Abakozi ba BK bavuga ko ATM yanyereje Frw miliyoni zisaga 140

Abakozi babiri ba Banki ya Kigali ishami rya Kacyiru bafunzwe bakurikiranyweho guteza iyi banki igihombo cy’amafaranga arenga miliyoni 144 yaburiye muri ATM ariko bo bakabihakana bavuga ko ari amakosa yakozwe na ATM. Aba bakozi ba Banki bakurikiranyweho guteza iki gihombo ni umubyeyi w’abana bane Mukasine Jeanine na Nsengiyumva Jean de Dieu. Aba bakaba baratawe muri […]

Gasabo: Umuryango w’abantu barindwi urara hanze aho unyagirwa n’imvura

Umuryango w’umugabo n’umugore n’abana batanu uherutse kugurishirizwa inzu mu cyamunara,mu Murenge wa Nduba ho mu karere ka Gasabo uri kurara ku gasozi uhanyagirirwa n’imvura. Uyu muryango nk’uko TV na Radio 1 dukesha iyi nkuru bivuga, uratakambira ubuyobozi ngo buwufashe kubona aho barambika umusaya dore ko bari kunyagiranwa abana 5 ngo kuko ntaho bafite ho kwerekeza. […]

Special Forces kabuhariwe ku isi mu 2019 -Amafoto

Ni uku SAS yinjiye muri ambasade ya Iran i Londre, ibohora 26 bari biganjemo abayobozi

Amagambo ‘Special Force’ ari mu rurimi rw’Icyongereza, twagenerekera mu Kinyarwanda agasobanura ‘umutwe w’ingabo zidasanzwe’. Ziba ingabo zidasanzwe kuko zihabwa imyitozo idasanzwe ugereranyije n’ihabwa abandi basirikare. Hari ababivuga neza ngo ni imyitozo y’urupfu bitewe n’ibikorwa ndengakamere bakora kugira ngo bazavemo abarwanyi b’ibitangaza. Zitwa Special Forces kabuhariwe bitewe n’ibitero zagabye, zigatahukana icyazijyanye, zikabasha gutabara imbohe mu isenga […]

Igiciro cy’ikawa cyaragabanutse bikabije kandi abayikenera biyongera

Igiciro cy’ikawa cyaraguye mu myaka itatu ishize ku Isi yose. Ni mu gihe abyinywa bo bagiye biyongera. Umuryango Mpuzamahanga w’ Ikawa (ICO) kivuga ko ikawa nka arabia na robusta zatakaje agaciro ku gipimo cyo hejuru cya 40% ku buryo ari ubwa mbere byabaho mu mateka. Ibi ngo byateje ikibazo abahinzi ba kawa bo muri Burazili, […]

Domestic worker found dead in Kigali

A domestic worker identified as Florence, 19, in Kiyovu cell, Nyarugenge sector of Nyarugenge District in Kigali city has been found dead in the kitchen, suspected to have died of suffocation from a heater. The death of the girl hailing from Huye district was known on Monday evening. She was working at the home of […]

Hari abadepite badakozwa ibyo kugura ikoranabuhanga ryafasha mu kumenya ahari imibiri y’abishwe muri Jenoside

Bamwe mu badepite babwiye Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) ko nta mafaranga akwiriye gukoreshwa mu kugura ibyuma by’ikoranabuhanga byakwifashishwa mu kwerekana ahari imibiri y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 kandi hari abantu babitse ayo makuru. CNLG kuwa Kabiri tariki ya 12 Ugushyingo yari yagejeje igitekerezo ku badepite n’abasenateri ubwo yabagezagaho raporo imigabo n’imigambi […]

Open letter to the UN Secretary-General

RE: Request for intervention to the Banyamulenge people. Secretary General, I am writing this letter to you to use your power and ability so that you can intervene on the side of the Banyamulenge people in the Congo who are facing the killings and massacres now. In fact, sir, the reason that drives me to […]

Uganda n’u Rwanda: Ingaruka z’umubano mubi ku baturage n’izindi nzego

Imyaka ibiri irirenze umubano w’ibihugu byari inshuti kuva mu bihe byo ha mbere ( u Rwanda na Uganda) utifashe neza. Impande zombi zishinjanya kugira uruhare mu guhindanya uyu mubano ku mpamvu zitandukanye, ahanini zishingiye ku mutekano w’ibihugu byombi. Impande enye z’ingenzi zikomeje kugerwaho n’ingaruka z’uyu mubano mu buryo turavugaho. Amateka atwereka ko u Rwanda na […]

Uganda ikwiriye kurwanya magendu iwayo aho kutishima igihe turinze umutekano wacu-Nduhungirehe

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga Ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Amb. Olivier Nduhungirehe yabwiye bwiza.com ko Uganda ikwiriye kurwanya magendu ku ruhande rwayo, aho kwijujuta igihe u Rwanda rwagize icyo rukora ngo rurinde umutekano warwo. Amb. Nduhungirehe avuga ku itangazo Uganda yashyize hanze yikoma u Rwanda ku iraswa ry’abaturage bayo babiri barashwe […]

Bamwe mu banya-Kenya bashinjwa kwiba banki yo mu Rwanda bakurikiranweho ibindi byaha iwabo

Abagabo babiri; Reuben Kirongothi Mwangi na Eric Dickson Njagi Mutegi bari mu bandi umunani bakomoka muri Kenya bafungiwe mu Rwanda bakurikiranweho kwiba Banki ya Equity basanzwe bakurikiranweho ibindi byaha mu gihugu cyabo nk’uko Standard Media dukesha iyi nkuru ibitangaza. Aba bagabo babiri bakurikiranweho kugerageza kwiba banki ebyiri zo muri Kenya gusa ngo baje mu Rwanda […]

Hamenyekanye uko amafoto 50 y’ubwambure bw’umukobwa wiga muri Makerere yashyizwe ku Karubanda

hi.jpg

Nyuma y’inkuru imaze iminsi icicikana mu bitangazamakuru byo muri Uganda y’amafoto agaragaza ubwambure bw’umukobwa witwa Judith Laureya w’imyaka 21 y’amavuko wiga ibijyanye n’ishoramari muri Kaminuza ya Makerere, kuri ubu byamenyekanye ko yakozweho n’umugore mugenzi we. Ikinyamakuru xclusive gitangaza ko amafoto ya Judith yashyizwe ku Karubanda kubera ishyari ry’umugore wayabonye muri telefoni y’umugabo we. Judith Laureya […]

Pasiteri yapfiriye aho bashyinguraga umuyoboke we wari waramuhaye isezerano araryica

Pasiteri Femi Olorunsoromidayo, washinze itorero ‘Divin Mount Zion Gospel Ministry’, wari ufite imyaka 42, yafashwe n’uburwayi budasanzwe ubwo bashyinguraga umwe mu bayoboke be binamuviramo gupfa. Pasiteri Femi wari uyoboye umuhango wo gushyingura Samuel Rotim w’imyaka 78, Erusu, muri Nigeria ngo yazize kutubahiriza isezerano Samuel yamuhaye ngo kuko atarapfa yari yaramusabye ko bazamushyingura mu rugo iwe […]

Rwamugeze amajanja, biba nibura Gatatu- Umuryango wa Ben Rutabana umuvugaho

Umuryango wa Benjamin Rutabana urimo kumutabariza nyuma y’amezi abiri aburiwe irengero, wahishuye ko urupfu rumaze kumugera amajanja inshuro eshatu. Kuva ku itariki 8 Nzeri 2019, nibwo umuryango wa Benjamin [Ben Rutabana] utongeye kumenya iby’amakuru ye ubwo yari yageze ku butaka bwa Uganda amaze iminsi Ine avuye aho aba mu Bubiligi. Nyuma yo gushakisha amakuru ye […]

Nyabihu: Abahinzi bavuga ko uruganda rutunganya ibirayi rutakemuye ikibazo cyabo

Uruganda rwitwa Nyabihu potato Company rwafunguwe mu mwaka wa 2015 ruje gukemura ikibazo cy’abahinzi b’ibirayi bezaga umusaruro mwinshi ukabura isoko bagahora mu gihombo.Byari biteganyijwe ko rujya rwakira toni icyenda z’ibirayi ku munsi ariko abahinzi bavuga ko rutarenza toni enye mu kwezi,ibintu babona ko bitabakemuriye ikibazo cyo kubura aho bagemura umusaruro wabo. Aba bahinzi babwiye Rwandatribune […]

