Perezida Kagame yashyizeho abayobozi mu nzego zitandukanye
Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda rya 2003 ryavuguruwe muri 2015 cyane cyane mu ngingo zaryo ya 112 na 116, none ku wa 9 Werurwe, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho abayobozi mu buryo bukurikira: 1. Abagize Guverinoma: Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome, Umunyambanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi 2. Abandi bayobozi: Madamu […]
Kigali: Abatuye mu bishanga barimurwa mu minsi mike
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko bitarenze uku kwezi kwa Werurwe 2020, buzaba bwarangije kwimura Abaturage bose batuye mu bishanga. Byatangajwe kuri uyu wa 09 Werurwe ubwo ubuyobozi bw’Umujyi bwagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru. Uretse abatuye mu bishanga bazaba barangije kwimurwa mu gihe cy’ibyumweru bitatu biri imbere, ibikorwa nk’inganda n’amagaraje biri mu bishanga na byo bigomba kuba […]
Yaretse umugore we, aryamana n’umukobwa yibyariye
Umugore witwa Mariam Nagudi utuye mu Karere ka Mbale muri Uganda ashinja umugabo we, Sheikh Abdul Karimu Ssemakula kumwirengagiza akadukira umukobwa we w’imyaka 17 y’amavuko, ku buryo byageze aho basigaye baryamana. Nile Post dukesha aya makuru ivuga ko Sheikh Ssemakula yabanje kugurira uyu mwana w’umukobwa impano zitandukanye, kumusohokana, akaba aherutse no kumugurira telefone igezweho (Smart […]
Abateguye igitaramo cyiswe “Ikirenga mu Bahanzi” biseguye ku baguze amatike

Ubuyobozi bw’abari bateguye igitaramo cyiswe “Ikirenga mu bahanzi” cyari cyigamije gushimira umuhanzi, Cecile Kayirebwa nk’uwagize uruhare mu guteza imbere umuziki nyarwanda bwihanganishije abantu bari baguze amatike yo kwinjira muri iki gitaramo n’abandi bose ihagarikwa ryacyo ryaba ryaragizeho ingaruka. Igitaramo ‘Ikirenga mu bahanzi’ cyari cyateguwe na Bwiza Media, ku bufatanye na Karibu ASBL, Umushanana Media n’abacukumbuzi […]
DRC: Haracyari urujijo ku rupfu rwa Gen. Kahimbi
Hagiye gushira ibyumweru bibiri Jenerali Delphin Kahimbi wahoze akuriye Ubutasi mu bya gisirikari mu gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo apfuye urupfu rwasize urujijo. Mu rwego rwo gusubiza icyifuzo cy’Ingabo za LONI zibungabunga amahoro muri Kongo (MONUSCO), Félix Tshisekedi Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yavuze ko iperereza ku rupfu rw’uwari ukuriye ubutasi […]
Rwanda Tree Operations Specialist at One Acre Fund
One Acre Fund is an agricultural NGO that is innovating a new way of helping farm families to achieve their full potential. In more than five years in Rwanda, We have grown to serve more than 180,000 farm families with 1,500 full-time staff in Rwanda. In Burundi, We have grown to serve 40,000 farm families […]
Min. w’Intebe wa Sudan yarokotse igitero
Minisititi w’Intebe wa Sudan, Abdalla Hamdok yarokotse igitero cyo kumhitana cyagabwe ku modoka ye n’izmugerekeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 9 Werurwe mu Murwa Mukuru, Khartoum. Kugeza ubu nta tsinda ririgamba gutegura uyu mugambi nk’uko BBC ibitangaza. Hamdok uyobora Sudan kuva muri Kanama 2019, yanditse kuri Twitter “Ko ameze neza kandi ko […]
Perezida Ouatttara: Isomo ku bagundiriye ubutegetsi muri Afurika
Perezida wa Ivory Coast, Alassane Dramane Ouattara yatanze isomo kuri bagenzi be bagundiriye ubutegetsi ku Mugabane wa Afurika, atangaza ko ataziyamamariza manda ya gatatu mu matora y’umukuru w’igihugu azaba kuwa 31 Ukwakira 2020. Iby’uko ataziyamamaza yabitangaje ku wa 5 Werurwe ubwo mu murwa mukuru wa politiki, Yamoussoukro, imbere y’Umutwe wa Sena n’Umutwe w’Abadepite yombi iteranye. […]
Habarugira wambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we yateje impaka
Abanyarwanda b’ingeri zitandukanye ntibavuga rumwe ku cyemezo giheruka gufatwa n’umusore w’Umunyarwanda witwa Amani Dhurkifr Habarugira, ubwo yambikanaga impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we bivugwa ko yitwa Fidele. Ni inkuru Bwiza.com yabagejejeho kuwa 6 Werurwe ifite umutwe ugira uti ” Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we.” Ahabanza Amakuru y’uko Habarugira yambitswe impeta n’uriya mugabo […]
Abanyamulenge basanga Col. Makanika ari amizero y’ugutabarwa
Nyuma y’uko Col. Michel Rukunda uzwi nka Makanika ateye umugongo igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), Abanyamulenge basanga uyu mugabo ari we uzabafasha kwigobotora imitwe y’inyeshyamba imaze igihe ibahiga bukware. Mu ntangiriro za Mutarama uyu mwaka ni bwo igisirikare cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo cyatangaje ko Col. Michel Rukunda wari mu bakuru […]
