Icyo u Rwanda ruvuga ku iraswa rya ‘Kamukazi’

Sangiza iyi nkuru

Ambasaderi w’u Rwanda muri Uganda, Rtd. Maj. Gen. Frank Mugambage yabeshyuje amakuru avuga ko umukobwa witwa Florence Kamukazi warasiwe Entebbe muri Kampala ari Umunyarwanda.

Ibitangazamakuru bitandukanye byatangaje ko uyu mugore warasanwe n’umurinzi we, Ruhegyera.

Aganira na TNT yagize ati “ Twagerageje kubamenya ariko twaje gusanga ari Abanya-Uganda n’ubwo ibinyamakuru byinshi byatangaje puropaganda ko ari Abanyarwanda.”

Mu iperereza ryakozwe na polisi ya Uganda, ryagaragaje ko uyu mugore yitwa Merina Tumukunde w’imyaka 37 ndetse ngo akomoka mu Karere ka Mbarara.

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

Mugambage yavuze ko guhuza uyu mugore n’u Rwanda byafatwa nka puropaganda.

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *