Uganda: Ibirometero hafi 200 Perezida Museveni yagendesheje amaguru bisobanuye iki?

Ntibisanzwe kumva Perezida w’igihugu runaka agendesha amaguru urugendo rurerure cyane mu gihe atari mu gikorwa cyo kugorora imitsi benshi bakunze kwita kurwanya ubusaza. Kugorora imitsi byo ni ibisanzwe ku muntu wese ubishaka wifuza kurwanya indwara no gushaka ubuzima bwiza. Abandi bagendesha amaguru ni ababa badafite ubushobozi buhagije cyangwa abatuye mu cyaro ahatagera ibinyabiziga. Ku mukuru […]
Afande mukuru yaranyemeje, umupolisi ankubita urushyi ndi muri Swingi- Murwanashyaka wari warajujubije abantu
Murwanashyaka Alex ni umugabo wubatse, mu buhamya bwe atanga imbere y’imbaga mu giterane cy’ivugabutumwa cyaberaga i Nyabugogo mu mujyi wa Kigali, yasobanuye uburyo yanywaga urumogi, akanarucuruza by’umwihariko akaba yari n’umujura ruharwa. Mu buhamya bwe, avuga ko igihe cyageze agahura na Afande mukuru yita Yesu ngo akamwemeza. Yahishuye uburyo bagenzi be bibanaga bagiye baraswa by’umwihariko ko […]
Umwaka w’imikino ushobora kurangira Suarez atongeye gukinira FC Barcelona
Abaganga b’ikipe ya FC Barcelona bagaragaje ko Umunya-Uruguay Luis Suarez agomba kumara amezi ane hanze y’ikibuga, nyuma y’imvune yagiriye mu mukino ikipe ye iheruka gutsindwamo na Atlertico Madrid ibitego 3-2. Ku wa gatanu w’iki cyumweru ni bwo aya makipe yombi yari yahuye, mu mukino wa Super Cup ya Espagne wabereye muri Arabie Saoudite. Suarez yakinnye […]
Uganda: Yasezeranye n’umugeni amenya ko ari umugabo mugenzi we nyuma y’ibyumweru bibiri

Umugabo witwa Mohammed Mutumba wo mu gace ka Kyampisi, mu karere ka Kayunga ho muri Uganda, yarahiriye imbere y’Imana kuzabana akaramata n’umukunzi we amenya ko ari umugabo mugenzi we hashize ibyumweru bibiri batangiye kubana. Mutumba n’uyu mugeni we witwa Swabullah Nabukeera bahuriye bwa mbere mu musigiti, birangira baguye mu rukundo. Nyuma baje guhamya isezerano ryabo […]
Amavangingo-Kunyaza: Ukubitaho amazi akameneka ukumva uburyohe- Umuvuzi wa Gakondo arasobanura
Dusabimana Emmanuel ni umuvuzi wa Gakondo ukorera mu Mujyi wa Kigali, Akarere ka Gasabo, mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV, yasobanuye byinshi ku burwayi abagabo bashobora kugira ku buryo gutera akabariro byanga bityo anakomoza ku mavangingo azanwa n’abagore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Ku bw’uyu mugabo ufite umugore n’abana batatu umaze imyaka myinshi avura gakondo, ahamya […]
America: Havutse umwana wakuriye muri nyababyeyi y’umuntu witabye Imana
Umubyeyi witwa Jennifer Gobrecht ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yibarutse imfura nyuma yo gushyirwamo nyababyeyi y’umuntu witabye Imana. Mu busanzwe nta mahirwe yo gutwita cyangwa kubyara uyu mugore yari afite, nyuma yo kumenya ko nta nyababyeyi yigeze avukana nk’abandi bagore bose. Ni amakuru yamenye ubwo yari afite imyaka 17 y’amavuko. CNN dukesha iyi nkuru yanditse […]
Aline asobanura uburyo igitsina ari ifunguro
Nitwa Aline, umujyanama w’imiryango ishaka kubaka urugo mu buryo bw’imibanire rugakomera, rugahinduka icyitegererezo mu zindi. Birashoboka ko iri banga ryafasha abubatse, bagahorana ibyishimo mu ngo zabo. N’ubwo abenshi badashobora kwerura ngo babivuge mu ruhame, gahunda yo mu buriri ikunze guteranya abagore n’abagabo, ubwumvikane bukaba buke, hafi gutandukana bitwaje izindi mpamvu zidasobanutse. Hari ibyo umugore agomba […]
Iran: Bakoze imyigaragambyo bamagana iraswa ry’indege ya Ukraine, Trump abita intwari
Abanyeshuri bo muri kaminuza ebyiri ziri mu murwa wa Tehran muri Iran bakoze imyigaragambyo yamagana iraswa ry’indege ya Ukraine yari itwaye abantu 176, bose bakahatakariza ubuzima. Ni nyuma y’aho Perezida w’iki gihugu, Hassani Rouhani yemereye ko ingabo z’igihugu zibeshye zikayirasa. Perezida Trump wiswe intandaro y’uyu mwuka mubi wongeye kubura mu buryo bweruye hagati y’America na […]