Waba uhagaze gute muri ibyo bibazo ? – Rev. Nibintije
Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki. Abagalatia 6:7 âNtimwishuke . Ibyâ Imana ntibikerenswa, kuko ibyo umuntu abiba ari byo asarura.â Uyo umuntu […]
Kizito Mihigo yiyemeje gukora amasengesho y'iminsi 9 mbere y'uko amara umwaka afunguwe
Uyu wa 7 Nzeri 2019, umuhanzi Kizito Mihigo uzwi mu ndirimbo zo gushima no guhimbaza Imana ndetse n’uburere mboneragihugu yiyemeje amasengesho y’iminsi icyenda ibanziriza tariki ya 15 Nzeri, igihe azaba amaze umwaka afunguwe. Ni amasengesho asabamo na bagenzi be bamusengeye ubwo yari muri gereza kugiramo uruhare. ” Bavandimwe, maze umwaka abantu banyuranye bambwira ngo igihe […]
Umuryango wa Nteireho wicanwe n'uwiswe Umunyarwandakazi wigaragambije, banga kumushyingura
Abagize umuryango wa Joshua Nteireho Rushegyera bigaragambije banga gushyingura uyu musore uherutse kuraswa ari kumwe n’umugore byavuzwe cyane ko ari Umunyarwandakazi, Marina Tumukunde bishwe barasiwe muri Uganda. Uku kwigaragambya kuraturuka ku kutumvikana hagati y’imiryango yombi ababyeyi ba nyakwigendera bavukamo. Abo kwa se umubyara, banze icyemezo cyo kumushyingura ahitwa Kazo (kwa ba nyirarume) kuko bifuzaga ko […]
Havumbuwe inyandiko y'ibanga hagati y'Uburundi na Tanzania 'igambanira impunzi'
Ishyirahamwe Amnesty International rivuga ko ritewe impungenge n’umugambi w’ibihugu bya Tanzania n’u Burundi rivuga ko bigiye gutahukana ku nguvu impunzi z’abarundi ziri muri Tanzania. Mu itangazo ryashyize ahagaragara kuwa 6 Nzeri uyu mwaka, rivuga ko ryabonye inyandiko rw’ibanga u rwerekana ko ba Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu muri Tanzania n’u Burundi bumvikanye ko gucura impunzi ku ngufu […]
USA: Umugore yibeshye yirasira umwana
Umugore w’Umunyamerika yarashe umwana we w’imyaka 18 y’amavuko ubwo yagiraga ngo ni umujura umuteye. Byabaye ku wa 4 Nzeri, ubwo umwana yavaga ku ishuri agiye gusura uyu mubyeyi we mu buryo butunguranye. Uyu mubyeyi avuga yari mu rugo wenyine, yumva urusaku rw’umuntu uri mu gikoni, nyuma yumva afunguye umuryango w’icyumba cyo kuryamamo yari aherereyemo. Acyumva […]
Bintera ubwoba, nabikunda mbyaye si nshake, abagabo barasiteresa – Miss Pamela
Uwicyeza Pamella wahatanye muri miss Rwanda 2019 ntagire amahirwe yo kwegukana ikamba yatangaje amagambo yatunguye benshi ubwa yagirangana ikiganiro na DC TV ikorera kuri murandasi. Ubwo yabazwaga ubuzima abayemo nyuma yo kuva muri aya marushanwa, yavuze ko abayeho neza nta kibazo ndetse n’umushinga yari afite wo kurwanya inda ziterwa abangavu akiwutekerezaho. Mu bibazo byinshi yabajijwe […]
Uganda: Harakemangwa umubano uri hagati y'abasirikare na Gen. Muntu
Abakurikiranira hafi ibya politiki muri Uganda bavuga ko hakwiye gukemangwa umubano uri hagati ya Rtd. Maj. Gen. Mugisha Muntu n’abasirikare ndetse n’abapolisi. Hashize iminsi itari myinshi abantu bagaruka ku buryo abapolisi n’abasirikare bafata neza Gen. Mugisha Muntu wo muri opozisiyo, ibintu bitaba ku bandi banyepolitiki babarizwa kuri uru ruhande. Bamwe bavuga ko Gen. Muntu yaba […]
Ubuhinde bwatakaje itumanaho nâicyogajuru buherutse kohereza mu kirere
Ikigo Gishinzwe ibyâIkirere mu Buhinde (ISRO) gitangaza ko kitagifite itumanaho nâicyogajuru baherutse kohereza ku kwezi. Iki kigo gitangaza ko cyabuze itumanaho nyuma yâigihe gito iki cyogajuru kigeze mu majyepfo yâukwezi. Ibi bikaba ari ikibazo ku bikorwa byari bigamijwe byo kumenya byinshi ku kwezi. ISRO itangaza ko iki cyogajuru cyari cyoherejwe ku kwezi mu rwego rwo […]
Icyo u Rwanda ruvuga ku iraswa rya âKamukaziâ
Ambasaderi wâu Rwanda muri Uganda, Rtd. Maj. Gen. Frank Mugambage yabeshyuje amakuru avuga ko umukobwa witwa Florence Kamukazi warasiwe Entebbe muri Kampala ari Umunyarwanda. Ibitangazamakuru bitandukanye byatangaje ko uyu mugore warasanwe nâumurinzi we, Ruhegyera. Aganira na TNT yagize ati â Twagerageje kubamenya ariko twaje gusanga ari Abanya-Uganda nâubwo ibinyamakuru byinshi byatangaje puropaganda ko ari Abanyarwanda.â […]
Uriya mukobwa ni intwari, nange nzabikora-Karasira avuga ku mukobwa wiyahuriye ku igorofa
Ubwo yaganiraga na Ukwezi Online TV, Karasira Aimable uzwiho imyumvire n’amagambo bidasanzwe yabwiye iki kinyamakuru ko ‘kwiyahura ari byiza’ ku buryo na we azabikora. Imbarutso y’aya magambo ya Karasira Aimable ni Hatangimana Scolastique wasimbutse igorofa rya kane ry’inyubako yo kwa Makuza, iherereye mu Karere ka Nyarugenge, Umugi wa Kigali. Karasira yavuze icyo yakora abonye umuntu […]
Nzaguhesha perimi kuko nziranye nâabapolisi- amagambo yâukekwaho ubutekamutwe
Sindikubwabo Naricisse w’imyaka 34 yâamavuko kuri uyu wa Kane tariki ya 05 Nzeri, yafatiwe mu karere ka Gasabo mu murenge wa Kinyinya, akurikiranyweho kwambura umuturage amafaranga ibihumbi 500,000frw amwizeza ko azamufasha kubona uruhushya rwa burundu(perimi) rwo gutwara imodoka. Umuturage wambuwe avuga ko muri Gashyantare uyu mwaka, Sindikubwabo yamubwiye ko hari abapolisi baziranye ndetse ko bamufasha […]
Hanga ijisho ryawe ku nyungu ziboneka mu kwihanganira ibiri ku kubaho – Rev. Nibintije
Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki. Matayo: 10:22 âMuzangwa nâabantu bose babahora izina ryanjye, ariko uzihangana akageza ku iherezo ni we uzakizwa.â […]