Abayobozi bakuru bose bigomwe umushahara w’uku kwezi kubera Coronavirus

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe mu Rwanda kuri uyu wa 5 Mata 2020 byatangaje ko abayobozi bakuru bose bigomwe umushahara w’uku kwezi kwa Mata 2020 mu rwego rwo gukomeza kurwanya indwara y’icyorezo ya Coronavirus. Aba bayobozi ni: Abagize guverinoma bose. Abanyamabanga bahoraho. Abayobozi b’ibigo bya leta. Abandi bayobozi bakuru mu nzego z’igihugu. Aba bayobozi bigomwe uyu […]
Rwanda: Habonetse abandi barwayi ba Coronavirus babiri

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 5 Mata 2020 yatangaje ko hagaragaye abandi barwayi ba Coronavirus babiri, bamaze kugaragara muri rusange baba 104. Aba bombi ni abatahuwe bahuye n’abagaragayeho iki cyorezo mu Rwanda. Mu bagaragayeho iki cyorezo bose, hasigaye abantu 100 bakirwaye kuko kuri uyu wa 5 Mata, bane bakize basezerewe bataha iwabo mu […]
ApĂ´tre Liliane yatawe muri yombi nyuma yo kubeshya abapolisi
Polisi y’Igihugu yataye muri yombi Umushumba w’Itorero Umusozi w’Ibyiringiro, ApĂ´tre Mukabadege Liliane azira kubeshya abapolisi ko agiye kuri radiyo kandi agiye ku rusengero. Mu itangazo polisi imaze gushyira hanze, ivuze ko ApĂ´tre Liliane bamukurikiranye, basanga yari agiye ku rusengero muri Kimisagara. Uretse no gutabwa muri yombi kandi, imodoka y’uyu mushumba nayo yafatiriwe. Muri iki gihe […]
Chad: Perezida Deby yayoboye igitero cyafatiwemo intwaro nyinshi za Boko Haram-AMAFOTO

Perezida wa Chad, Idris Deby, yayoboye ingabo z’igihugu cye mu gitero cyafatiwemo intwaro nyinshi z’umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram. Iki gitero cyiswe Operation Boma Anger” cyagabwe ku wa 02 Mata, amakuru yacyo amenyekana nyuma y’iminsi ibiri kibaye. Ni igitero cyabereye hafi y’ikiyaga cya Chad. Icyorezo gitero cyari kigamije kwihorera nyuma y’icyo Boko Haram yagabye ku […]
Rwamagana: Hari utubari tw’ibigage n’inzagwa tugikora, utundi twimukiye mu ngo

Abaturage batuye mu Kagari ka Bwiza mu murenge wa Kigabiro bavuga batewe impungenge n’uko utubari twakomeje gukora kandi Leta yarashyizeho amabwiriza aduhagarika. Mu Midugudu ya Rutonde na Nyakabande ni ho abaturage babwiye umunyamakuru wa Bwiza.com ko ubucuruzi bw’inzoga ziganjemo urwagwa ari ikibazo gishobora kubateza ibyago muri iki gihe basabwe kwirinda icyorezo cya Covid 19. Umunyamakuru […]
Burundi:Umupolisikazi yatwitse umwana wa mukeba we
Umupolisikazi Mukeshima MĂ©diatrice ,ukorera muri komine Buganda ho mu ntara ya Kibitoki,yatwitse umwana wa mukeba we w’imyaka ibiri amusutseho amazi ashyushye. Iri bara ryabaye kuwa 3 Mata 2020, Aho uyu mupolisikazi ku mugoroba w’uwo munsi yari yatonganye na mukeba we bapfa umugabo wabo bivugwa ko ari mu ‘ntwazangabo’ muri iki gihugu. Mukeshimana ngo yinjiye mu […]
Abantu ba mbere bakize Coronavirus mu Rwanda basezerewe mu bitaro
Kuri iki cyumweru tariki ya 5 Mata 2020, abantu bane bagaragayeho bwa mbere icyorezo cya Virusi ya Corona mu Rwanda basezerewe mu bitaro, nyuma y’igihe bari bamaze barwariye ku kigo nderabuzima cya Kanyinya mu karere ka Nyarugenge. Abasezerewe barimo batatu b’Abanyarwanda n’umwe ukomoka mu gihugu cy’u Burundi. Ni nyuma yo gutangariza ikigo cy’igihugu cy’Itangazamakuru, RBA, […]
Dj Miller Yitabye Imana

Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki 05 Mata 2020 ni bwo hasakaye inkuru ku mbuga nkoranyambaga ivuga ko umwe mu ba Deejays (abavanga imiziki) wari ukunzwe n’abatari bake hano mu Rwanda, DJ Miller yitabye Imana mu masaha ashize, aguye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal. Kugeza magingo aya, amakuru arambuye ku bijyanye n’urupfu rwe ntarajya […]
Ngenzi na Barahira: Abahohotewe batezwe imitego y’ikinyoma
Imyaka 26 irashize, Barahira Tito na Ngenzi Octavien, bigeze gusimburanwa ku buyobozi bwa Komini Kabarondo mu Burasirazuba, bagabye ku batutsi ibitero byo kubarimbura. Hashize hafi imyaka 2 Urukiko rwa Rubanda rw’i Paris rwemeje burundu uruhare rwabo runabahanisha igifungo cya burundu. Ku bahohotewe, urugendo rugana ku butabera rwaranzwe n’ukuri guke, ndetse n’ibinyoma ku bakabarengeye. Kuva i […]
COVID_19: Amerika yagaragayemo abarwayi barenga 34,000 n’abapfuye barenga 1300 ku munsi
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kuri uyu wa 4 Mata 2020 zagaragayemo abantu bashya banduye icyorezo cya Coronavirus (COVID_19) barenga 34,000, abapfuye bo barenga 1300. N’ubwo Isi yose itewe impungenge n’iki cyorezo, Abanyamerika basa n’abatorohewe bitewe n’imibare iri hejuru cyane y’abanduye iki cyorezo iri kugaragarayo kuva mu mpera za Werurwe kugeza ubu ngubu. Tariki ya 2 […]
Burundi: Abasirikare bibeshye bata muri yombi mugenzi wabo
Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi bibeshye bata muri yombi mugenzi wabo wari ufite ipeti rya Major, CĂ´me Niyongabo kuri uyu wa 3 Mata 2020 mu gace ka Kabezi gaherereye mu Ntara ya Bujumbura. SOS Medias ivuga ko aba basirikare bari bahawe itegeko na Afande wabo ubayoboye muri Pozisiyo ya Mabamba, Maj. Gilbert Manirakiza kugira ngo bajye […]
Uruganda rukora inzoga za Corona rwahagaritse imirimo kubera Coronavirus
Uruganda rwo muri Mexique rwakoraga inzoga zo mu bwoko bwa Corona, rwahagaritse imirimo kubera icyorezo cya Virusi ya Corona gikomeje gushegesha Isi. Uru ruganda rwitwa Grupo Modelo, rwavuze ko rwafashe icyemezo cyo guhagarika gukora ziriya nzoga, nyuma y’uko Leta ya Mexique itangaje ko ibikorwa by’ubucuruzi bya ruriya ruganda biri mu bitari ngombwa muri iki gihe. […]
Ellen Johnson wayoboye Liberia yasabye isi guhuza imbaraga muri ibi bihe
Uwahoze ari Perezida wa Liberia, Ellen Johnson Sirleaf, yahamagariye isi kumwumvira igahuza imbaraga mu kurwanya icyorezo cya Coronavirus cyugarije isi, nk’uko gushyira hamwe byatumye igihugu cye n’isi muri rusange babasha gutsinda Ebola mu mwaka wa 2014. Ibi uyu mugore wabaye Perezida wa mbere w’umugore wa Liberia ndetse no muri Afurika, yabitangarije BBC mu kiganiro bagiranye […]
Taraji P.Henson yatangaje ko Filimi ‘Empire’ yabaye ngufi kubera Coronavirus
Umukinnyi w’icyamamare muri filimi,Taraji P. Henson yatangaje ko agace ka nyuma ka Filimi ‘Empire’ kaburaga iminsi 10 ngo barangize kugatunganya mbere y’uko bakagira kagufi kubera icyorezo cya Coronavirus. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Taraji yatangarije abakunzi b’iyi Filimi y’uruhererekane ko agace kayo ka nyuma kagizwe kagufi kubera ibibazo by’ubuzima byugarije isi, akaba yabikoze mu […]
Abakunzi ba ruhago bamaganye Perezida wa Rayon Sports wasabiye amakipe ubufasha mu gihe cyo kuguma mu rugo
Abakunzi b’umupira w’amaguru hano mu Rwanda, bamaganye icyifuzo cya Munyakazi Sadate uyobora ikipe ya Rayon Sports wasabye ko Leta yafasha amakipe guhemba abakinnyi muri iki gihe Abanyarwanda basabwa kuguma mu ngo. Ni mu butumwa Bwana Sadate yanyujije ku rukuta rwa Twitter, bwasubizaga ubwo Minisitiri wa Siporo Aurore Mimosa Munyangaju aheruka kugenera abakinnyi b’imikino itandukanye mu […]
Rusizi/Nkanka: Abana 2 bo mu muryango umwe bapfuye barohamye mu Kivu
Bibwireyesu Joram n’Umuhire Alexis, bafite imyaka 12 buri wese, bo mu Mudugudu wa Rweya, Akagari ka Kamanyenga mu Murenge wa Nkanka mu Karere ka Rusizi, ba se bababyara bakaba bavukana, basanzwe mu Kiyaga cya Kivu barohamye nyuma yo kuva iwabo bagiye gutashya inkwi hafi y’iki kiyaga bamara kuzitashya bakazisiga aho bazitahirije bakajya koga bakarohamamo. Nk’uko […]
Museveni yategetse ko abapolisi bakubise umubyeyi utwite imvutsi bafungwa
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni yategetse ko abapolisi babiri: Francis Mpande, Noah Massajjage n’ushinzwe umutekano mu mudugudu, Assimwe Junior bakubise umubyeyi utwite inda y’amezi arindwi batabwa muri yombi. Tariki ya 27 Werurwe ni bwo abapolisi babiri n’umwe ushinzwe umutekano mu mudugudu bari ku burinzi, badukira abaturage barimo uyu mubyeyi witwa Mercy Nakate w’imyaka 23 y’amavuko, […]