Shangazi yatubwiye uko yaciriye umuzungu imyeyo/Gukuna n’uko banyaza bakoza kuri rugongo

Shangazi ni umubyeyi ufasha abakobwa n’abagore ku mabanga arebana no guca imyeyo cyangwa se Gukuna, kunyaza ndetse n’andi mabanga y’urugo. Bwiza TV ubwo yasuraga uyu mubyeyi aho akorera mu Mujyi wa Kigali yadusobanuriye byimbitse uko baca imyeyo/Gukuna ndetse anatubwira uko yanayiciriye umuzungukazi by’umwihariko n’uburyo bigira uruhare mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Ku mugore waciye imyeyo ngo […]

Diamond Platnumz yahaye umukoro abafana be kugira ngo ashyire hanze indirimbo

Umunya-Tanzania Naseeb Abdul Juma uzwi mu muziki nka Diamond Platnumz, yasabye abakunzi be gutanga ibitekerezo 30,000 kuri poste yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram kugira ngo abone gushyira hanze indirimbo nshya. Ni ubutumwa bwagiraga buti” ibitekerezo 30,000 niba witeguye Simba[Diamond] muri 2020.” Ubu butumwa bwasabaga abakunzi ba Diamond bo hirya no hino ku isi gutanganga […]

Bugesera: Ba gitifu b’utugari begujwe bakanga kuva mu biro bimwe za kashe

Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari turindwi two mu karere ka Bugesera baherutse kweguzwa ariko bakanga kuva mu biro, bimwe za kashi n’abakozi bashinzwe imibereo myiza n’iterambere (SEDO) mu rwego rwo kubima uburenganzira mu biro. Muri Mutarama uyu mwaka ni bwo hamenyekanye inkuru y’uko abayobozi 14 b’utugari two muri Bugesera begujwe ku ngufu, bikozwe n’umuyobozi w’aka Karere, Mutabazi […]

Afurika y’Epfo: Jacob Zuma wabaye Perezida yashyiriweho impapuro zimuta muri yombi

Ubushinjacyaha bukuru bw’Afurika y’Epfo bashyizeho impapuro zita muri yombi, Jacob Zuma wabaye Umukuru w’iki gihugu nyuma yo kutitaba urukiko kuri uyu wa 4 Mutarama 2020 kugira ngo yiregure ibyaha ashinjwa bya ruswa. Ikinyamakuru Sunday Times kivuga ko Bwana Zuma yari kwitaba urukiko ariko Daniel Mantsha umuhagarariye mu mategeko yavuze ko ubuzima bwe butameze neza, yerekana […]

Tender Notice- Provision of Cleaning Services at Ngali Holdings Ltd

In 2000, the Government of Rwanda developed Vision 2020 which aims to transform Rwanda into a middle-income country, one in which its citizens are healthier, educated and prospering. To realize the goal of Vision 2020, the Government of Rwanda required the participation of Private Sector companies, to develop the skills and technology needed to achieve […]

Rusizi: Hatoraguwe uruhinja rwapfuye mu mujyi rwagati

Uruhinja batwikirije ibitambaro, barujyana kurupima ku bitaro

Uruhinja bivugwa ko ari inda y’amezi hagati y’ane n’atanu yakuwemo rwasanzwe mu mujyi rwagati wa Rusizi imbere y’isoko rinini rya Kamembe rwapfuye, uwaruhajugunywe n’ubu akaba ataramenyekana, iperereza rikaba rigikomeje ngo uwo mubyeyi gito atahurwe ashyikirizwe ubutabera nk’uko bivugwa n’ubuyobozi w’umurenge wa Kamembe byabereyemo. Uru ruhinja Bwiza.com yasanze ruri mu dutambaro iruhande rw’ agasanduku kamenwamo imyanda […]

