Bwa Gatatu, Umwanzuro ku bujurire bwa Lt Joel Mutabazi warindaga Perezida Kagame wasubitswe
Urukiko rw’ubujurire i Kigali kuri uyu wa Gatanu taliki ya 08 Ugushyingo,rwasubitse gutangaza umwanzuro ku bujurire bwa Lt Joel Mutabazi wahoze mu ngabo zirinda umukuru w’igihugu, ku nshuro ya gatatu kuva mu kwezi k’Ukwakira. Mu 2014 Lt Mutabazi yakatiwe n’urukiko rwa gisirikare gufungwa burundu no kwamburwa impeta za gisirikare. Yari ahamijwe ibyaha byo gushaka kwica […]
Uyu munsi niba ushaka gushimisha umugore wawe mu buriri dore ibintu 10 ukurikiza
Kunezeza umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina si imbaraga nyinshi, si ukuba wanyoye inzoga nyinshi, si ukuba yariye inkoko cyangwa ifi ngo ananywe inzoga ihenze cyangwa se ibindi yishimiye, ahubwo dore ibyo usabwa kugira ngo anyurwe. 1.Icya mbere ni Umwuka w’urukundo muri rusange hagati yanyu. 2.Ahantu heza umukunzi wawe yishimiye atanenga 3.Agomba kuba agukunda by’ukuri,nta kangononwa […]
Gisagara: Bafite ubwoba bw’inzoga banywa bakeka ko zishyirwamo ‘Ifumbire mvaruganda’
Abaturage bo mu karere ka Gisagara, Intara y’Amajyepfo bavuga ko bahangayikishijwe n’ubuzima bwabo kubera inzoga bita iz’Ibikwangari banywa zashyizwemo isukari n’ibindi bakeka ko byabamo ivumbire mvaruganda. Aba baturage bo mu Murenge wa Mamba muri aka Karere, bavuga ko izi nzoga zifite amazina atandukanye, Igikwangari, Tsura ingutiya, Nindunyuzaha n’andi menshi. Ngo zibatera uburwayi ndetse zikanakurura urugomo. […]
Rusizi: Abagizi ba nabi bitwaje intwaro bateye mu murenge wa Bweyeye bakomwa mu nkokora n’abashinzwe umutekano
Amakuru aturuka i Nyamuzi na Gikungu mu murenge wa Bweyeye mu karere ka Rusizi aravuga ko ahagana mu ma saa sita z’iri joro ryakeye kuri uyu wa gatanu tariki ya 8.11.2019, abitwaje intwaro bataramenyekana bikekwa ko baturutse I Burundi basakiranye n’ingabo z’igihugu mu mirwano yamaze iminota igera kuri 30 bahita basubira aho baturutse nta muturage […]
BUri mwaka TI ajyana umukobwa we kwa muganga kureba ko akiri isugi

Clifford J.Harris uzwi nka TI yatangaje ko amaze imyaka myinshi ajyana umukobwa we w’imyaka 18 kwa muganga kugira ngo arebe niba akiri isugi. TI yabwiye umunyamakuru wa TMZ dukesha iyi nkuru ko umukobwa we Deyjah Harris amujyana kwa muganga buri gihe nyuma y’isabukuru ye kugira ngo asuzume niba akiri isugi. Yagize ati ‘Ubu navuga ko […]
Nta mpamvu yatuma mutongererwa ku moko agize igihugu cya Uganda- Museveni abwira Abahindi
Aya ni amwe mu magambo umukuru w’igihugu cya Uganda yatangaje ku mugoroba wo ku wa 7 Ugushyingo 2019, mu ngoro y ubwo yakiraga, agasabana no gusangira ku meza umuryango w’abahindi baba muri Uganda. Ku busabe bw’abahindi bw’uko bakwemererwa ubwenegihugu, umukuru w’igihugu yavuze ko mu rwego rwo kwishyira hamwe ( integration) atabona impamvu batabuhabwa ndetse bakongerwa […]
Burundi: Abarwanashyaka 200 ba CNL barafunzwe, abagera kuri 50 barishwe
Abarwanashyaka 200 b’ishyaka rya CNL ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi bafungiwe mu ntara zitandukanye harimo 100 bari mu ntara ya Bujumbura. Mu ncamake y’amakuru yo ku wa 7 Ugushyingo 2019 ikinyamakuru Iwacu cyashyize hanze, kivuga ko hari n’abagera kuri 50 bamwe muri bo batwitswe, abandi bakicwa nk’uko byatangajwe n’umunyamabanga wa CNL, Depite Simon Bizimungu mu […]
Yari mubi, yaciye benshi amaguru, yica abana n’abagabo bacu- Abishimira imyaka 30 Bosco Ntaganda yakatiwe
Ibyishimo ni byose ku batuye mu Ntara ya Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’aho Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC rukatiye Bosco Ntaganda igihano cy’igifungo cy’imyaka 30. Aba baturage bavuga ububi bwe, ko yishe abana, afata abagore ku ngufu, yica abagabo,… akaba yashinjwaga ibyaha 10 byamuviriyemo gukatirwa igifungo cy’imyaka 30. “Njyewe n’abandi benshi hano […]
Igice cya Kane: Uburyo bwo kunyaza abagore babyaye kenshi bakunda
Iki ni igice cya kane kirebana na pozisiyo wanyazamo umugore akanyurwa, kuri ubu tukaba tugeze ku iyo wanyazamo umugore umaze kugira imbyaro zirenze ebyiri cyangwa se esharu. Twongere tubisobanure, kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni igihe umugore abasha gusohora amavangingo aturuka mu myanya myibarukiro ye biturutse ku byiyumviro aba yatewe n’umugabo. Bisonanuye rero ko hataza […]
Gusiragizwa bashaka ibyangombwa by’ubutaka bibangamiye abatuye umujyi wa Kigali
Bamwe mu batuye umujyi wa Kigali bavuga ko basiragizwa bashaka ibyangombwa by’ubutaka birimo kubuhererekanya bishingiye ku bugure, umurage, gutanga imisoro myinshi y’ibirarane yabwo,… Ibi ngo bikaba biterwa na serivisi mbi bahabwa n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze. Bamwe bavuga ko badepoza ibyangombwa bakaba bamara nk’amezi atatu batarasubizwa, ibi bakavuga ko bibagusha mu gihombo rimwe na rimwe bagacibwa amande […]
RDC: Ingabo z’igihugu zimaze guhitana abarwanyi 25 ba ADF
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, FARDC kimaze kwica abarwanyi b’umutwe w’inyeshyamba wa ADF mu cyumweru kimwe. Nk’uko umugaba w’ibitero bya Sokola 1 bigamije guhashya imitwe yitwaje intwaro n’inyeshyamba, Brig. Gen. Ychaligonza Nduru Jacques yabitangarije Actualide.CD, aba barwanyi bose baguye mu mirwano yabereye mu duce tugize umugi wa Beni harimo: Vemba, Kadou, Kididiwe n’utundi […]
Abanyeshuri bimuriwe i Huye bavanwe muri Kaminuza ya Gitwe baratabaza
Bamwe mu banyeshuri biga ubuvuzi bimuriwe muri kaminuza y’u Rwanda ya Huye baturutse mu ya Gitwe, baratabaza Leta ngo kuko bari guhura n’amananiza y’imyigire ngo ibasubiza mu byo bize no kudafatwa kimwe n’abandi. Aba banyeshuri bigaga ubuvuzi i Gitwe, iri shami ry’ubuvuzi ryigeze guhagarikwa muri 2017 ngo kubera kutuzuza ibisabwa nk’uko icyo gihe byatangajwe. Mu […]