Shangazi yatubwiye uko yaciriye umuzungu imyeyo/Gukuna n’uko banyaza bakoza kuri rugongo
Shangazi ni umubyeyi ufasha abakobwa n’abagore ku mabanga arebana no guca imyeyo cyangwa se Gukuna, kunyaza ndetse n’andi mabanga y’urugo. Bwiza TV ubwo yasuraga uyu mubyeyi aho akorera mu Mujyi wa Kigali yadusobanuriye byimbitse uko baca imyeyo/Gukuna ndetse anatubwira uko yanayiciriye umuzungukazi by’umwihariko n’uburyo bigira uruhare mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Ku mugore waciye imyeyo ngo […]
Diamond Platnumz yahaye umukoro abafana be kugira ngo ashyire hanze indirimbo
Umunya-Tanzania Naseeb Abdul Juma uzwi mu muziki nka Diamond Platnumz, yasabye abakunzi be gutanga ibitekerezo 30,000 kuri poste yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram kugira ngo abone gushyira hanze indirimbo nshya. Ni ubutumwa bwagiraga butiâ ibitekerezo 30,000 niba witeguye Simba[Diamond] muri 2020.â Ubu butumwa bwasabaga abakunzi ba Diamond bo hirya no hino ku isi gutanganga […]
Bugesera: Ba gitifu bâutugari begujwe bakanga kuva mu biro bimwe za kashe
Abanyamabanga Nshingwabikorwa bâutugari turindwi two mu karere ka Bugesera baherutse kweguzwa ariko bakanga kuva mu biro, bimwe za kashi n’abakozi bashinzwe imibereo myiza n’iterambere (SEDO) mu rwego rwo kubima uburenganzira mu biro. Muri Mutarama uyu mwaka ni bwo hamenyekanye inkuru yâuko abayobozi 14 bâutugari two muri Bugesera begujwe ku ngufu, bikozwe nâumuyobozi wâaka Karere, Mutabazi […]
Afurika y’Epfo: Jacob Zuma wabaye Perezida yashyiriweho impapuro zimuta muri yombi
Ubushinjacyaha bukuru bwâAfurika yâEpfo bashyizeho impapuro zita muri yombi, Jacob Zuma wabaye Umukuru wâiki gihugu nyuma yo kutitaba urukiko kuri uyu wa 4 Mutarama 2020 kugira ngo yiregure ibyaha ashinjwa bya ruswa. Ikinyamakuru Sunday Times kivuga ko Bwana Zuma yari kwitaba urukiko ariko Daniel Mantsha umuhagarariye mu mategeko yavuze ko ubuzima bwe butameze neza, yerekana […]
Umugabo wanjye ampoza ku nkeke ngo nshake umukozi wâumukobwa ukuze kandi usobanutse-Umugore utuye Kicukiro
Nitwa Olive Uzamwikiriza, ntuye mu karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali. Mfite umugabo nâabana batatu. Umugabo wanjye arankunda kandi nanjye ndamukunda gusa icyifuzo cye singishyira amakenga. Mu rugo turifashije kuko twembi dufite akazi, Byabaye ngombwa ko dushaka umukozi wâumuhungu udufasha kwita ku bana mu gihe tutari mu rugo. Byageze aho umugabo wange ampoza ku […]
Tender Notice- Provision of Cleaning Services at Ngali Holdings Ltd
In 2000, the Government of Rwanda developed Vision 2020 which aims to transform Rwanda into a middle-income country, one in which its citizens are healthier, educated and prospering. To realize the goal of Vision 2020, the Government of Rwanda required the participation of Private Sector companies, to develop the skills and technology needed to achieve […]
Rusizi: Hatoraguwe uruhinja rwapfuye mu mujyi rwagati

