Amb. Peter Vrooman mu Kinyarwanda kiza, yaburiye abizezwa viza yo kujya muri Amerika
Peter Vrooman uhagarariye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu Rwanda , yifashishije Ikinyarwanda gitomoye yaburiye abizezwa viza yo kujya muri Amerika ndetse n’akazi. Amb. Vrooman yatangiye ubu butumwa ku rubuga rwe rwa Twitter, aho yasobanuye neza ko nta muntu ufite ububasha bwo gutanga viza. Ubutumwa bwa mbere bugira buti: ” Haba hari umuntu wakwijeje viza yo […]
Hari ingofero zibujijwe kwambara muri Uganda
Igisirikare cya Uganda (UPDF) gitangaza ko bibujijwe kwambara ingofero itukura itagira urugara (beret) imenyerewe nkāiyāabashyigikiye People Powe ya Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine. Kuwa Mbere tariki 30 Nzeri ni bwo UPDF yatangaje ko ingofero zitukura ari umwambaro wihariye wāabasirikare, bityo ko uzayambara ari umusivili azajya afungwa nta kabuza. Ni ingofero zifatwa nk’ikirango cya […]
Biravugwa ko Col. Sinayobye BernabƩ wakoranaga na Sankara yashimuswe
Colonel Sinayobye BernabĆ© wavuzweho mu rubanza rwa Nsabimana Callixte, Sankara ko bakoranaga mu mutwe wa FLN, kugeza ubu amakuru avuga ko yaba yashimutiwe mu gihuguĀ cya Tanzania n’abantu bataramenyakana. Ikinyamakuru rwandatribune.com gitangaza ko ku wa mbere tariki ya 30 Nzeli 2019, saa mbiri za mu gitondo Col Sinayobye ngo usanzwe azwi ku izina rya Morani […]
Leta y'u Burundi iremeza ko bizabiza icyuya abarimo gutegura 'Coup d'Etat'
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burundi, Ā Ć ā°zĆ©chiel Nibigira, yabwiye inama rusange y’umuryango w’abibumbye ko u Burundi bwiteguye neza amatora ya 2020, by’umwihariko ko hari abafite umugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi ariko ko byababiza icyuya. Niyibigira yavuze ko u Burundi bugeze kure bwitegura ayo matora ngo azabe mu mahoro, ubwisanzure n’umucyo. Mu ijambo rye ryamaze iminota 30, […]
PAC yavuze ku kibazo cyāabayitaba bahinda umushyitsi
Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze yāimari nāumutungo bya Leta mu Nteko ishinga amategeko umutwe wāAbadepite (PAC) ivuga ko abayobozi badakwiye kuzajya bitaba uru rwego bumva ko bagiye gukangwa, kubwirwa nabi cyangwa gutitizwa. Nanone ngo igitsure ntikibura mu rwego rwo guca akajagari k’abatabasha gusobanura ibyo babazwa. Mu kiganiro āUbyumva uteā cya KT Radio kuri uyu wa 1 […]
Impamvu 5 abakobwa basigaye bifuza kuryamana n'abagabo bafite abagore kurusha abasore
Ni benshi usanga bibaza impamvu usanga abakobwa beza b’ibizungereza basuzugura abasore b’urungano nyuma ugasanga basohokanye n’abagabo bazi neza ko bafite ingo, rimwe na rimwe bafite n’abana bakuru. 1.Kubakurikiraho ifaranga : Abakobwa benshi bazi ko abasore nta mafaranga baba bafite [ Ngo ntakibavaho] bityo bakifuza kuryamana n’abagabo kuko baba bazi ko icyo bifuza cyose bakibaha. Aha […]
Habaye ibirori bidasanzwe by'imyaka 70 ishize Repubulika y'Ubushinwa ibayeho-amafoto
Mu 1949, ishyaka ry’Abakominisite ryari riyobowe na Mao ZedongĀ ryakoze impinduramatwara, tariki ya 1 Ukwakira muri uwo mwaka atangaza ko habayeho Repubulika y’Abaturage y’Ubushinwa. Kuri iyi tariki ya 1 Nzeri 2019, iyi Repubulika yizihize isabukuru y’imyaka 70 uyu Mao Zedong n’ishyaka rye batangaje ko habayeho iki gihugu. Ni umunsi waranzwe n’ibirori bidasanzwe haba ku rwego […]
Muhanga: Umuturage arataka kubura irengero ry'umuhungu we
Umuturage wo mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga, Dacien Nyirinkindi arataka ko amaze amezi atatu abuze irengero ryāumuhungu we, Edouard Niyondamya mu buryo we avuga ko ari amanzaganya. Uyu musaza yabwiye VOA dukesha iyi nkuru ko umuhungu we wāimyaka 34 yabuze ubwo yari atwaye imodoka ye yo mu bwoko bwa DUDU avuye i […]
