wa Paderborn yijujutiye uburyo Leta yongeje imisoro kubera gukomeza gufasha Afurika. Ubusanzwe Ubudage bufite umuhigo wo kubaka inganda 20 z’amashanyarazi ku mugabane wa Afurika. Yagize ati “  […]

Rubavu: Umupasiteri wari ukurikiranweho gusambanya umwana yakatiwe gufungwa imyaka 21

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rubavu  bwatsinze urubanza bwarezemo   umupasiteri  witwa  Niyoyita Jean Bosco  icyaha cyo  gusambanya umwana w’imyaka 17. Urukiko ku rwego Rwisumbuye rwa Rubavu,  ku wa   31/07/2019, rwemeje ko ikirego cy’ Ubushinjacyaha gifite ishingiro, rwemeza ko Niyoyita Jean Bosco ahamwa n’icyaha cyo gusambanya umwana rumuhanisha igifungo cy’imyaka 21 nk’uko byari byarasabwe n’Ubushinjacyaha.   […]

Meddy yanyomoje abavuga ko afite fiancée

Umuhanzi w’Umunyarwanda, Ngabo MĂ©dard, ntiyemera ko afite fiancĂ©e nk’uko abantu benshi babivuga. Mu kiganiro yagiranye na BBC, Meddy yabajijwe ibibazo byinshi, birimo gahunda y’umuziki afite mu minsi iri imbere; haba mu Rwanda no hanze. Bigeze ku mukobwa w’Umunya-Ethiopia bigeze kuzana hano mu Rwanda, akamwereka abafana ndetse n’umuryango, Meddy ati : ” Uriya ni inshuti isanzwe […]

Pakistan itangaza ko yiteguye guhangana n’Ubuhinde

Minisitiri w’Intebe wa Pakistan,  Imran Khan atangaza ko igihugu cye kititeguye kurebera ibyemezo Ubuhinde bukomeje gufatira agace ka Kashmir. Pakistan ivuga ko izahangana n’Ubuhinde mu Kanama k’Umutekano ka LONI nyuma y’aho  Minisitiri w’Intebe w’Ubuhinde, Narendra Modi yatse Kashmir umwihariko wayo. Ati “ Nshaka kugira ngo byumvikane neza ko iki cyemezo tuzakirwanya mu nama zose, harimo […]

Kandidatire z’abifuza kujya muri Njyanama y’Umujyi wa Kigali zatangiye kwakirwa kugeza kuwa 09 Kanama

Mu gihe hategerejwe amatora y’Abagize Njyanama na Komite Nyobozi by’Umujyi wa Kigali azaba ku itariki 17 kanama 2019, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora iravuga ko izatangira kwakira kandidatire z’abifuza kujya muri Njyanama y’Umujyi wa Kigali guhera kuri uyu wa Gatatu, itariki 07 kugeza ku ya 09 Kanama 2019. Nk’uko itangazo ryashyizwe ahagaragara na Komisiyo y’Amatora kuri uyu […]

Burundi: Imiryango y’abasirikare biciwe muri Somalia irasaba imirambo yabo

Nyuma y’igitero Al-Shabaab yagabye ku basirikare b’u Burundi bari mu butumwa bw’amahoro muri Somalia,  imiryango yabo irasaba kugaragarizwa imirambo yabo. Abasirikare bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Somalia, ubwo bari mu kazi mu gace ka Bal’Ad, mu Bilometero 30 uvuye mu Burasirazuna bw’Amajyaruguru ya Mogadiscio, ku wa 27 Nyakanga 2019, nibwo bagabweho igitero n’Al […]

Amafoto: Perezida Kagame yasesekaye I Lusaka muri Zambia nyuma yo kuva muri Mozambique

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, akaba na chairman w’Ikigo cya Afurika cy’Intego z’Iterambere Rirambye (SDGs), kuri uyu wa Gatatu, itariki 07 Kanama yasesekaye I Lusaka muri Zambia aho agiye gutangiza ikigo cya SDGs mu gice cya Afurika y’amajyepfo. Perezida Paul Kagame akaba yagiye I Lusaka agiye kwifatanya na mugenzi we wa Zambia, Edgar Lungu mu […]

Uganda: Maj. Gen. Aloys Muganga ayoboye inama itegura imyitozo ya Ushirikiano Imara ku nshuro ya 12

Itsinda ry’abasirikare, abapolisi, abacungagereza n’abasivili ryaturutse mu Rwanda ryitabiriye inama y’Umuryango wa East Africa I Kampala igiye gutegurirwamo imyitozo y’ingabo zo mu bihugu bigize umuryango iteganyijwe mu Ugushyingo I Jinja. Iyi myitozo igamije kureba uko izi ngabo ziteguye kuba zahangana n’ibibazo bitandukanye byavuka nk’iterabwoba, izabera mu kigo cy’ubutabazi bwihuse cy’Ishuri rya gisirikare. Itangazo ryashyizwe ahagaragara […]