Uruhinja bivugwa ko ari inda yâamezi hagati yâane nâatanu yakuwemo rwasanzwe mu mujyi rwagati wa Rusizi imbere yâisoko rinini rya Kamembe rwapfuye, uwaruhajugunywe nâubu akaba ataramenyekana, iperereza rikaba rigikomeje ngo uwo mubyeyi gito atahurwe ashyikirizwe ubutabera nkâuko bivugwa nâubuyobozi wâumurenge wa Kamembe byabereyemo. Uru ruhinja Bwiza.com yasanze ruri mu dutambaro iruhande rwâ agasanduku kamenwamo imyanda […]
Malawi : Abacuruzi b’Abanyarwanda bahungiye mu nkambi
Amakuru aturuka mu gihugu cya Malawi, mu murwa mukuru, Lilongwe avuga ko Abanyarwanda bamaze igihe bibasirwa nâabenegihugu nyuma yâurupfu rwâumuturage bashakiye ubuhungiro mu nkambi z’Abanyarwanda ziri mu nkengero z’uyu mujyi. Umwe mu Banyarwanda baba muri Malawi yabwiye Bwiza.com kuri uyu wa 4 Gashyantare ko Abanyarwanda batangiye guhungira mu nkambi y’impunzi kuko ngo Abanya-Malawi babasangaga mu […]
Dr. Gashumba na Dr. Corneille barasobanura ibyâicyorezo cya Coronavirus bivugwa ko cyageze mu Rwanda
Mu gihe isi ihangayikishijwe nâicyorezo cya Novel Coronavirus cyaturutse mu Bushinwa, ibihugu bifiteyo abaturage byabasabye kwigengesera ndetse ingendo zo mu kirere mpuzamahanga zijya mu migi nka Hubei na Wuhan zirahagarara. Mu Rwanda, hari video yakwiye ku mbuga nkoranyambaga yavugaga ko iyi virusi yaba yarahageze, bamwe bacika igikuba. Video iri kuri âYouTube Channelâ ya Ishakiro TV […]
Uwatabaye umwana wari watwawe n’umugezi wa Nyabugogo arasabirwa igihembo
Ku munsi wâIntwari tariki ya 1 Gashyantare 2020, umujyi wa Kigali nâibice bitandukanye byâigihugu byaguyemo imvura nyinshi. Ni ko umugezi wa Nyabugogo uherereye mu karere ka Nyarugenge watwaye umwana uri mu kigero cyâimyaka 10 gusa atabarwa nâumugabo witwa Bunani Jean Claude. Amashusho yâuburyo Bunani yatabayemo uyu mwana yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, abenshi bamushimira igikorwa cyâubutwari […]
Imyitwarire ya Minisitiri Evode Uwizeyimana imaze gusembura Abanyarwanda
Abanyarwanda bâingeri zitandukanye bakomeje kotsa igitutu Umunyamabanga wa Leta ushinzwe itegeko nshinga nâandi mategeko, Me Evode Uwizeyimana, bamusabira kweguzwa, kubera imyitwarire igayitse akunze kugaragaza. Ni imyitwarire ahanini ishingiye ku gasuzuguro gakabije gakunze kuranga uyu muminisitiri. Azwiho kandi ingeso mbi yo kwandagazanya mu ruhame inyuranyije nâindangagaciro nyarwanda. Me Evode Uwizeyimana ni umukozi wa Guverinoma yâu Rwanda, […]
Abana b’imfubyi za jenoside birirwa basembera imitungo yabo ifitwe n’Itorero rya ADEPR
Ikibaruta Olivier na mushiki we Joyeuse bavuga ko bamaze imyaka igera kuri 20 basiragira mu buyobozi basaba ko barenganurwa mu gihe imitungo y’ababyeyi babo bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ubu yigaruriwe n’itorero rya ADEPR/ Gishari mu Karere ka Rwamagana. Mu kiganiro Olivier yagiranye na Bwiza TV, yavuze ko amasambu y’ababyeyi babo ADEPR/Gishari yatangiye […]
Leta yategetswe kwishyura miliyoni zisaga 50 ku bw’amakosa y’abayobozi
Ibigo n’inzego zitandukanye bya Leta birasabwa kwishyura amafaranga asaga miliyoni 50 biturutse ku manza Leta yagiye itsindwamo n’abagiye bayirega mu nkiko ku bw’amakosa y’abayobozi. Amakosa yagiye akorwa n’ibi bigo n’izi nzego higanjemo ayo kwirukana abakozi mu buryo bunyuranyije n’amategeko, gusesa amasezerano no gutanga ingurane. Mu bigo n’inzego biri ku isonga mu gutuma inkiko zitegeka Leta […]