Rubavu: Abayobozi bakurikiranweho guhishira icyaha cyo gusambanya umwana
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abayobozi batanu b’umudugudu wa Kiruhura uri mu murenge wa Cyanzarwe mu karere ka Rubavu ndetse n’umuturage umwe, bakekwaho guhishira cyo guhishira umwana. Abatawe muri yombi ni umuyobozi w’umudugudu, Niyigaba François, Niyonzima Pierre Celestin ushinzwe ubuhinzi, Ntizihabose Gilbert ushinzwe iterambere, Hakizimana David ushinzwe umutekano na Ndimukaga Jean […]
Perezida Magufuli yabuze amahitamo hagati ya Simba na Yanga
Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania, yabuze amahitamo y’ikipe agomba gufana hagati ya Young Africans na Simba SC, ahitamo kujya kureba umukino w’amakipe yombi yambaye umwambaro urimo amabara ya buri kipe. Ku cyumweru ku wa 08 Werurwe ni bwo Young Africans yari yakiriye Simba SC, mu mukino w’umunsi wa 27 wa shampiyona ya Tanzania. Uyu […]
Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
Umukunzi wa bwiza.com yatwandikiye atugisha inama aho afite ikibazo cyo kuba hari umugabo umureye nabi ngo baryamane kandi abizi neza ko afite urugo yubatse. Atwandikira yagize ati “Muraho neza ? Mfite ikibazo kinkomereye nashakaga kubagezaho ngo mungire inama, umubyeyi wanjye nari nsigaranye aheruka gupfa njya kuba kwa mukuru wanjye none umugabo we amereye nabi ngo […]
Gen. Muhoozi yagaye polisi yarebeye abahohoteye Bebe Cool
Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba uri mu basirikare bakuru ba Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Museveni agaya abapolisi barebeye abantu bahohoteye umuhanzi Bebe Cool mu gitaramo ndetse n’abakubise umugore bamuziza gukunda Se. Hari mu gitaramo cyateguwe n’umuhanzikazi Cindy, bamwe mu bari bitabiriye badukirikiye Bebe Cool usanzwe ari inshuti ya Museveni n’umuryango we, ubwo yari ku rubyiniro […]
Ese kwirinda Coronavirus birashoboka mu gihe abagenzi bagihekana muri za Shirumuteto?
U Rwanda kimwe n’Isi yose bikomeje gushyiraho ingamba zigamije kurwanya icyorezo cya Coronavirus gikomeje guhitana umubare w’abatari bacye cyane ko ubu kimaze kugaragara mu bihugu bisaga 100 ndetse hakaba hari n’impungenge ko gishobora no kuzagera mu bihugu byose bigize uyu mubumbe. Nyuma y’ingamba zitandukanye zagiye zifatwa n’inzego yaba iz’abikorera n’iza Leta, abatega imodoka zitwara abagenzi […]
Imibare igezweho ku ndwara ya Coronavirus ku Isi

Indwara ya Coronavirus (COVID-19) imaze kuzahahaza Isi kuva yakwibasira Ubushinwa mu Mpera z’umwaka wa 2019, mu gace ka Wuhan mu Ntara ya Hubei. Iyi ndwara yagiye ikwirakwira ku Isi binyuze mu kuyanduzanya hagati y’abantu. Kuri ubu nta mugabane wo ku Isi iyi ndwara itarageraho. Dore uko imibare ihagaze kugeza ubu nk’uko ibitangazamakuru mpuzamahanga bibitangaza ndetse […]
Solar Sales Representatives at StarTimes Rwanda
Founded in 1988, StarTimes group is now the most influential system integrator, technology provider, network operator, and content provider in China’s television broadcasting industry, and is on its way to become a media group with global influence. With a global vision, StarTimes began to expand its business to Africa in 2002, and has been working […]
Mwenda aragaruka ku buryo Gen. Tumukunde yigijeyo Gen. Kayihura akoresheje u Rwanda
Umunyamakuru Andrew Mwenda ashinja (Rtd) Lt. Gen. Henry Tumukunde kurangwa n’indimi zitandukanye ku nyungu ze za politiki, bikagera n’aho agonganisha ubuyobozi bw’igihugu cye n’amahanga ndetse no guhohotera abatavuga rumwe n’ubutegetsi buriho atibagiwe n’itangazamakuru. Kuri we, ni cyo gihe cyo kubyibuka byose mu gihe ashaka guhatana n’abarimo Museveni ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu. Inkuru ya PM Daily […]
Uturere twamburwe uruhare mu bizamini n’itangwa ry’akazi
Ikizamini cy’akazi mu burezi giherutse, cyakozwe tariki ya 10 Ukuboza 2019. Cyabayemo impinduka zirimo kuba cyarakorewe rimwe mu gihugu hose kandi cyarateguwe n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Uburezi (REB). Izi mpinduka zari zigamije gukuraho amakimbirane yagiye agaragara mu nzego z’uturere n’abakandida bakoze ibizamini, kuko bazishinjaga uburiganya, gutonesha no korohereza abatanze ruswa, babyita ‘akarengane’. Bwiza.com yaganiriye n’abakandida bagize […]
Chief Accountant at SOS Children’s Villages Rwanda
Established in 1949, SOS Children’s Villages International is non-governmental organization working globally to meet the needs and protect the interests and rights of children. SOS Children’s Villages International is an umbrella organization that provides support and guidance to SOS member associations in over 135 countries worldwide. Our vision is that every child belongs to a […]