DUKURIKIRANE UBWENGE KUGEZA TUBUGEZEHO

Imigani 4:5 “ Ronka ubwenge uronke n’ ubushobozi bwo gusobanukirwa, kandi ntukibagirwe amagambo ava mu kanwa kanjye cyangwa uyateshukeho.” Ubwenge ni ugukora icyo Imana ishaka dukora mu buzima bwacu butandukanye: • Mu ibibazo • Mu migisha • Mu mahoro cyangwa • Mu ntambara . Waba warigeze kumva bavuga ko habaho Urufunguzo rufungura inzugi zose z’ […]

Urubanza rwa Neretse: Umutangabuhamya Emmanuel Neretse ngo ntazagaragara mu rukiko kuko aterwa ubwoba

Umunsi wa gatatu w’urubanza rwa Neretse Fabien uburanira I Buruseli mu Bubiligi watangiye umucamanza abaza Neretse niba ameze neza kuko kuwa gatanu rwahagaze agize ikizungurira. Abunganira uregwa bavuze ku uwitwa Emmanuel Neretse wari uteganijwe kuzumvwa, nyuma akandika avuga atakije kubera guterwa ubwoba n’ubuyobozi bw’u Rwanda. Ni isaa tatu n’iminota 15. Mu gutangira, Neretse Fabien yabanje […]

Uganda yikomye u Rwanda ku iraswa ry’abaturage bayo

1.jpg

Leta ya Uganda yikomye u Rwanda ku iraswa ry’abaturage bayo; Job Byarushanga na Jon Bosco Tuheirwe barasiwe mu bice byegereye umupaka uhuza ibihugu byombi ariko ku ruhande rw’u Rwanda mu Murenge wa Tabagwe, mu Karere ka Nyagatare. Itangazo ryamagana ryashyizwe hanze na Uganda kuri uyu Kabiri tariki ya 13 Ugushyingo ryahawe Ambasaderi w’u Rwanda muri […]

Information Technology (IT) Intern at Save the Children

The Intern in the Information Technology area will have an opportunity to learn about a broad range of IT Support, IT Network and System Administration, Operations and Management issues while providing support and giving assistance to the SCI Rwanda team Qualifications and experience Minimum degree in Computer Science or related field. Knowledge to operate most […]

Tender: EOI:Pre Qualification of Medical Insurance for Actionaid Rwanda in 2020

RE-ADVERTISEMENT: REQUEST FOR EXPRESSION OF INTEREST FOR PRE?QUALIFICATION OF MEDICAL INSURANCE FOR ACTIONAID RWANDA IN 2020. ActionAid Rwanda (AAR) is an Associate Member of ActionAid International, an anti?poverty agency working with poor. The organization has been working in Rwanda as a fully?fledged Country Programme since 1997 to contribute towards eradication of poverty and injustices with […]

TENDER ANNOUNCEMENT,Provision of Transport Services

RE-TENDER TENDER NUMBER: IPA/OM/S/2019/09/001 IPA hereby invites national tenders for the provision of transport services to its projects spread throughout the country. The selected service provider will serve IPA for a period of one (1) year and the provider’s prices must remain fixed for that period. Participation in the competition is open on equal conditions […]

Accountant at Mango Telecom Ltd

Mango Telecom Ltd is a licensed Internet Service Provider (ISP) that is incorporated under the laws and regulations of the Republic of Rwanda. The company is engaged in the business of providing advanced information and Communication Technology (“ICT”) services based on 4G LTE and Fiber Connectivity. Mango Telecom Ltd, a leading Internet service provider, has […]

JOB ANNOUNCEMENT, Factory Manager at HEworks Rwanda Silk Ltd

HEworks Rwanda Silk Ltd is a private limited company located in Kigali Special Economic Zone (KSEZ), Kigali City. The company operates a sericulture business by promoting mulberry plantation, producing silkworm eggs and cocoons, purchasing all the cocoons produced in Rwanda, and processing them into raw silk and silk fabrics mainly to export to the international […]