Gen. Tumwine agiye kwirukanwa ku mwanya wa Minisitiri w’umutekano

Amakuru yizewe aravuga ko Perezida Yoweli Museveni wa Uganda agiye gusimbuza Gen. Elly Tumwine, Minisitiri w’Umutekano w’Igihugu ku mpamvu z’imyitwarire idahwitse. Ikinyamakuru Spyreports gisanzwe kizwiho gutangaza amakuru atariho ivumbi (agataliko mfuufu) gitangaza ko Museveni ateganya gukora impinduka mu minsi iri imbere. Umuntu wa hafi  yabwiye iki kinyamakuru ko mu nama yateranye kuwa 6 Nyakanga uyu […]

Igipolisi cya Uganda kiremeza ko umuhanzi Ziggy Wine yazize impanuka aho kwicwa

Igipolisi cya Uganda cyemeje ko umuhanzi Micheal Arinda uzwi nka Ziggy Wine, w’imyaka 28, wari inshuti magara ya Bobi Wine, yishwe n’impanuka aho kwicwa n’abandi kubera impamvu za politiki nk’uko byatangazwaga nyuma y’urupfu rwe rwabaye ku Cyumweru gishize ninjoro. Umuvugizi w’igipolisi, Fred Enanga, mu kiganiro n’itangazamakuru ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, yavuze ko […]

Impamvu yatumye umuhanzi Teknomiles atabwa muri yombi-amashusho

Augustine Miles Kelechi uzwi nka Teknomiles cyangwa se Tekno ubu ari mu maboko ya polisi kugira ngo ahatwe ibibazo ku mashusho yashyize ku karubanda abyinisha abakobwa bambaye utwenda two kogana (bikini). Mu cyumweru gishize, Tekno yashyize ku mbuga nkoranyambaga amashusho abyinishiriza abakobwa batatu mu modoka ifunguye igice cy’inyuma. Aba bakobwa bari bambaye utwenda duto. Tekno […]

Hahishuwe undi mwana w’ibanga wa Diamond Platnumz

Amakuru agera kuri Bwiza.com ni uko Umuhanzi Diamond Platnumz afite abana bane hatarimo umuhungu ateganya kubyarana na Tanasha Donna Okech. Ubusanzwe bizwi ko Diamond afite abana  batatu, babiri yabayaranye na  Zari Hassan Tlale aribo; Prince Nillan na Princess Tiffah. Undi ni uwo yabyaranye na Hamisa Mobetto witwa Dylan. Kuri ubu uyu byamenyekanye  ko Diamond afite […]

Ufite igitsina gito  ntacyo cyamarira- Umudepite abwira Guverineri wa Nairobi

Umudepite w’agace ka  Suba y’Amajyaruguru muri Kenya, Millie Odhiambo Mabona yandagaje Guverineri w’Umujyi wa Nairobi, Mike Sonko wamunenze ku ngingo yo kuvuga ko akunda akabariro ku karubanda. Depite Mabona yari aherutse kuvuga ku karubanda ko akunda imibonano mpuzabitsina. Guverineri Sonko mu kumusubiza, yaramuneze amubaza igihe ayikorera n’uburyo ayikora niba ayikunda. Mu gusubiza ku byavuzwe na […]

U Rwanda na Congo byafashe ingamba zo kurushaho gukumira Ebola

U Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Kabiri, itariki 06 Kanama byafashe icyemezo cyo gushyiraho ingamba zo gukumira indwara ya Ebola no gucungira umutekano abantu bose bakoresha umupaka uhuza ibihugu byombi . Ibi Minisitiri w’ubuzima, Dr Diane Gashumba na mugenzi we wa Congo uyoboye minisiteri y’ubuzima by’agateganyo, Pierre Kangudia, babitangaje mu […]

Umugore wa mbere w'umwirabura watsindiye igihembo cya Nobel, yapfuye

Toni Morrison, wabaye umugore wa mbere w’umwirabura ufite inkomoko muri Afurika watsindiye igihembo cyitiriwe Nobel mu buvanganzo, yapfuye afite imyaka 88 y’amavuko. Umuryango we, n’akababaro kenshi, wemeje ko Morrison yapfuye amaze “igihe gito arwaye”. Uyu yanditse ibitabo 11 mbarankuru, yatsindiye icyo gihembo cyitiriwe Nobel mu mwaka wa 1993, igitabo cye cya mbere, ‘The Bluest Eye’, akaba […]

Rubavu: Hafatiwe undi mugabo ufite amadolari y’amiganano

Kuri yu wa Mbere tariki ya 05 Kamena 2019, Polisi ikorera mu karere ka Rubavu mu murenge wa Gisenyi yongeye gufatana umugabo witwa Nduhura Boniface w’imyaka 38 y’amavuko ukomoka mu karere ka Nyamasheke mu murenge wa Kanjongo amadolari ya Amerika 5,500$ y’amiganano. Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Iburengerazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Emmanuel Kayigi […]

Gahunda y’ Imana ntabwo ijya hinduka- Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Abaroma 11:29 “ Kuko impano z’ Imana no guhamagara kwayo ari ibintu itazigera yicuza.” Ni izihe […]