Malawi : Abacuruzi b’Abanyarwanda bahungiye mu nkambi

Amakuru aturuka mu gihugu cya Malawi, mu murwa mukuru, Lilongwe avuga ko Abanyarwanda bamaze igihe bibasirwa n’abenegihugu nyuma y’urupfu rw’umuturage bashakiye ubuhungiro mu nkambi z’Abanyarwanda ziri mu nkengero z’uyu mujyi. Umwe mu Banyarwanda baba muri Malawi yabwiye Bwiza.com kuri uyu wa 4 Gashyantare ko Abanyarwanda batangiye guhungira mu nkambi y’impunzi kuko ngo Abanya-Malawi babasangaga mu […]

Dr. Gashumba na Dr. Corneille barasobanura iby’icyorezo cya Coronavirus bivugwa ko cyageze mu Rwanda

Mu gihe isi ihangayikishijwe n’icyorezo cya Novel Coronavirus cyaturutse mu Bushinwa, ibihugu bifiteyo abaturage byabasabye kwigengesera ndetse ingendo zo mu kirere mpuzamahanga zijya mu migi nka Hubei na Wuhan zirahagarara. Mu Rwanda, hari video yakwiye ku mbuga nkoranyambaga yavugaga ko iyi virusi yaba yarahageze, bamwe bacika igikuba. Video iri kuri ‘YouTube Channel’ ya Ishakiro TV […]

Uwatabaye umwana wari watwawe n’umugezi wa Nyabugogo arasabirwa igihembo

Ku munsi w’Intwari tariki ya 1 Gashyantare 2020, umujyi wa Kigali n’ibice bitandukanye by’igihugu byaguyemo imvura nyinshi. Ni ko umugezi wa Nyabugogo uherereye mu karere ka Nyarugenge watwaye umwana uri mu kigero cy’imyaka 10 gusa atabarwa n’umugabo witwa Bunani Jean Claude. Amashusho y’uburyo Bunani yatabayemo uyu mwana yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, abenshi bamushimira igikorwa cy’ubutwari […]

Imyitwarire ya Minisitiri Evode Uwizeyimana imaze gusembura Abanyarwanda

Abanyarwanda b’ingeri zitandukanye bakomeje kotsa igitutu Umunyamabanga wa Leta ushinzwe itegeko nshinga n’andi mategeko, Me Evode Uwizeyimana, bamusabira kweguzwa, kubera imyitwarire igayitse akunze kugaragaza. Ni imyitwarire ahanini ishingiye ku gasuzuguro gakabije gakunze kuranga uyu muminisitiri. Azwiho kandi ingeso mbi yo kwandagazanya mu ruhame inyuranyije n’indangagaciro nyarwanda. Me Evode Uwizeyimana ni umukozi wa Guverinoma y’u Rwanda, […]

Abana b’imfubyi za jenoside birirwa basembera imitungo yabo ifitwe n’Itorero rya ADEPR

Ikibaruta Olivier na mushiki we Joyeuse bavuga ko bamaze imyaka igera kuri 20 basiragira mu buyobozi basaba ko barenganurwa mu gihe imitungo y’ababyeyi babo bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ubu yigaruriwe n’itorero rya ADEPR/ Gishari mu Karere ka Rwamagana. Mu kiganiro Olivier yagiranye na Bwiza TV, yavuze ko amasambu y’ababyeyi babo ADEPR/Gishari yatangiye […]

Leta yategetswe kwishyura miliyoni zisaga 50 ku bw’amakosa y’abayobozi

Ibigo n’inzego zitandukanye bya Leta birasabwa kwishyura amafaranga asaga miliyoni 50 biturutse ku manza Leta yagiye itsindwamo n’abagiye bayirega mu nkiko ku bw’amakosa y’abayobozi. Amakosa yagiye akorwa n’ibi bigo n’izi nzego higanjemo ayo kwirukana abakozi mu buryo bunyuranyije n’amategeko, gusesa amasezerano no gutanga ingurane. Mu bigo n’inzego biri ku isonga mu gutuma inkiko zitegeka Leta […]

