Gatsata: Umusore arakekwaho kwica umugore basambanaga

Mu murenge wa Gatsata, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, haravugwa inkuru y’umugore witwa Ikirezi Shekira wishwe agasangwa mu nzu bivugwa ko yari yajyanwemo n’umusore bicyekwa ko basambaniragamo. Abazi uyu mugore bavuga ko yakoraga uburaya ngo akaba yari yajyanye n’uyu musore muri iyi nzu n’ubundi ngo ari ubusambanyi bagiye gukora n’ubwo byaje kurangira aburiyemo […]

U Rwanda na Israel biyemeje gufatanya guhashya iterabwoba

Kuri uyu wa gatatu ibihugu by’u Rwanda na Israel byiyemeje kubakira ku mateka ababaje bisangiye, bikirinda igitero icyo ari cyo cyose cyaturuka hanze binyuze mu gukorera hamwe no gusangizanya ubunararibonye, ariko umutekano ari wo uri ku isonga ya byose. Ibi ibihugu byombi byabyiyemeje, ubwo abahagarariye za Minisiteri z’ingabo ku mpande zombi bari bahuriye mu mahugurwa […]

Bivugwa ko abarinzi 12 ba Perezida Nkurunziza batawe muri yombi ku mpamvu zitaramenyekana

Abarinzi b’Umukuru w’Igihugu 12 bakorera muri Burigade idasanzwe batawe muri yombi, bigakekwa ko ari ukugira ngo babazwe iby’amasasu avugwa ko yarasiwe hafi y’ingoro ya Perezida Nkurunziza muri Gitega mu ijoro rya tariki ya 12 rishyira iya 13 Mutarama 2020. Amakuru dukesha SOS Media avuga ko aba barinzi batawe muri yombi n’Urwego rw’Ubutasi rwa Gisirikare tariki […]

Ujya wibaza impamvu hari Abagore barira mu gihe cyo gutera akabariro?

Twifashishije imbuga za internet zitandukanye zandika inkuru zijyane n’urukundo n’imibanire, ngo gutaka k’umugore mu gihe atera akabariro gusobanuye byinshi. Bwiza.com yagerageje kubakusanyiriza impamvu nyirizina zituma abagore bamwe na bamwe basakuza abandi batuza mu gihe kimibonano mpuzabitsina 1.Ikimenyetso cy’uko yishimye Impamvu ya mbere ituma umugore arira cyangwa ataka mu gihe cyo gutera akabariro, ngo ni ibyishimo […]

Niyonzima Ally yagarutse mu Rwanda yerekeza muri Rayon Sports

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi, Ally Niyonzima wakiniraga ikipe yo mu gihugu cya Oman, yagarutse muri shampiyona y’u Rwanda yerekeza muri Rayon Sports. Mu mpeshyi y’umwaka ushize ni bwo uyu musore ukina hagati mu kibuga yari yerekeje muri Oman, nyuma yo gutandukana na APR FC yari amaze amezi akinira. Rayon Sports binyuze muri Perezida wayo Munyakazi […]

Uburusiya: Minisitiri w’Intebe na guverinoma ye beguye

ap110924118216.jpg

Minisitiri w’Intebe w’Uburusiya, Dmitry Medvedev na guverinoma ye beguye , yatangaje ku mugaragaro ubwegure bwe kuri uyu wa 15 Mutarama 2020 mu itangazo ryaciye kuri televiziyo y’igihugu. Kwegura kwabo kwaje nyuma y’icyemezo cya Perezida Vladimir Putin, wavuze ko itegekonshinga rigiye kuvugururwa, rikaganya ububasha bw’uzamusimbura, ahubwo bukajya kuri Minisitiri w’Intebe n’Inteko ishinga amategeko. Gusa nk’uko CNN […]

Research Analyst at Horwath HTL

Horwath HTL is an International consultancy specializing in Hotel & Tourism, www.horwathhtl.rw with 50 offices in 40 countries. Horwath HTL is the leading consultancy in the industry. Our East Africa was opened in 2016 in Kigali, Rwanda in order to strengthen our local presence and provides our clients with an unrivaled combination of international contacts […]

Human Resources & Administration Manager

FH Association (Food for the Hungry) is an International Christian Relief and Development Organization with a vision “All forms of poverty ended worldwide” and a mission “Together we follow God’s call responding to human suffering and graduating communities from extreme poverty”. FH ASSOCIATION RWANDA (Food for the Hungry) P.O.BOX 911 Kigali, Rwanda KG 5 Road, […]

IT Systems Director at Babyl Rwanda ltd

Being ill is difficult enough, getting healthcare shouldn’t be. For many of us getting access to healthcare can be inconvenient or costly. But for some, the problem is more serious: almost 50% of the global population has little access to quality healthcare. Yet irrespective of where we live, most of us have a mobile phone […]

Ubushomeri bwatumye yihindura umugore ibyumweru bibiri kandi ari umusore

Richard Tumushabe washyingiranwe na Imam witwa Mohamed Mutumba, bakamarana ibyumweru bibiri ataramenya igitsina cye yasobanuriye itangazamakuru ko yabitewe no kubaho nta kazi agira. Tumushabe yashakanye na Imam Mohamed, yiyise Swabullah Nabukeera, amazina asanzwe yitwa ab’igitsina gore. Yagejejwe imbere y’ubutabera ejo tariki ya 14 Mutarama 2020, asobanuro imibereho ye na bagenzi be badafite akazi mu mugi […]