Dr. Kayumba avuga ko inzara ariyo itera abaturage kwigaragambya
Inararibonye muri Politiki mpuzamahanga akaba nāumwarimu muri Kaminuza yāu Rwanda, Dr. Kayumba Christopher avuga ko abaturage batigaragambya kubera ko perezida runaka yatinze ku butegetsi, ahubwo ko bigaragambya kubera ko bafite ibindi bibazo birimo n’inzara. Dr Kayumba kimwe n’abandi bahanga mu bya politiki bavuga ko mu gihe abayobozi bāibihugu bya Afurika baramutse bita ku byifuzo byāabaturage […]
Uganda: Umugabo wāumwe mu Banyarwandakazi yakuye abantu umutima kubera imiti anywa
Umugabo wāUmunyarwandakazi Fille Mutoni ukorera umuziki muri Uganda, Edwin Katamba uziw nka MC Kats yakuye umutima abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ubwo yerekana umurundo wāimiti yanyoye mu minsi mike. Yifashishije urukuta rwe rwa Instagram, Kats yashize hanze ibipapuro bibikwamo imiti itandukanye avuga ko yayinyoye mu minsi ine ishize. Iyi miti nkāuko Ugblizz ibitangaza, irimo iyāimihangayiko yatewe […]
Platini yateye imitoma Butera Knowless amugaragariza urwo amukunda
Umwe mu basore bagize itsinda rya Dream Boyz, Nemeye Platini ubwo yifurizaga isabukuru nziza y’amavuko umuhanzikazi, Butera Knowless, yamugaragarije urwo amukunda. Ni amagambo Platini yacishije ku rukuta rwe rwa Facebook mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 1 Ukwakira 2019, aho yagize ati “Uyu munsi ni uwawe, njyewe cyangwa na Ishimwe Clement turagukunda […]
Mu by'ukuri dufite ubwoba- Impunzi z'Abarundi
Ku Cyumweru tariki ya 30 Nzeri 2019, nibwo mu nkambi y’impunzi z’Abarundi ya Nduta muri Tanzania hagabwe igitero n’abantu bafite intwaro, bityo izi mpunzi zikaba zivuga ko zatashywe n’ubwoba mu gihe zinahatirwa gutaha ku ngufu. Ni igitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro, umuntu umwe arakomeretswa ndetse hanibwa n’amafaranga. Iki gitero kikaba cyagabwe muri zone ya 12. […]
Super Cup: Rayon Sports Vs AS Kigali-Rutanga afitiye impano ubuyobozi bushya
Rutanga Eric umukinnyi wa Rayon Sports akaba na Kapiteni wāiyikipe yemeje ko bifuza kwegukana igikombe cya Super Cup bazaguhanganamo na AS Kigali kuri uyu munsi akaba ari yo mpano yifuza ko baha ubuyobozi bushya nyuma yo gutakaza igikombe cy’Agaciro Uyu munsi tariki ya 1 Ukwakira, Rayon Sports yegukanye igikombe cya shampiyona umwaka wāimikino ushize wa […]
Urukiko rwikirenga rwanze umwe mu batowe na Forum yāamashyaka kuba Senateri
Amakuru bwiza.com ifite none Tariki ya 01 Ukwakira 2019 , aravuga ko urukiko rwāikirenga rwanze umwe mu bakandida Senateri wari watanzwe nāihuriro ryāimitwe ya Politike Uwamurera Salama wa PDI , Urukiko rwāikirenga rwemeye Nkusi Juvenal uturuka mu ishyaka rya PSD. Amakuru bwiza ifite nuko uyu Salama ashobora kuba azira kutagira ubunararibonye kuko yari yari ashinzwe […]
Jya uhora usengera umugabo wawe – Rev. Nibintije
Zaburi 119:14-16 āNjya nishimira inzira yāibyo wahamije ngo nyihwanye nāubutunzi bwose. Sinzibagirwa amategeko wigishije kandi nzita ku nzira zawe. Nzishimira amategeko wandikishije, sinzibagirwa ijambo ryawe.ā Data wo mu Ijuru, Ndagushimira umugabo wange no kuba ari impano yāubuzima bwange. Ndagushimira kuba ari umugabo wāinyangamugayo kandi ko umuryango wose uhiriwe kubera ko ari umutware wāurugo. Mpagaze mu […]
Haribazwa icyihishe inyuma yāamagambo yāumunyarwenya Salvador yafashwe nkāayibasira u RwandaĀ
Abakoresha imbuga nkoranyambaga bagaragaje ko bibajije byinshi ku magambo yāumunyarwenya wo muri Uganda, Patrick Salvador Idringi yavuze ku Banyarwanda, agafatwa nkāayibasira iki gihugu. Amagambo yateye ukwibaza ni Salvador Ā bivugwa ko yayavugiye mu Mujyi wa Ā Kampala, kuwa 5 Mata 2019 muri Selena Hotel, mu gitaramo cya Awilo Longomba. Salvador mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, mu […]