Sericulture Extension Technicians at HEworks Rwanda Silk Ltd
HEworks Rwanda Silk Ltd is a private limited company located in Kigali Special Economic Zone (KSEZ), Kigali City. The company operates a sericulture business by promoting mulberry plantation, producing silkworm eggs and cocoons, purchasing all the cocoons produced in Rwanda, and processing them into raw silk and silk fabrics mainly to export to the international […]
Gisagara-Kigembe: Ibura ryâamashanyarazi ridindiza iterambere

Abacuruzi bakorera mu duce twâubucuruzi twa Nkomane nâAkamana mu kagari ka Gatovu mu Murenge wa Kigembe, mu karere ka Gisagara nâabandi baturage baduturiye, bavuga ko barushaho gukora ngo biteze imbere, ariko bikanga kubera kutagira umuriro wâamashanyarazi. Ubwo umunyamakuru wa Bwiza.com yabasuraga tariki ya 29 Mutarama 2020, bamutangarije ko bamaze igihe bahakorera ariko kubera gukorera mu […]
Supply and delivery of 4G LTE standard connections for tablet Computers for the Building Learning Foundations (BLF) Programme of the British Council Rwanda
The British Council is the United Kingdomâs international organisation for cultural relations. The British Council creates international opportunities for the people of the UK and other countries and builds trust between them worldwide. We call this cultural relations. Website: http://www.britishcouncil.rw BUILDING LEARNING FOUNDATIONS PROJECT âREQUEST FOR TENDER FOR INTERNET SERVICES The Building Learning Foundations project […]
Uko ruswa ituma abo muri ruhago bataha barira, abandi bagaseka
Umupira wâamaguru usigaye usa nâuwabaye ifunguro ku benshi mu bafana bawihebeye, gusa hari byinshi bidakunze kuvugwaho rumwe muri iyi siporo ifatwa nkâiya mbere ikunzwe ku isi kurusha izindi abantu batabona, ariko bikabagiraho ingaruka. Intego ya mbere ruhago turabizi ko ari uguha abakunzi bayo ibyishimo, nâubwo hari abarebye kure bagahitamo guhindura uyu mukino ubucuruzi, intego ari […]
Rwanda-Uganda: Inama ya Gatuna, amarenga ku ifungurwa ryâimipaka
Mu myanzuro yâinama ya gatatu yahurije abakuru bâibihugu byâu Rwanda, Uganda, Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo na Angola i Luanda, ku wa 2 Gashyantare 2020, harimo ko iyâubutaha izabera ku mupaka wa Gatuna/Katuna uhuza Uganda nâu Rwanda tariki ya 21 Gashyantare 2020. Uwo mwanzuro kuri iyo nama ntiwerura ngo uvuge ibizaganirwaho usibye kuvuga gusa itariki […]
Kugira abaturage bagitindahaye si ubutwari: Hon. Senani Benoit abwira abaturage ba Nyamasheke

Mu gihe uRwanda rwizihiza ku nshuro ya 26 intwari zitanze ngo rube ruri aho ruri ubu, intumwa ya Rubanda mu nteko ishinga amategeko,Hon. Senani Benoit ikebura abaturage bâakarere ka Nyamasheke ibabwira ko igihe bakiri aba mbere mu bukene mu gihugu cyose badakwiye kwibonamo ubutwari,akabifata nkâubugwari,aho abasaba gukora ibishoboka byose bakava ku mwanya nkâuwo wâubugwari bakabarirwa […]