Uwiyitaga Yesu yashatse kwimanika mu mugozi uziritse hejuru ku ipoto

Mu muhanda rwagati i Nairobi muri Kenya, ahitwa CBD tariki ya 13 Mutarama 2020, umugabo utaratangajwe amazina yuriye ipoto ibaho amatara ayobora imodoka, ashaka kwizirika umugozi ngo yiyahure, yiyita ‘Yesu ugiye kumanukira ingo zabo’. Nk’uko SDE ibivuga , uyu muhanda wari wuzuyemo abantu, bose batungurwa no kubona uyu mugabo ari hejuru, ashaka kwiyambika uwo mugozi […]

Burera: Uruganda rutunganya amata rwagurishijwe, ruhomba miliyoni 218 RWF

Leta y’u Rwanda yamaze kubona abakiriya b’Abanya-Zimbawe bagura uruganda rutunganya amata rwo mu karere ka Burera (Burera Dairy Ltd.), nyuma y’aho muri Nzeri umwaka ushize rwari rwashyizwe ku isoko. Ni kenshi aborozi bo mu Burera bakunze kumvikana binubira imikorere mibi y’uru ruganda, ahanini binyuze mu kunanirwa kwakira umusaruro w’amata yabo. Ibi binajyana no gukora ibicuruzwa […]

Umwana w’imyaka 10 yishe mugenzi we bapfa umukobwa

Umwana w’umuhungu w’imyaka 10 mu Karere ka Bududa muri Uganda, arashakishwa na polisi ku bwo gutera icyuma mugenzi we w’imyaka 16, aramwica, amushinja kuryamana n’inshuti ye y’umukobwa w’imyaka 11. Ukekwa yari asanzwe ari umunyeshuri ku ishuri ribanza rya Buwali mu Burasirazuba bwa Uganda, Daily Monitor ivuga ko yateye icyuma mugenzi we Sam Watsosi wigaga mu […]

Les tarifs d’Ă©lectricitĂ© ont augmentĂ© pour les consommateurs

eotb4vvxsae55qg.jpg

L’AutoritĂ© de rĂ©gulation des services publics du Rwanda (RURA) a augmentĂ© mardi les tarifs d’Ă©lectricitĂ© pour les grands clients rĂ©sidentiels et les industries, mais a rĂ©duit les tarifs des Ă©tablissements de santĂ© et des centres de donnĂ©es. Le tarif des Ă©tablissements de santĂ© a Ă©tĂ© rĂ©visĂ© de 192Frw par kilowatt-heure (KWh) Ă  186Frw par KWh, […]

Electricity tariffs increased in Rwanda

Rwanda Utilities Regulatory Authority (RURA) on Tuesday increased power tariffs for large residential customers and industries but slashed tariffs for healthcare facilities and data centres. The tariff for healthcare facilities has been revised from Rwf192 per kilowatt hour (KWh) to Rwf186 per KWh, a reduction of 3 per cent in new tariffs that will come […]

Yansabye gukuramo inda kugira ngo dukomeze kubana, ariko byananiye. Nkore iki?

Maze imyaka ibiri nkundana na Murengezi kandi urukundo rwacu rugaragarira buri wese utubona. Murengezi afite gahunda yo gushaka umugore mu 2024 kandi yambwiye ko nta kabuza ari njyewe. Twakoze ikosa, dukora imibonano mpuzabitsina idakingiye, birangira anteye inda ariko ntiyahise abimenya. Inda yatangiye kugaragara, mubwiza ukuri ko ari we wayinteye kirya gihe. Murengezi yashidukiye hejuru gusa […]

Niyitegeka washinze ishyaka NDP yaburiwe irengero

Umuyobozi w’Ishyaka ritaremerwa mu Rwanda (NDP), Augustin Niyitegeka amaze iminsi igera kuri 15 aho aherereye hatazwi nyuma yo kubura ubwo yari avuye mu Burundi kuwa 1 Mutarama 2020. Umugore wa Niyitegeka, Emeline Ishimwe, yavuze ko umugabo we bavuganye amubwira ko amaze guteza kashi ku mpapuro z’inzira ze mu rwego rw’abinjira n’abasohoka ku ruhande rw’u Burundi, […]

Rwanda-Uganda: Igihe cyo kwirinda gukoma rutenderi

Hashize imyaka irenga ibiri abaturanyi ndetse n’abavandimwe (u Rwanda na Uganda) batabanye neza, bigira ingaruka kuri buri ruhande, bituma bakumbura bya bihe bagenderanaga, igihe bahahiranaga, igihe bahanaga akazi, na cya gihe bashyingiranaga batishisha. Icyizere cyari cyagarutse ubwo abakuru b’ibihugu byombi bahuriraga hakurya i Luanda muri Angola ku wa 21 Kanama 2019, barahirira gusubiza ibibazo by’abaturage […]