Ni iki Olivier Nduhungirehe avuga ku rupfu rwa Gen. Mudacumura wayoboraga FDLR?
Umunyamabanga wa Leta y’u Rwanda muri Minisiteri y’Ububanyi ‘Amahanga, Olivier Nduhungirehe yavuze uko yakiriye inkuru y’urupfu rwa Lt. Gen. Sylivestre Mudacumura wayoboraga FDLR. Mu kiganiro yagiranye n’Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, Amb. Nduhungirehe yavuze ko ari inkuru nziza ku mutekano n’amahoro by’akarere. ” Urupfu rwa Sylivestre Mudacumura ni inkuru nziza ku mutekano n’amahoro by’akarere.” Amb. Nduhungirehe. […]
Rwamagana: Umukilisitu yatunguye benshi yitanga Telefoni ihita inagurishirizwa mu Kiliziya
Ku Cyumweru tariki ya 15 Nzeri 2019, ubwo Abakirisitu bakoraga igikorwa cyo gutanga amafaranga azakoreshwa mu munsi mukuru wa Yubile yâimyaka 100 paruwasi ya Rwamagana imaze ishinzwe, umukirisitu yatunguye bagenzi be atanga telefoni igendanwa igurishirizwa mu kiliziya bisabwe nâabakirisitu. Hari mu misa ya Gatatu yasomwe na padiri mukuru, Jean Marie Theophile Ingabire, muri buri misa […]
Rusizi: Imyigire yâabana bafite ubumuga iracyabangamirwa nâinzitizi zâurudaca
Abana bafite ubumuga baracyahura n’inzitizi zirimo kutagira insimburangingo nâinyunganirangingo, ku bazikeneye bigituma hari bamwe mu bana bajyanwa ku ishuri bahetswe mu mugongo kandi batangiye kuba bakuru, kuba abarezi batazi ururimi rwâamarenga ku bana bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga, kuba nta nyandiko yâabatabona( Braille) abigisha abatabona bagira,nâibindi,ababyeyi nâabarezi bagasaba ko na byo byakwitabwaho. Izi mbogamizi […]
Kurara wambaye ubusa, kimwe mu byo umukobwa ugiye gushaka atangira kwimenyereza
Umuntu aravuka agakura ariko igihe kikagera na we akava iwabo akajya gushinga urwe, ku miryango biba ari ibyishimo kuko aba ari amahirwe yo kuyagura, bityo rero nk’umukobwa hari ibyo asiga iwabo agatangira kwimenyereza ibindi bizamufasha kubaka urugo rwe. Nkâumukobwa uba uvuye mu muryango we agiye gushaka mu wundi, aba ateimpungenge nyinshi yibaza twinshi mu byukuri […]
Ifi yafashije polisi guta muri yombi abacuruza ibiyobyabwenge
Ifi nini yitwa Sili yo ku kirwa cya Burton mu gihugu cya Australia yafashije polisi gufata abacuruza ibiyobyabwenge babiri muri batanu bari mu nyanja. Polisi itangaza ko yafashe aba bacuruzi bitewe nâifi yabakumiriye, ikababuza kwinjira mu bwato buto bashakaga gukoresha batoroka. Komiseri wa Polisi ku kirwa cya Burton, Chris Dawson yatangaje ko uburakari bwâiyi fi […]
Urubanza rw'umunyamakuru Phocas Ndayizera rwasubitse bitewe n'ikibazo cy'ikoranabuhanga
Urubanza rw’umunyamakuru Phocas Ndayizera rwasubitswe uyu munsi mu rugerereko ruburanisha ibyaha by’iterabwoba ruri mu Karere ka Nyanza, kubera ikoranabuhanga ryapfuye. Phocas Ndayizera hamwe n’abandi bagabo 12 bareganwa bavuze ko aho bafungiye muri gereza ya Mageragere i Kigali hashize amezi abiri ikoranabuhanga ryarapfuye batabona ‘dossier’ zabo. Ndayizera na bagenzi be bararegwa gutegura ibitero byo guturitsa ahari […]
Kaminuza ya CHUR yazanye igisubizo ku bo kudidibuza indimi zâamahanga byabereye ihurizo
Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) itangaza ko yatangije ikigo kizajya kigisha indimi zâamahanga ku banyeshuri bayo nâabarimu ndetse no ku bandi bifuza kwiga indimi zâamahanga zitandukanye. Ubuyobozi bwâiyi kaminuza butangaza ko indimi zizigishwa harimo Icyongereza, Igifaransa, Igiswahili, Ikidage nâIkinye-Koreya. Babinyujije ku rukuta rwa Twitter, bagize bati âKaminuza ya CHUR itangije ku mugaragaro ikigo […]
Gen. Mudacumura wayoboraga FDLR yishwe nâabasirikare kabuhariwe
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 Nzeri 2019, abasirikare kabuhariwe ‘Hibou’ bo mu gisirikare cya Leta (FARDC), bishe barashe Lt Gen Mudacumura Sylvestre wari umuyobozi w’inyeshyamba za FDLR/FOCA. Amakuru akomeje gucicikana avuga ko abasirikare bamurashe bari muri Operasiyo Sokola2, ahaberaga imirwano […]
Ndifuriza abagabo bose kuba âInganzwaâ- Ingabire ImmaculeĂ©
Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie ImmaculĂ©e,avuga ko yakwifuriza abagabo bose kuba inganzwa bibaye byatuma amahoro n’umutekano byimakazwa mu miryango Nyarwanda. Ibi Ingabire yabitangaje nyuma yâikibazo cyabajijwe kuri Twitter nâuwitwa Saga Assou, aho yagize ati â Ese nkâubu umuntu wikundira umugore we akaba anikundira amahoro, kuba “Inganzwa” “Uxorious” hari icyo yaba abangamiyeho umuco? Cyangwa […]
Umwavoka wâabaguye mu mpanuka yishe 157 barimo Umunyarwanda yasabye inyandiko zerekeye indege yabahitanye
Umwavoka wâabafitanye isano nâabantu 157 baguye mu mpanuka ya Kompanyi yâindege ya Ethiopian Airlines, Robert Clifford atangaza ko ari gusaba inyandiko zerekeye indege yo mu bwoko bwa Bowing (boeing) 737 Max 8 yishe aba bantu. Jackson Musoni ni we Munyarwanda wari mu bantu 157 baguye muri iyi mpanuka yabaye Cyumweru tariki 10 Werurwe 2019. Yabaye […]
Umwana muto yashimuswe akurwaho imyanya yâibanga, ururimi nâamaboko
Polisi mu Karere ka Mayuge muri Uganda iri gukora iperereza ku iyicwa ryâumwana wâimayaka itandatu washimuswe, akicwa nyuma agakurwaho imyanya yâibanga, ururimi ndetse n’amaboko ye yombi agatemwa. Umurambo wâuyu mwana witwaga Edirisa Kabulure wasanzwe mu murima wâibisheke nyuma yâaho nyina, Jacquelyn Namuyangu wari wamusize mu rugo ari kumwe na barumuna be babiri, akajya gufura, yagarutse […]
Ntimukavuge ngo u Rwanda ni ruto- Guverineri Mufulukye
Guverineri wâIntera yâIburasirazuba, Mufulukye Fred avuga ko u Rwanda atari ruto ashingiye ku kuba hari ibindi rurusha ubuso hirya no hino ku Isi. Guverinero Mufulukye yabitangarije abaturage bo mu Kagari ka Bushenyi, Umurenge wa Mwulire, Akarere ka Rwamagana, Intara yâIburasirazuba, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 Nzeri 2019, ubwo yifatanyaga nabo mu Nteko rusange. […]
Undi mu bashyigikiye Museveni yatewe umusumari wambukiranya itama ujya mu kanwa
Umuturage witwa Isaac Katoogo wo mu Karere ka Mbale bizwi ko ari umuyoboke ukomeye wa Museveni yatewe umusumari wambukiranya itama werekeza mu kanwa. Katoogo uzwi nka Ambasaderi wa Yesu muri Mbale akaba asanzwe ari nâumuhanzi ukizamuka kuwa 17 Nzeri ni bwo yagabweho igitero nâabantu bataramenyekana, baramushimuta, bamutera umusumari mu itama, werekeza mu kanwa. Spyreports dukesha […]
Umuyobozi ukomeye w'inyeshyamba yiciwe hafi y'umupaka w'u Rwanda n'u Burundi
Umuyobozi ukomeye w’inyeshyamba za Mai-Mai yiciwe mu gace k’imisozi miremire ka Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu Bilometero bike uvuye ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi. Uyu muyobozi w’inyeshyamba wishwe yari azwi ku izina rya Col Njwapa, akaba yararashwe n’umutwe w’Abanyamulenge wa Twirwaneho, ukorera mu Minembwe. Ikinyamakuru Chimpreports […]
Umugabo wa Fille Mutoni yishongoye ku kabari gaherutse kumwirukana
Edwin Katamba, uzwi nka MC Kats wahoze akundana nâumunyarwandakazi Fille Mutoni yasubije akabari Fame gaherutse kumwirukana akishongoraho. Akabari Fame iherutse gutangaza ko yirukanye Katamba kuko ibyo kari kamwitezeho, ntabyo yatanze. Uretse kunanirwa inshingano ze, Katamba ashinjwa gusuzugura ba sebuja buri gihe avuga ko âAtinya Imana gusa.â Ndetse no kunywa ntiyishyure. Asubiza kuri ibi, yifashishije imbuga […]
RIB yataye muri yombi umunyamakuru Irené Mulindahabi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB yataye muri yombi umunyamakuru wa Isango Star, IrenĂ© Murindahabi ukekwaho gutangaza amagambo y’urukozasoni yifashishije ikoranabuhanga. Ni ubutumwa uru rwego rwashyize kuri Twitter. ” RIB yafashe umunyamakuru Mulindahabi IrĂ©nĂ© ukekwaho icyaha cyo gutangaza amagambo yâurukozasoni hakoreshejwe uburyo bwâikoranabuhanga.” Muri ubu butumwa kandi, RIB yakomeje isaba abakoresha ikoranabuhanga kumenya ibigomba gutangazwa n’ibibujijwe mu […]
Byemejwe ko Perezida Nkurunziza agomba kuryozwa ibyaha byose by'ihohoterwa bikorerwa mu Burundi
Raporo ya nyuma ya komite y’umuryango w’abibumbye (UN) yakoze iperereza ku Burundi yamuritswe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 Nzeri 2019, ivuga ko perezida w’u Burundi ubwe yabazwa n’amategeko ibyaha byibasira inyoko muntu abakoze iperereza babonye. Doudou DiĂšne wari uyoboye iyi komite yabwiye inteko rusange y’ishami rya UN ryita ku burenganzira bwa muntu i […]