Sericulture Extension Technicians at HEworks Rwanda Silk Ltd

HEworks Rwanda Silk Ltd is a private limited company located in Kigali Special Economic Zone (KSEZ), Kigali City. The company operates a sericulture business by promoting mulberry plantation, producing silkworm eggs and cocoons, purchasing all the cocoons produced in Rwanda, and processing them into raw silk and silk fabrics mainly to export to the international […]

Gisagara-Kigembe: Ibura ry’amashanyarazi ridindiza iterambere

Umuyobozi wa REG ishami rya Gisagara Bakenerinzungu Dominique avuga ko bashishikajwe no kugeza amashanyarazi mu duce twose tutayafite

Abacuruzi bakorera mu duce tw’ubucuruzi twa Nkomane n’Akamana mu kagari ka Gatovu mu Murenge wa Kigembe, mu karere ka Gisagara n’abandi baturage baduturiye, bavuga ko barushaho gukora ngo biteze imbere, ariko bikanga kubera kutagira umuriro w’amashanyarazi. Ubwo umunyamakuru wa Bwiza.com yabasuraga tariki ya 29 Mutarama 2020, bamutangarije ko bamaze igihe bahakorera ariko kubera gukorera mu […]

Supply and delivery of 4G LTE standard connections for tablet Computers for the Building Learning Foundations (BLF) Programme of the British Council Rwanda

The British Council is the United Kingdom’s international organisation for cultural relations. The British Council creates international opportunities for the people of the UK and other countries and builds trust between them worldwide. We call this cultural relations. Website: http://www.britishcouncil.rw BUILDING LEARNING FOUNDATIONS PROJECT –REQUEST FOR TENDER FOR INTERNET SERVICES The Building Learning Foundations project […]

Uko ruswa ituma abo muri ruhago bataha barira, abandi bagaseka

Umupira w’amaguru usigaye usa n’uwabaye ifunguro ku benshi mu bafana bawihebeye, gusa hari byinshi bidakunze kuvugwaho rumwe muri iyi siporo ifatwa nk’iya mbere ikunzwe ku isi kurusha izindi abantu batabona, ariko bikabagiraho ingaruka. Intego ya mbere ruhago turabizi ko ari uguha abakunzi bayo ibyishimo, n’ubwo hari abarebye kure bagahitamo guhindura uyu mukino ubucuruzi, intego ari […]

Rwanda-Uganda: Inama ya Gatuna, amarenga ku ifungurwa ry’imipaka

Mu myanzuro y’inama ya gatatu yahurije abakuru b’ibihugu by’u Rwanda, Uganda, Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo na Angola i Luanda, ku wa 2 Gashyantare 2020, harimo ko iy’ubutaha izabera ku mupaka wa Gatuna/Katuna uhuza Uganda n’u Rwanda tariki ya 21 Gashyantare 2020. Uwo mwanzuro kuri iyo nama ntiwerura ngo uvuge ibizaganirwaho usibye kuvuga gusa itariki […]

Kugira abaturage bagitindahaye si ubutwari: Hon. Senani Benoit abwira abaturage ba Nyamasheke

Aba baturage bavuga ko bamwe mu bashoramari b'akarere bigendera ntibasubize amaso inyuma atari intwari.

Mu gihe uRwanda rwizihiza ku nshuro ya 26 intwari zitanze ngo rube ruri aho ruri ubu, intumwa ya Rubanda mu nteko ishinga amategeko,Hon. Senani Benoit ikebura abaturage b’akarere ka Nyamasheke ibabwira ko igihe bakiri aba mbere mu bukene mu gihugu cyose badakwiye kwibonamo ubutwari,akabifata nk’ubugwari,aho abasaba gukora ibishoboka byose bakava ku mwanya nk’uwo w’ubugwari bakabarirwa […]